Download as pdf or txt
Download as pdf or txt
You are on page 1of 2

Nr.

1 / 2021

Ibintu Byiza 7 by’ Uburyo bwo Gukoresha Imenyekanishabikorwa


Ryifashisha Imbuga Nkoranyambaga
Waba ucururiza mw’ iduka rito cyangwa uyobora kugeraho, kumva ibyifuzo n’ ibibazo byabo, no
ikigo kinini, imbuga nkoranyambaga ni igikoresho gutanga serivisi nziza byongera gukurura birenzeho
cy’ imenyekanishabikorwa cy’ ingenzi kandi cy’ abaguzi basanzwe bakugurira bikabaha n’ icyizere
ingirakamaro. Muri ibi bihe abantu benshi bashobora cy’ uko ubatega amatwi.
gukoresha murandasi, ikintu gikomeye muri bizinesi
ni uko abashobora kukubera abaguzi bashobora 5. Komeza wongere igituma abakunzi b’ ifatazina
kugera ku makuru ya bizinesi yawe igihe icyo ari ry’ igicuruzwa bakomeza kurikunda.
cyo cyose aho baba baherereye hose. Kwifashisha Kora ikirango ndangazina ry’ igicuruzwa cyawe
ibi bikoresho n’ uburyo bw’ imenyekansihabikorwa kugira ngo kibagume mu mutwe noneho ubahuze n’
rikorerwa ku mbuga nkoranyambaga uba ufite amahirwe iryo fatazina ry’ igicuruzwa ryawe ku rwego rugera
yo kongera agaciro ku bicuruzwa cyangwa serivisi ku mutima. Kuba ufite umubano n’ abaguzi bawe
byawe, ukongera igicuruzo cyawe, no guhanahana bituma bahora bagaruka.
amakuru mu buryo butaziguye ndetse no kubaka
umubano n’ abaguzi bawe. 6. Ongera igicuruzo
Niba waramaze kwemeza uburyo wakoresha bw’
1. Ushobora kubara inkuru yawe imenyekanishabikorwa ku mbuga nkoranyambaga
Uburyo uha amakuru abashobora kukubera muri bizinesi yawe, ushobora kugera ku mubare
abaguzi muri rusange ariko cyane cyane ku mbuga munini cyane w’ abaguzi wongeramo ubutumwa
nkoranyambaga ni ikintu cy’ ingenzi. Buguha amahirwe runaka bwamamaza kandi ariko ugabanya ikiguzi
yo kumurika ubuzobere bwawe no gusabana n’ cy’ iyamamaza n’ imenyekanishabicuruzwa.
abagukurikira ku rwego rwihariye, icyo kikaba
ari ikintu cy’ ingezi muri iyi si y’ ikoranabuhanga. 7. Menya bakeba bawe
Imbuga nkoranyambaga zigufasha kumenya bakeba
2. Ikiguzi kidahanitse bawe, uburyo bwabo bakoramo imenyakanishabikorwa,
Imenyekanishabikorwa ku mbuga nkoranyambaga uko bagirana umubano n’ ababakurikira, uko baha
ni kimwe mu buryo buhendutse. Ushobora gukora abaguzi babo serivisi kandi ushobora no kwigira
ku buryo budahenze inyigo y’ isoko runaka ku ku makosa yabo.
buryo buzayobora abaguzi bawe b’ ahazaza kuri
bizinesi yawe, ukanahigira n’ uburyo abakeba bawe
bifashisha mw’ imenyekanishabikorwa.

3. Ongera imenyekana ry’ ifatazina ry’ igicuruzwa


Imbuga nkoranyambaga ni ikintu cy’ ingenzi cyane
mw’ imenyekana ry’ ifatazina ry’ igicuruzwa no
gutuma kigaragara kurushaho kuri murandasi.
Kugira ngo ubikore neza, ukeneye kumenya neza
abaguzi ugamije kugeraho, ugategura ibikubiyemo
bifatika biguma bibibutsa iyo bizinesi yawe

4. Ubaka umubano n’ abaguzi bawe


Uciye ku mbuga nkoranyambaga
uhanahana amakuru n’ abaguzi bawe noneho
uhigire uburyo wakongera ireme ry’ ibicuruzwa
cyangwa serivisi byawe. Kwihuza n’ abaguzi ugamije
Uburyo bw’ amayeri bwanjye bwo gukoresha imbunga
Ikiganiro na Johnson nkoranyambaga nta banga rikomeye ririmo. Ngomba
The Baker gukora ibishoboka nkakoresha amafoto meza igihe
nyanshyiraho kandi ngasaba abaguzi kuyampaho
ibitekerezo kugira ngo nshobore no kureshya abandi
baguzi benshi. N’ igihe nyashyiriraho nacyo ni
ingenzi, bivuze ko ngomba guhitamo igihe nizera ko
abantu barangije akazi cyangwa amasomo kugira
ngo bigere kuri benshi bashobora gufata icyemezo
cyo kugura.

JOHNSON Ese ni gute upima intsinzi ikomoka ku mwete


wawe ushyira mw’ imenyekanishabikorwa?
Ese imbuga nkoranyambaga zifite kamaro ki kuri
Nyuma ya buri tumiza ry’ igicuruzwa noherereza
bizinesi yawe?
abaguzi banjye umuyoboro bashobora kunyohererezaho
Imbuga nkoranyambaga ni ikintu cy’ ingenzi
ibitekerezo byabo bitabera kuri serivisi bahawe. Mbabaza
kuri bizinesi yanjye kuko nta duka rizwi ngira
kandi uko bamenye bizinesi yanjye. Abenshi bavuga
ncururizamo. Nkora iyamamaza ry’ ibicuruzwa
ko bamenye Johnson „Kanyamakeki“ ku mbunga
byanjye hafi byose kuri murandasi kugira ngo bizinesi
nkoranyambaga, ari kuri Facebook cyangwa kuri
yanjye imenyekane no kugera ku bantu benshi
Twitter. Kubera iyo mpamvu nzakomeza kwifashisha
ntagombye gutanga amafaranga menshi. Instagram
ubwo buryo bwo kuri murandasi. Nizera kuzaba
ni urubuga rumfasha mukwerekana amafoto y’
„Amazon“ wa keki.
ibicuruzwa byanjye ndetse n’ ibiciro. Ku rubuga rwa
Twitter niho abaguzi banjye batangira ibitekerezo
Ese ni irihe kosa rikomeye waba warakoze ku
ku bicuruzwa byanjye. Imbuga nkoranyambaga ni
mbunga nkoranyambaga? Ni iki cy’ ingenzi umuntu
uburyo bwiza bwo kwamamaza ku giciro gito kuri
agomba kwirinda?
bizinesi nto. Ndetse ni nabwo buryo BPN yamenye
Ikosa rikomeye ryari ugukomeza gushyiraho iyamamaza
bizinesi cyanjye.
ryishyuwe kenshi cyane kandi utaryerekeza ku
bagukurikira ugamije kugeraho. Icy’ ingenzi mu
Ese waba warungutse abaguzi benshi uciye ku
gukora iyamamaza kuri murandasi ni ugukoresha
mbunga nkoranyambaga?
amagambo y’ ingenzi nyayo akubiyemo ubutumwa
Yego rwose. Ubwo natangiraga bizinesi yanjye
ushaka gutanga kubo ugamije kugeraho. Ariko icy’
umwaka ushize muri guma mu rugo kubera
agaciro cyane ni ugukora uko ushoboye ugashyiraho
icyorezo cya Covid-19, imbunga nkoranyambaga
amafoto agaragara neza.
zari bwo buryo bwonyine nashoboraga gukoresha
mu kureshya abaguzi benshi. Nungutse abaguzi Ijambo rimwe dusoza: Imbuga nkoranyambaga ni
bagera kuri 90% y’ abaguzi banjye biciye ku mbunga ikintu cy’ ingenzi cyane kw’ imenyekanishabikorwa
rya bizinesi yawe kandi niba utarimo kuzikoresha
nkoranyambaga. Abaguzi banjye benshi sindahura urimo uracikwa no gukoresha uburyo bwihuse,
nabo amaso ku yandi ariko bizera ibicuruzwa na buhendutse kandi bunoze bwo kugera ku gice
serivisi zanjye. Navuga ntashidikanya ko iyo kinini cy’ abashobora kukubera abaguzi. Tera iyo
imbunga nkoranyambaga ziba zitabagaho, bizinesi ntambwe utangire kugirana umubano n’ abaguzi
yanjye ntiba yaragutse ku rwego igezeho uyu munsi. kugira ngo uzahore utsinda abakeba. Ko ushobora
gutangira uyu munsi, urindiriye iki?
Ese ukorana gute n’ abaguzi?
Ubusanzwe ibikorwa bijyanye n’ iyamamaza rya
bizinesi yanjye byose mbikorera ku mbunga
nkoranyambaga. Nyuma yuko baguze bakaza no
gutwara ibicuruzwa jye ubwanjye ndakurikirana
nkahamagara abaguzi kuri telefoni kugira ngo
mbavugishe ndetse mbamenye neza. Nibaza ko
umubano wa hafi n’ abaguzi bigira umumaro
ukomeye kuko utuma bahora bagaruka.

Ese hari uburyo bw’ amayeri ukoresha ku mbunga


nkoranyambaga ukaba wagira icyo ubutubwiraho?

You might also like