Download as docx, pdf, or txt
Download as docx, pdf, or txt
You are on page 1of 2

Vigpower , umuti ufasha abagabo bagira

ubushake buke
16/05/2021 - 07:52

Imigendekere mibi yo gutera akabariro nicyo kibazo cy’ibanze giteza ubwumvikane buke hagati
y’abashakanye ndetse bakaba banacana inyuma . Abagabo bakunda gucika intege muri iki
gikorwa cyangwa se ntibabashe kwizihira abagore babo bibatera ipfunwe.

Kutamara amata, kugira ubushake buke cyangwa bwa ntabwo(impuissance), kumara igihe gito
mu gihe cy’igikorwa ni bimwe mu bibazo bihurirwaho n’abagabo benshi nyamara bituma bumva
bahora biyanze kuko baba batabasha kurangiza inshingano zabo nk’abagabo.

Mu mpamvu zitera kugira ubushake buke harimo izikomoka ku burwayi bunyuranye cyane
cyane iy’imitsi ituma habaho gushyukwa ku mugabo. Aha twavuga imitsi iyobora amaraso mu
mubiri (vaisseaux sanguins), imitsi yo mu mutwe (les nerfs ), n’izindi ndwara zinyuranye harimo
na diyabeti.
Indi nkomoko ishobora gutera umugabo kubura ubushake ni ituruka ku ku mibanire n’uwo
bashakanye, guhora ananirwa gutera urubariro uko bikwiye bigahora bimuhangayikishije
n’ibindi.

Mu gushaka gufasha aba bagabo twanyarukiye ku ivuriro Horaho Life rivura indwara zinyuranye
ariko by’umwihariko bakaba bafite umuti ufasha abagabo cyane bafite ibibazo nk’ibyo twavuze
haruguru witwa Vigpower uba ukoze mu buryo bw’ibinini.

Uyu muti ukomeje gufasha benshi mu bagabo bawukoresheje ndetse benshi bawuvuga imyato.
Vigpower ni umuti ufite akamaro kanini cyane cyane ku bagabo bagira ubushake buke mu gihe
cyo gutera akabariro.

Hari ababa baragiye kwa muganga ariko ikibazo ntigikemuke. Uyu muti wa Vigpower ukoze mu
bimera uwukoresheje asezera burundu kuri iki kibazo gikomeje gutandukanya imiryango
myinshi.

Mu kiganiro yagiranye na Rwandamagazine.com yagiranye na Uwizeye Dieudonne wo muri


Horaho Life yadutangarije ko benshi mu babagana bagarutse kubashimira kubwo kubafasha.

Ati " Ubundi twe dukurikirana umurwayi n’uko afata imiti. Abagabo twagiye duha uyu muti
benshi bagarutse kudushimira kuko ahanini bazaga ingo zabo zirimo ibibazo kubera kugira
ubushake buke mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, kurangiza vuba, gutinda kongera kugira
ubushake n’ibindi bibazo binyuranye."

Yunzemo ati " Ni umuti mwiza kuko nta ngaruka mbi ugira ku mubiri w’umuntu. Utangira
kugira ingaruka nziza kuwukoresheje nibura mu gihe cy’ibyumweru hagati ya bitatu n’ukwezi
kumwe.”

Uwizeye Dieudonne kandi yadutangarije ko uretse Vigpower banafite undi muti witwa Zinc
tablet nawo ufasha abagabo cyane.

Akamaro ka vig power capsule ku bagabo

 Ifasha kongerera abagabo imbaraga


 Yongera umubare w’intanga kubagabo ukanazifasha gukomera
 Ituma umwuka mwiza wa oxygen utembera neza mu mubiri no ku gitsina
 Izibura imitsi yo ku gitsina bigatuma umugabo agira ubushake buhagije
 Irinda udusabo tw’intanga ngabo kwangirika
 Ifasha abafite ikibazo cy’impyiko n’indwara ya prostate

Horaho Life ikorera kwa Rubangura muri Etage ya 3 mu muryango wa 302.


Ukeneye ibindi bisonuro birambuye kuri uyu muti wa vigpower wahamagara kuri numero zo
muri Horaho life: 0788698813 cg 0785031649.

You might also like