Download as pdf or txt
Download as pdf or txt
You are on page 1of 4

Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana

Amasezerano ashimangirwa – Itang 15:1-21 na none Abrahamu yabajije Imana uko


bizagenda kugirango azabone igihugu (Itang
Iyi nkuru yubakiye ku bibazo bibiri Abraham
15:8). Imana yamusubijanije Ubuntu nanone
yabajije Imana.
imusaba gutegura igitambo kugirango
Ikibazo cya mbere kiri mu itang 15:2, Abraham imuhamirize rwose ayo masezerano bagiranye
aramubaza ati: Nyagasani Uhoraho, kumpa iyo ariyo ubwayo iyashyizeho ikimenyetso.
ngororano bizamarira iki kandi ngiye kuzapfa
N’ubutumwa bwiza bwa Yesu rero bwaje kuri
bucike? Eliyazari w’idamasi ni we uzasigara mu
twe mu ishusho y’isezerano – isezera rivuga ko ni
byanjye.
dushyira ukwizera kwacu muri Yesu
Ikibazo cya kabiri kiri mu itang 15:8, Abraham azatubabarira ibyaha atujyane mu ijuru igihe
aramubaza ati:”Nyagasani azagaruka. Igihe iri sezerano rizasohorera
Uhoraho,nzemezwa n’iki ko uzakimpa ntabwo tukizi,arikotuzi ko bizaba kubera ko
(igihugu)?”. Ibi bibazo byombi byerekana ko Imana niyo kwizerwa ku masezerano yayo yose.
Abraham yarari kugorwa no kumva ukuntu Yenda waruri kugorwa no Kwizera
Imana izahosa amasezerano yayo yo kumuha amasezerano y”imana muri iyi iminsi wenda
urubyaro ndetse n’igihugu. Impamvu nuko wacumuye kenshi cyane ukibaza niba Imana iri
kugeza ubu imbogamizi ebyiri ziracyahari – bukomeze kukubabarira izo nshuro zose ariko
Sarah n’ingumba ndetse n’igihugu gituwe Imana ikiranukira kutubabarira ikibi cyose iyo
nabanyakanani na ba Peresi (itang 12:6 na twemeye ko twakoze icyaha. 1John 1:9
13:7) Nyamara nitwemera ko twakoze ibyaha,
Imana yo ni indahemuka n’intabera, ku buryo
Ubwo twitegura kwigisha abana iri somo hari itubabarira ibyaha byacu kandi
ibintu bibiri dukwiriye kwigira muri iri somo. ikatweza,ikatumaraho ikibi cyose. Turasabwa
1. Kwizera Imana ko ariyo bwishingizi guhora Twizera Imana nkuko tubibona mu
(assurance) bw’amasezerano yayo ari mu buzima bwa Abraham.
ijambo ryayo. 2. Gutegereza gukora kw’Imana kandi
Mu Itang 15:2 tubona ko Abraham yibukije twihanganye.
Imana ko ntamuzungura afite (itang 15:2, Abraham yarari gushaka gusohora kwa
Abraham aramubaza ati: Nyagasani Uhoraho, amasezerano y’Imana kwako kanya, ariko yize
kumpa iyo ngororano bizamarira iki kandi ngiye ko isezerano ry’ubutaka ritazasohozwa mu gihe
kuzapfa bucike? Eliyazari w’idamasi ni we cye. Itang 15:16. Abazagukomokaho nibamara
uzasigara mu byanjye). nyamara Imana yari ibisekuruza bine muri icyo gihugu, bazagaruka
yaramusezeranije urubyaro mu myaka myinshi ino. Icyo gihe ibyaha by’Abamori bizaba
yari ishize ubwo yavaga i harani.(itang.12:2-4). byararenze ihaniro. Tubyumve neza ko
Imana yamusubizanije Ubuntu ndetse impamvu Abisirayeri bamaze imyaka
imuhamimiriza ko azabona maganane Atari igihano Imana yahannye
umuzungura,umuhungu we uvuye munda ye Abraham ahubwo kwari ukugirango ibyaha
Atari uwo Eliezer nkuko Abraham byanyakanani na Abaperesi bibanze birenge
yabitekerezaga (Itang 15:4-5). Abraham yizeye ihaniro noneho Imana ibahane hanyuma
Imana bimuhwaniriza no gukiranuka nubwo Abisiraheri babone igihugu Imana yasezeranije
yarashaje kandi n’umugore ari ingumba. Itang Abraham. Tubona kandi ko Imana yariri kubwira
15:6 Aburamu yizera Uhoraho,bituma Uhoraho Abraham ibizaba mu gihe kizaza bikaba
amubara nk’intungane. Ndetse rwose Imana byarafashije Abraham kwizera Imana. Natwe
yakomeje kumwibutsa ko Impamvu yamukuye abizera Yesu tuzi ko hari amasezerano Imana
muri UR kwari ukugira ngo imuhe igihugu. Ariko yadusezeranije amwe harigihe ahita asohora
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana

andi ntituzi igihe azasohorera. Urugero: nkubu  Ni inde wiringiye Imana ko izamuha ibyo
tuzi ko Yesu nagaruka tuzahindurwa tugasa yamusezeranije?
nawe ariko mu byukuri ntizi ngo azaza ryari ariko [Aburamu (13:14-15)]
twizeye ijambo ry’Imana ko ariko bizagenda
kuko Imana itabeshya. Irindi sezerano nuko
Shimira abana ko bibuka ibyo twize ubushyize,
abizeye Imana bose bahabwa Umwuka wera
maze ukomeze n’imvumburamatsiko y’isomo
ako kanya, nubwo rimwe na rimwe twumva
tugiye kwiga.
twacitse intege kubera kumara igihe runaka
tudasabana n’Imana ariko Umwuka Wera ari Kubera ko iyi inkuru irimo ibintu bibiri bikomeye
muri twebwe rwose. ku bana (Trust and Time). Turaza gukenera
gukoresha ibintu bifatika cyane cyane kubana
batoya. Wabikora muri ubu buryo:
Amasezerano yose rero arema amatsiko kuri
 Turaza gukoresha Bombon.
kuyakira. Kubana n’isezerano bishobora
gukomera cyane cyane igihe utari kubona  Buri mwana wese arahabwa bombon
neza uko rizasohora. Gusobanukirwa igihe imwe.
bizatwara ngo risohore ni ingenzi. Abraham yize
kwizera Imana nubwo imgogamizi zari zihari  Hanyuma urasaba abana babishaka
ndetse nubwo bitagaragaraga neza uko kuzirya ako kanya,
Imana izasohoza amaserano. Abraham yizeye  Ariko ubabwire uti utegereza nkavuga
Imana gusa. Natwe mu buzima bwacu bwo nti igihe cyo kurya bombon kirageze
kwera dusa na Yesu kwizera amasezerano akaba aribwo ayirya ndaza kumuha indi
y’Imana nkuko yanditse mu ijambo ryayo nibyo agire bombon ebyiri.
dukeneye, Imana itugirire Ubuntu iduhe
kuyizera yo yonyine itabasha kubeshya. … Hanyuma ubabwire ku “gutegereza” kugira
ngo ubone ikintu. Ubabwire ukuntu amatsiko yo
 gutegereza igihe cyo kurya bombon abishe.
Amen Babwire ko munkuru yuyumunsi yo Muri Bibiliya
Intego y’ isomo tugiye kureba icyabaye igihe Abraham
yatekerezaga ko Imana irigutinda kumuha ibyo
Kwigisha abana ko Imana ikomeza kuba iyo yamusezeranyije.
kwizerwa ku masezerano yayo nigihe tubona ko
bikomeye kwizera ko izakora ibyo yavuze. Ubabaze ibi bibazo bikurikira mbere yo
kubabwira inkuru.
Uko wakwigisha umwana iri somo.
 Ni iki Abraham yarategereje ko Imana
Nyuma yo gusenga no kwakira abana, izamuha?
turaririmba indirimbo imwe, maze twibukiranye [Umwana ( Itang15:2) ni igihugu (Itang
ibyo bize mu nkuru y’ubushize. Wabikora 15:8)]
ubabaza ibibazo bikurikira:
 Ni iki muri ibi kizaba nyuma Abraham
 Mu nkuru twize ubushize, ninde wahisemo yarapyuye?
ibyagaragariraga amaso ko ari byiza? [ igihugu(Itang 15:14 – 15)]
[Loti (13:10)]
 Ni ibiki yagombaga gusiga inyuma?  Ni gute Imana yerekanye ko izakomeza
[Igihugu, Ubwoko bwe n’inzu ya se amasezerano?
(umuryango we) (12:1)] [yagiranye amasezerano adasanzwe
na Abraham( Covenant) (Itang 15:18)]
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana

kizabakoresha agahato, hanyuma bazakivamo


bafite ubutunzi bwinshi. Naho wowe uzisazira
neza, utabaruke amahoro, bagushyingure uko
Wifashishije amafoto, bwira abana inkuru bikwiye. Abazagukomokaho nibamara
ikurikira: ibisekuruza bine muri icyo gihugu, bazagaruka
ino. Icyo gihe ibyaha by’abamori bizaba
Inkuru yo Muri Bibiliya: Itangiriro 15: 1-21 byarenze ihaniro.” Izuba rimaze kurenga
Nyuma y’ibyo byose, Uhoraho abonekera hacura umwijima, nuko haboneka icyotero
Aburamu aramubwira ati: “Aburamu we, gicumbeka n’ifumba igurumana binyura
ntukagire icyo utinya, ndi ingabo igukingira hagati ya bya bisate by’amatungo. Icyo gihe
kandi nzaguha ingorora ikomeye.” Aburamu gihe Uhoraho aha Aburamu isezerano agira ati:
aramusubiza ati: “NYagasani Uhoraho, kumpa “Nzaha abazagukomokaho iki gihugu cyose,
iyo ngororano bizamarira iki kandi ngiye guherabku mupaka wa Misiri kugera ku ruzi
kuzapfa bucike? Eliyezeri w’idamasi ni we runini rwa Efurati. Ahatuwe n’Abakeni
uzasigara mu byanjye. Kandi ari umwe mu n’Abakenezi n’Abakadimoni. N’Abahei
bagaragu banjye! Ni we uzanzungura kuko nta n’Abaperezi n’Abarefa, n’Abamori
rubyaro wampaye!” Uhoraho aramusubiza ati: n’Abanyakanani n’Abagirigashi n’Abayebuzi.”
“Ntabwo ari Eliyezeri uzakuzungura, ahubwo Amen
uzazungurwa n’umuhungu uzibyarira.”Nuko
Uhoraho ajyana Aburamu hanze, aramubwira Kuganira ku nkuru
ati: “Itegereze ziriya nyenyeri ziri ku ijuru,
For middle class and baby class.
urabona ushobora kuzibara se? Urubyaro
rwawe ni ko ruzangana!” Aburamu yizera Uri buze kubwira abana inkuru wifashishije ifoto
Uhoraho, bituma Uhoraho amubara y’inyenyeri (Astarry sky).
nk’intungane. Uhoraho yungamo ati: “Ni jyewe
Hanyuma niba utarabaha umwanya wo kurya
Uhoraho watumye wimuka mu mujyi wa Ur mu
bombon Numara kubabwira inkuru ubabwire
Bakalideya, kugira ngo nguhe iki gihugu ho
ko noneho ni “umwanya wo kurya bombon”
gakondo.” Aburamu aramusubiza ati:
“Nyagasani Uhoraho, nzemezwa n’iki ko Noneho ubabaze ibi bibazo bikurikira:
uzakimpa?” Uhoraho aramusubiza ati: “Nzanira
inyana imaze imyaka itatu ivutse, n’ihene
y’imyaka itatu n’isekurume y’intama nay o Uti: mwumvaga gutegereza umwanya ungana
y’imyaka itatu, hamwe n’ninuma ebyiei.” gutya ngo murye bombon kandi muzifite mu
Aburamu arabizana byose abisaturamo kabiri, ntoki bimeze bite?
ibisate bimwe abitondekanya iburyo ibindi
ibumoso biteganye, ariko inuma ntiyazisatura. Babwire ko byari bigoye Abraham gutegereza
Bigeze aho inkongoro ziza kurya izo nyama, ko Imana isohoza amasezerano yamubwiye
ariko Aburamu arazirukana. Izuba rigiye (igihugu ndetse n’ubutaka)
kurenga Aburamu afatwa n’ibitosi by’inshi, Babaze uti: Ese iyo muza kumenya igihe muri
ariko aza gushigukira hejuru ubwoba bombon byari kubafasha?
buramutaha. Uhoraho ni ko kumubwira ati:
“Dore uko bizagenda: abazagukomokaho Babwire ko byari kubafasha rwose, hanyuma
bazasuhukira mu gihugu cy’amahanga ubabwire ko Imana Imaze kubwira Abraham ko
bakimaremo imyaka Magana ane yose, isezerano ry’igihugu itazarisohoza akiriho
bazafatwa nabi bakore n’imirimo (knowing the time scale) byamufashije Kwizera
y’agahato.Ariko nzahana igihugu Imana.
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana

Hanyuma ubabaze uti: Ese muzi ko natwe dufite 3. Baza abana uti ese kubera iki Imana
amasezerano yanditse muri Bibiliya? yeretse Abraham ko urubyaro rwe
ruzangana n’inyenyeri wzo mu kirere?
Yego. Bahe ingero.Ubugingo, Umwuka wera,
kubabarirwa ibyaha. Babwire ko turasabwa Bwira abana ko Imana yariri kwibutsa Abraham
Kwizera Imana ko izasohoza ayo masezerano imbaraga zayo ko zidafite umuka kandi ari
yose vuba cg kera. nyinshi.

Application

For upper Class None mwishyize mu mwanya wa Abraham


mwari kumva mu merewe mute?
Observation.
Ese muratekereza ari gute Imana yagombaga
1. Ni ikihe kibazo cya mbere Abraham
gusubiza ibibazo bya Abraham?
yabajije Imana? (Itang 15:2)
Ese kuba Abraham yarameneye igihe
2. Ni ikihe gisubizo Imana yamuhaye?
amasezerano Imana iri kumuha azasohorera
(Itang 15:4-5)
bya mufashije gute?
3. Abraham yaba yarizeye igisubizo cy’
Ese mwaba muzi amasezera abera dufite? Ni
Imana? (Itang 15:6)
ubuhe buryo bufatika bwadufasha guhora
4. Ese ni ikihe kintu Imana yibukije Abraham tuyibuka?
ku mu rongo wa 7?

5. Ni ikihe kibazo cya kabiri Abraham


GUSENGA
yabajije Imana (Itang 15:8)
Mwami Yesu turagushimira ko uri uwo kwizerwa
6. Ni gute Imana yasubije Abraham? (
buri munsi,dufashe gushyira ibyiringiro byacu
Itang 15:10-12}
muri wowe buri munsi ko ibyo wanditse mu
7. Ni ibiki Imana yabwiye Abraham byari ijambo ryawe uzabisohoza uduhe gutegereza
kuba mugihe kizaza? (Itang 15:13-16) byose twihanganye.

Interpretation Memory Verse

1. Ese ni gute ibibazo Abraham yabajije “Uhoraho asohoza ibyo yasezeranye, ni


Imana ari imbogamizi ku mana mu indahemuka mu byo akora byose.”
gusohoza isezerano ryayo? Bwira abana
Zaburi 145:13b BIRD
ko byari biri gutuma Abraham atizera
igihe cyo gukora kw’Imana (God’s scale
time).

2. Ese mutekereza ko v17 yaba ishatse


kuvuga iki? Izuba rimaze kurenga hacura
umwijima, nuko haboneka icyotero
gicumbeka n’ifumba igurumana binyura
hagati ya bya bisate by’amatungo.

Bwira abana ko Imana yashaka kwereka


Abraham ko iraho hantu (God’s presence)

You might also like