Professional Documents
Culture Documents
Aburahamu Ahamagarwa - Itangiriro 15 1-21
Aburahamu Ahamagarwa - Itangiriro 15 1-21
andi ntituzi igihe azasohorera. Urugero: nkubu Ni inde wiringiye Imana ko izamuha ibyo
tuzi ko Yesu nagaruka tuzahindurwa tugasa yamusezeranije?
nawe ariko mu byukuri ntizi ngo azaza ryari ariko [Aburamu (13:14-15)]
twizeye ijambo ry’Imana ko ariko bizagenda
kuko Imana itabeshya. Irindi sezerano nuko
Shimira abana ko bibuka ibyo twize ubushyize,
abizeye Imana bose bahabwa Umwuka wera
maze ukomeze n’imvumburamatsiko y’isomo
ako kanya, nubwo rimwe na rimwe twumva
tugiye kwiga.
twacitse intege kubera kumara igihe runaka
tudasabana n’Imana ariko Umwuka Wera ari Kubera ko iyi inkuru irimo ibintu bibiri bikomeye
muri twebwe rwose. ku bana (Trust and Time). Turaza gukenera
gukoresha ibintu bifatika cyane cyane kubana
batoya. Wabikora muri ubu buryo:
Amasezerano yose rero arema amatsiko kuri
Turaza gukoresha Bombon.
kuyakira. Kubana n’isezerano bishobora
gukomera cyane cyane igihe utari kubona Buri mwana wese arahabwa bombon
neza uko rizasohora. Gusobanukirwa igihe imwe.
bizatwara ngo risohore ni ingenzi. Abraham yize
kwizera Imana nubwo imgogamizi zari zihari Hanyuma urasaba abana babishaka
ndetse nubwo bitagaragaraga neza uko kuzirya ako kanya,
Imana izasohoza amaserano. Abraham yizeye Ariko ubabwire uti utegereza nkavuga
Imana gusa. Natwe mu buzima bwacu bwo nti igihe cyo kurya bombon kirageze
kwera dusa na Yesu kwizera amasezerano akaba aribwo ayirya ndaza kumuha indi
y’Imana nkuko yanditse mu ijambo ryayo nibyo agire bombon ebyiri.
dukeneye, Imana itugirire Ubuntu iduhe
kuyizera yo yonyine itabasha kubeshya. … Hanyuma ubabwire ku “gutegereza” kugira
ngo ubone ikintu. Ubabwire ukuntu amatsiko yo
gutegereza igihe cyo kurya bombon abishe.
Amen Babwire ko munkuru yuyumunsi yo Muri Bibiliya
Intego y’ isomo tugiye kureba icyabaye igihe Abraham
yatekerezaga ko Imana irigutinda kumuha ibyo
Kwigisha abana ko Imana ikomeza kuba iyo yamusezeranyije.
kwizerwa ku masezerano yayo nigihe tubona ko
bikomeye kwizera ko izakora ibyo yavuze. Ubabaze ibi bibazo bikurikira mbere yo
kubabwira inkuru.
Uko wakwigisha umwana iri somo.
Ni iki Abraham yarategereje ko Imana
Nyuma yo gusenga no kwakira abana, izamuha?
turaririmba indirimbo imwe, maze twibukiranye [Umwana ( Itang15:2) ni igihugu (Itang
ibyo bize mu nkuru y’ubushize. Wabikora 15:8)]
ubabaza ibibazo bikurikira:
Ni iki muri ibi kizaba nyuma Abraham
Mu nkuru twize ubushize, ninde wahisemo yarapyuye?
ibyagaragariraga amaso ko ari byiza? [ igihugu(Itang 15:14 – 15)]
[Loti (13:10)]
Ni ibiki yagombaga gusiga inyuma? Ni gute Imana yerekanye ko izakomeza
[Igihugu, Ubwoko bwe n’inzu ya se amasezerano?
(umuryango we) (12:1)] [yagiranye amasezerano adasanzwe
na Abraham( Covenant) (Itang 15:18)]
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana
Hanyuma ubabaze uti: Ese muzi ko natwe dufite 3. Baza abana uti ese kubera iki Imana
amasezerano yanditse muri Bibiliya? yeretse Abraham ko urubyaro rwe
ruzangana n’inyenyeri wzo mu kirere?
Yego. Bahe ingero.Ubugingo, Umwuka wera,
kubabarirwa ibyaha. Babwire ko turasabwa Bwira abana ko Imana yariri kwibutsa Abraham
Kwizera Imana ko izasohoza ayo masezerano imbaraga zayo ko zidafite umuka kandi ari
yose vuba cg kera. nyinshi.
Application