Isomo Ryo Kwigisha Abana Ijambo Ry'imana - Middle & Upper Class

You might also like

Download as pdf or txt
Download as pdf or txt
You are on page 1of 5

Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana – Middle & Upper Class

Ingaruka zo kutizera – Itang 16:1-15 abizera nyakuri b’ibyo Imana yasezeranye


kandi twe kugerwaho n’ingaruka mbi zaterwa
« Kwizera ni ukumenya rwose ibyiringirwa
no gukora ibihabanye no kwiizera Imana. Twe
udashidikanya ko bitazaba, kandi ni ko
n’abana turazirikana ko :
kuduhamiriza ibyo tutareba ko ari iby'ukuri.
Icyatumye aba kera bahamywa neza, ni uko Ugushidikanya kudutera gucumura kandi
bari bagufite. » - Abaheburayo 11 :1-2 kwandukira no kubandi

Iki nicyo gisobanuro cy’ukwizera umwanditsi Kuba inkuru itangira ivuga ko « Sara nta mwana
w’urwandiko rw’Abaheburayo atubwira, yari yarabyariye Aburahamu » bitwereka ko
nyamara ibi bitandukanye cyane nibyabaye icyo cyari ikibazo gikomereye cyane Sara,
kuri Aburahamu na Sara umugore we, dusoma ahora atekerezaho ku manywa na nijoro, ibyo
muri iyi nkuru yo mu Itangiriro 16 ! bikamuhuma amaso ngo atita ku masezerano
y’ibyiza Imana izakora ! ibyo kandi nibyo
Mubyukuri, inkuru yo mu gice cya 15 twizeho,
yasangizaga Aburahamu umugabo we, bombi
twabonye ko Uhoraho yarahiye Aburahamu ko
bagahora mu biganiro byo kwibwira uko Imana
azasohoza ibyo yamusezeranije, maze indahiro
yabahemukiye ! Iyi mibereho itandukanye
y’Imana ibera Aburahamu ibyiringiro ko
cyane niy’abakiranutsi ijambo ry’Imana
izasohoza amasezerano yayo kuri we, kandi uko
ritubwira muri Zaburi 1 :
kwizera Aburahamu yagize kumuhindukira
gukiranuka mu maso y’Imana (Itang. 15 :6). « 1Hahirwa umuntu udakurikiza imigambi
y'ababi,
Ibi byari bihagije, ngo Aburahamu na Sara
bakomeze gutegerezanya ibyiringiro igihe Ntahagarare mu nzira y'abanyabyaha,
Imana yagennye gusohoza ibyo yasezeranye. Ntiyicarane n'abakobanyi.
Aliko nk’uko twabisomye, ukutabyara cyari 2Ahubwo amategeko y'Uwiteka ni yo yishimira,
ikibazo gikomereye cyane Sara ku buryo
yuzuwemo no gushidikanya ku bushobozi Kandi amategeko ye ni yo yibwira ku manywa
bw’Imana bwo gusohoza ibyo yabasezeranije ! na nijoro.
ibi byamuteye gutekereza undi mugambi wo 3 Uwo azahwana n'igiti cyatewe hafi
kwibonera igisubizo gitandukanye n’ibyo y'umugezi,
Imana yababwiye kandi abishyigikirwamo na
Cyera imbuto zacyo igihe cyacyo.
Aburahamu umugabo we, nawe wari
utagishoboye gutegereza ibyo Imana yavuze! Ibibabi byacyo ntibyuma,

Uku gutakaza ibyiringiro mu masezerano Icyo azakora cyose kizamubera cyiza. »


y’Imana no gukora ibihabanye n’ubushake
Twe n’abana dukwiye kumenya ko iyo
bwayo byari icyaha kuri Aburahamu na Sara
tutabona umwanya wo kuzirikana ku byiringiro
kandi byagize ingaruka zikomeye cyane,
duhabwa n’Ijambo ry’Imana, bituzanira
zitagarukira kuri Aburahamu na Sara gusa,
imibereho irimo gushidikanya kubyo Imana
ahubwo zigera no kubandi !
yavuze kandi ibikorwa byacu bikaba
Kuri twebwe Abarimu n’abana twigisha iyi ugukiranirwa gusa. Nyamara ijambo ry’Imana
nkuru, turi urubyaro rwa Aburahamu kubwo rihora ari ukuri, n’ibiri muri ryo ntacyabibuza
kwizera ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo gusohora nk’uko Imana yabisezeranye.
twasezeranijwe, bityo ibyabaye kuri
Aburahamu na Sara mu rugendo rwabo rwo
kwizera amasezerano y’Imana bitubereye
akabarore kugira ngo twe turusheho kuba
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana – Middle & Upper Class

Ukutizera bigira ingaruka mbi kandi zandukira barimo byo kutagira umwana kandi yumva
no kubandi akababaro kabo.

« Hagari abonye ko atwite asuzugura nyirabuja. Ibyanditswe byera bigira biti: “Kuko tudafite
5Sarayi abwira Aburamu ati: ‘Izi ngorane ni umutambyi mukuru utabasha kubabarana
wowe uzinteye, ni wowe watumye ngushyingira natwe mu ntege nke zacu, ahubwo
umuja wanjye! None aho aboneye ko atwite yageragejwe uburyo bwose nkatwe, keretse
asigaye ansuzugura. Uhoraho ni we yuko atigeze akora icyaha. Nuko rero, twegere
wadukiranura!’ intebe y'ubuntu tudatinya, kugira ngo
6Aburamu
tubabarirwe tubone ubuntu bwo kudutabara
aramusubiza ati: “Umuja ni uwawe,
mu gihe gikwiriye.” – Abeheburayo 4:15-16 BYSB
mugenze uko ushaka.” Nuko Sarayi ajujubya
Hagari ku buryo yamuhunze. » Abana bacu bakwiye na none kumenya ko
Umwami Yesu areba ibyo tubayemo kandi
Ingaruka z’igikorwa kitakoranywe ukwizera
atwumva kuko yabaye umuntu ugeragezwa
zabaye mbi cyane kandi zigera kuri benshi:
nkatwe. Ibyo bizaduhindukira umunezero
Hagari ntiyongera kumvikana na nyirabuja
n’imbaraga mu bihe bigoye tunyuramo, mu
Sara, Aburahamu ntiyongera kumvikana
rugendo rwacu rwo kwizera
n’umugore we Sara, Aburahamu ntiyongera
kuba ukemura ibibazo by’ibitagenda neza mu Amen
rugo rwe, Sara ahinduka utoteza umuja we
Intego y’ isomo
Hagari, n’ibindi!
Kwemeza abana ko bashobora kwiringira
Ibi byose bitwereka ko ingaruka z’ibikorwa
Imana no kuyumvira mu bihe bikomeye kubera
twakoreshejwe n’uko twatakaje ukwizera mu
ko imenya ibyo tunyuramo.
Ijambo ry’Imana ziba mbi cyane kandi zikagera
kuri benshi kurenza uko twabitekerezaga mbere Uko wakwigisha umwana iri somo.
yo kubikora.
Nyuma yo gusenga no kwakira abana,
Dukwiye kumenya tudashikanya ko ibikorwa turaririmba indirimbo imwe, maze twibukiranye
byose tudakorana ukwizera ari icyaha kuri twe ibyo bize mu nkuru y’ubushize. Wabikora
kandi nta mahoro tubasha kubonera hanze ubabaza ibibazo bikurikira:
y’ibyo twasezeranijwe n’Imana, kuko ubushake
bw’Imana aribwo bwiza kuri twe.  Ni iki Abrahamu yarategereje ko Imana
izamuha?
Imana yacu irareba kandi ikumva byose [Umwana ( Itang15:2) ni igihugu (Itang
tunyuramo 15:8)]
Kumenya ko Imana twiringiye ari Imana ireba  Ni ikihe muri ibi kizaba nyuma Abraham
kandi yumva, ni inkuru y’ibyiringiro mu gihe cyo yarapfuye?
gucika intege. [guhabwa igihugu(Itang 15:14 – 15)]
Yihishuriye Hagari mu butayu, ubwo yari  Ni gute Imana yerekanye ko izakomeza
ashobewe kubw’ibibazo yatejwe n’ingaruka zo amasezerano?
kutizera kwa Aburahamu na Sara, Hagari [yagiranye amasezerano adasanzwe
asobanukirwa neza ko Imana ireba abari mu na Abraham( Covenant) (Itang 15:18)]
bigoye, ikabona ibyo banyuramo kandi ikumva
gutaka kwabo. Aburahamu na Sara, nabo bari Shimira abana ko bibuka ibyo twize ubushyize,
bakeneye kumenya ko Imana izi neza ibihe maze ukomeze n’imvumburamatsiko y’isomo
tugiye kwiga:
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana – Middle & Upper Class

Mbere yisomo shyira igikarito gifunze hamwe  Ni ibihe bibazo umugambi wa Sara
nigikombe cya plastiki kirimo amazi imbere mu wateje?
gikarito. [Umubano wangiritse hagati ya Sara na
Hagari (Itangiriro 16: 4), no hagati ya
Agakarito kagomba gushyirwaho neza
Aburahamu na Sara (Itangiriro 6: 5)]
ikimenyetso kerekana hejuru, hamwe
 Ni iki Aburahamu na Sara bari bakeneye
numwambi werekeza hejuru: "HEJURU NI
kwibuka ku Mana?
AHA▲".
[Imana yumva kandi ibona byose
Kora kuburyo icyo kimenyetso kerekera (Itangiriro 16:11 na 16:13)]
ahicaye abana ngo bakibone neza.
Wifashishije amafoto, bwira abana inkuru
Bwira abana ko wasanze agakarito gafunze mu ikurikira:
ishuri katakugenewe ariko ufite amatsiko yo
Inkuru yo Muri Bibiliya: Itangiriro 16: 1-15
kumenya ibiri imbere!
1Sara muka Aburahamu, nta mwana yari
Baza abana ukuntu uri bubashe kumenya ibiri
yaramubyariye. Sara yari afite umuja
imbere mu gakarito maze wumve ibyo
w'Umunyamisirikazi witwaga Hagari. Nuko Sara
2
bagusubiza!?
abwira Aburahamu ati: “Dore Uhoraho
Itegereze niba koko abana basobanukiwe yanyimye ibyara. None genda uryamane
ikimenyetso cyashyizwe ku gakarito '' HEJURU NI n'umuja wanjye, ahari yaducikura.”
AHA▲” nk’uburyo nyabwo agakarito kagomba
Aburahamu yemera inama Sarayi amugiriye,
kuba gateretsemo, hanyuma ubabaze niba 3maze umugore we Sara azana umuja we
uramutse ugacuritse wabasha kumenya ibirimo
Hagari w'Umunyamisirikazi, amushyingira
kuko biri bwicugutse ukabyumva?!
umugabo we Aburamu. Ibyo byabaye hashize
Abana baraguhakanya kubera ikimenyetso imyaka icumi Aburahamu atuye mu gihugu cya
cyashyizwe ku gakarito! Kanāni. 4Aburahamu aryamana na Hagari
amutera inda.
Ubabwire ko utemera ko ikimenyetso hari icyo
kivuze kandi ko bishoboka ko ntacyo bitwaye Hagari abonye ko atwite asuzugura nyirabuja.
5Sara abwira Aburahamu ati: “Izi ngorane ni
uramutse ucuritse agakarito.
wowe uzinteye, ni wowe watumye ngushyingira
Mugihe uri bucurike ka gakarito, amazi umuja wanjye! None aho aboneye ko atwite
azasesekara hose maze agakarito gatohe – asigaye ansuzugura. Uhoraho ni we
uraba wangije ibintu byabandi! wadukiranura!”
Bwira abana ko mu nkuru y'uyu munsi yo muri 6Aburahamu aramusubiza ati: “Umuja ni
Bibiliya bagiye kureba uko byagenze igihe uwawe, mugenze uko ushaka.” Nuko Sara
Aburahamu na Sara bahagaritse kwizera ajujubya Hagari ku buryo yamuhunze.
amasezerano y'Imana bagahitamo gukora
7Ariko
Umumarayika w'Uhoraho asanga Hagari
ibyo batekereza ko ari byiza.
mu butayu, hafi y'iriba riri ku nzira inyura mu
Ubwire abana ibi bibazo bari buze butayu bwa Shuru. 8Aramubaza ati: “Hagari
gusobanukirwa nyuma yo kumva inkuru: muja wa Sara we, urava he ukajya he?”
 Ni ikihe kibazo Sara yageragezaga Aramusubiza ati: “Ndahunga mabuja Sara.”
gukemura?
9Umumarayika w'Uhoraho aramubwira ati:
[Ikibazo cyo kutagira abana (Itangiriro
16: 1)] “Subira kwa nyokobuja, maze wihanganire ibyo
akugirira. 10Abazagukomokaho nzabagira
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana – Middle & Upper Class

benshi cyane ku buryo batazabarika. 11Iyo nda 4) Ni ukubera iki Hagari atongeye
utwite izavukamo umuhungu uzamwite kumvikana na Sara?
Ishimayeli, kuko Uhoraho yumvise uko 5) Ni ukubera iki Sara atongeye kumvikana
nyokobuja yakujujubije. 12Uwo muhungu na Aburahamu?
azamera nk'indogobe y'ishyamba, azarwanya 6) Ni ibihe bibazo bikomeye Hagari yaje
abantu bose kandi na bo bazamurwanya. kugira Nyuma?
Azatura yitaruye bene se bose.”
Bwira abana ko, iyo duhagaritse kwizera Ijambo
13Nuko Hagari atangarira Uhoraho bavuganye, ry’Imana, ngo twizere ko ibyo yadusezeranije
avuga ati: “Burya uri Imana iboneka!” Ni ko izabisohoza, dutangira gukora ibidashimisha
kwibwira ati: “Ese koko nabonye Imana none Imana, kandi tukanahura n’ingorane zikomeye.
ndacyariho?” 14Ni yo mpamvu iryo riba ryitwa
Ibyo nibyo byabaye kuri Sara na Aburahamu,
“Iriba rya Nyirubuzima undeba.” Riri hagati ya
ndetse ingaruka zigera no kuri Hagari, agirirwa
Kadeshi na Beredi.
nabi na Sara kugeza amuhunze.
15Hagari abyarira Aburahamu umuhungu,
Komeza ubwira abana uti: Imana yo igira
Aburahamu amwita Ishimayeli. 16Icyo gihe
imbabazi n’ubuntu bwinshi, yitegereje uburyo
Aburamu yari amaze imyaka mirongo inani
Hagari ababaye, yumva no kurira kwe, maze
n'itandatu avutse.
iramwiyereka kandi imusezeranya ibintu byiza.
Amen
Baza abana uti:
Kuganira ku nkuru
7) Ni ukubera iki umwana wa Hagari
Komeza usobanurira abana uko ikibazo Sara na yagombaga kwitwa Ishimayeli?
Aburahamu bari bafite kandi kibakomereye 8) Ni ukubera iki iriba ryari aho Hagari
cyane. Babaze uti: yahuriye na Marayika ryitwa “Iriba rya
Nyirubuzima undeba?”
1) Mwaba bwibuka ikibazo gikomeye Sara
9) Ni ikihe kintu gitangaje Hagari yamenye
na Aburahamu bari bafite?
ku Mana ubwo yabonanaga na
2) Mwumvise mu nkuru Sara avuga ko ari
malayika w’Imana?
inde wamuteje icyo kibazo?
3) Murabona mute uyu mugambi mushya Bwira abana ko, twese abizera umwami Yesu
Sara afite wo kubona umwana? Kubera dukwiye gusobanukirwa ko Yesu yumva kandi
iki ari umugambi mubi? akareba ibintu byose bitubaho. Azi ibitugora
byose, icyo dusabwa ni ukumwizera kuko ariwe
Sobanurira abana ko, kuva kera Imana
wenyine ubasha kudufasha. Ikindi kandi iyo
yagennye ko umugabo umwe abana
tumwizeye tubasha gukora ibintu ijambo
n’umugore umwe ubuzima bwose – umwe ari
ry’Imana ritubwira ko ari byiza.
papa undi ari mama, aliko Sara we yashakaga
ko Aburahamu azana undi mugore uba mama Amen
wa kabiri! Ibyo byari ibintu bibi cyane kuko
Ikibazo cya Application muri Upper Class
binyuranye n’Ijambo ry’Imana.
Baza abana uti:
Komeza ubwira abana ko, Aburahamu
yumviye inama ya Sara, agira Hagari umugore 10) Byari byababaho ko mushaka gukora
we wa kabiri, maze ibintu ntibyangenda neza. ikintu ijambo ry’Imana ritubuza kuko
ntakundi mwabigenza? Nko ku ishuri
Baza abana uti:
cyangwa mu rugo?
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana – Middle & Upper Class

Bwira abana ko, burigihe bitatworohera kwizera GUSENGA


ko Imana iri budufashe nk’uko yabisezeranye
Mwami Yesu, nubwo bitubaho ko tunanirwa
mu Ijambo ryayo, bigatuma dutsindwa,
kwizera ibyo wadusezeranije, bigatuma dukora
tugacumura – gusa ntidukwiye gucika intege,
icyaha, utubabarire, kandi udushoboze guhora
ngo twibwire ko birangiye, Imana ihora
tuzirikana Ijambo ryawe ngo tubashe guhora
yiteguye kutugirira Ubuntu ngo twongere
tukwizera. Amen
kuyizera no kuyumvira. Niyo mpamvu dusabwa
guhora tuzirikana ijambo ry’Imana kugira ngo Memory Verse
dushobore kuryizera no kuryumvira.
“Uhoraho asohoza ibyo yasezeranye, ni
indahemuka mu byo akora byose.”

Zaburi 145:13b BIRD

You might also like