Download as pdf or txt
Download as pdf or txt
You are on page 1of 4

Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana

Mwarimu nawe mubyeyi, kugira ngo wigishe mu zabukuru kandi ni izina Yohana
umwana iri somo, biragusaba umwanya wo ryamenyeshaga ‘ubuntu’ byatumaga bibaza
gutegura. Ibyanditse mu ibara ry’umukara mu uyu mwana azaba muntu ki? Ikindi bari bafite
gice kigenewe abana, ni ibigufasha kwigisha umunezero mwinshi, none twebwe iyo
abana, ibyanditse mu ibara ry’ubururu ni twumvise inkuru y’umugambi w’Imana yo
ibibwirwa abana bari hejuru y’imyaka itanu, kohereza Yesu mu isi bidutera umunezero
naho ibyanditswe mu ibara ry’icyatsi kibisi ni ungana iki? Ese dusangiza abandi uwo
ibibwirwa abana bari munsi y’imyaka itanu. munezero w’ibyo Imana yadukoreye kandi
yakoreye isi yose? Turi buze gufasha abana ko
Isomo:
dukwiriye gusangiza abandi ubutumwa bwiza
Impano y'Imana kuri Zakariya dufite umunezero mwinshi.

(Luka 1:5-25, 57-66) 2) Dukorera Imana dufite umunezero muri


Yesu?
Inkuru zo kuvuka kwa Yohana na Yesu
zirafatanye. Harimo ibintu byinshi bisa ariko Zekariya na Elizabeti bari abantu basanzwe
harimo n’ibitandukanye tuzabibona mu rwose ariko babayeho ubuzima bwo
byumweru bikurikira iki. gukiranukira Imana. None mumibereho yacu ya
buri munsi dukorera Imana dufite ibyiringiro
Muri rusange iyi nkuru irantangaje cyane. Isama byuzuye muri Kristo? None se dukora byose
ridasanzwe rikurikiwe n'izina ritumvikanyweho tubitewe n’urukundo Kristo yadukunze kandi
bigaragaza ko Yohana atari umwana usanzwe. dufite umunezero muri we?
Icyo azakora cyari kitaragaragazwa neza, ariko Koko urukundo rwa Kristo nirwo rubiduhatira.
abamubonye avuka bifuzaga cyane Twemera ko uwapfiriye abantu bose ari umwe,
kukimenya – "Mbese uyu mwana azaba iki?" bityo rero bose bakaba barapfuye. Ikindi
Ubwo twitegura kwigisha iri somo turi bwibande yapfiriye bose kugira ngo abakiriho be
kuri iyi mirongo Luke 1:15-17 gukomeza kubaho bishimisha, ahubwo
babeho bashimisha Kristo wabapfiriye maze
Koko azaba umuntu ukomeye kuri Nyagasani. akazuka. 2 Kor 5:14-15 BIRD.
Ntazigera anywa divayi n’icyitwa inzoga cyose,
kandi azuzura Mwuka Muziranenge kuva akiri Ibi biradufasha kubwira abana iyi nkuru ya
munda ya nyina. Benshi mu Bisiraheli Yohana mu buryo tubafasha kumva ko niba
azabagarura kuri Nyagasani Imana yabo. barizeye Yesu nabo bategerejweho gusangiza
Azabanziriza Nyagasani, arangwa na Mwuka abandi bantu iyo nkuru nziza kandi ko ari
n’ububasha umuhanuzi Eliya yari afite kugira amahirwe abizera bagiriwe bityo bakwiye
ngo yunge abana na ba se, no kugira ngo kubikora Bishimye babitewe n’urukundo Kristo
agarure abatumvira bagire ubwenge bukwiye yadukunze.
intungane. Bityo azategurira Nyagasani abantu Amen
bamutunganiye.
Intego y’ isomo
1) Umunezero uturuka mu kumenya
umugambi w’Imana wo kohereza Yesu. Kumva Umunezero ko umugambi w’Imana wo
gukiza uri munzira. Kuvuka kwa Yohana bivuze
Mu byukuri ntabwo twabayeho mu gihe cya ko noneho umwami araje.
Noheli ya mbere(mu gihe cyo Yohana) ariko
dutekereze uburyo bariya bantu bari
bategerezanije amatsiko menshi kuvuka kwa
Yohana babikuye ko uyu muryango wari ugeze

1
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana

Uko wakwigisha abana iri somo. [yari kubafasha guhura na Yesu Luke
1:17)]
Nyuma yo gusenga no kwakira abana,
turaririmba indirimbo imwe, maze twibukiranye Wifashishije amafoto, bwira abana inkuru
ibyo bize ku cyumweru gishize. Wabikora ikurikira:
ubabaza ibi bibazo:
INKURU YO MURI BIBILIYA – Luka 1:5-25, 57-66
Mu nkuru twize ubushize, twabonye ko:
Ku ngoma ya Herodi umwami wa Yudeya,
 Niki abantu bashakaga gukora? hariho umutambyi witwaga Zakariya wo mu
[kugira izina rimenyekana,no cyiciro gya Abiya. Umugore we yitwaga
kudatatanira ku isi hose (Itang.11:14)] Elizabeti, agakomoka kuri Aroni. Bombi bari
 Ni ukubera iki Imana yanyuranyije indi abantu batunganiye Imana, kandi
zabo? bagakurikiza amategeko n’amabwiriza yose ya
[yarabahagarikaga,ngo badakomeza Nyagasani nta makemwa. Icyakora nta
kumvikana kandi batari kumvira Imana mwana bagiraga kubera ko Elizabeti yari
(itang.11:5)] ingumba, kandi bombi bari bageze mu
 Byagenze gute ubwo bari zabukuru.Umunsi umwe Zakariya yakoraga
batacyumvikana? imirimo y’ubutambyi,ubufindo buramufata bwo
[batataniye ku isi yose (Itang.11:9)] kwinjira mu ngoro ya nyagasani kugira ngo
ahatwikire imibavu. Igihe cyo kuyitwika
Shimira abana ko bibuka ibyo twize ubushize,
cyageze rubanda rwose bari hanze basenga.
maze ubabwire uti:
Nuko umumarayika wa Nyagasani abonekera
Tugiye gukomeza twiga indi nkuru yo mu gitabo Zakariya, ahagaze iburyo bw’igicaniro
cy’ubutumwa bwiza bwanditswe na Luka, aliko boserezagaho imibavu.Zakariya amubonye
mbere yo kumva iyo nkuru, mubanze arikanga, ubwoba buramutaha.Umumarayika
mumbwire: ni ko kumubwira ati: “Zakariya, witinya kuko
Imana yumvise gusenga kwawe.Umugore
 Ni gute mwitegura ikirori? wawe Elizabeti muzabyarana umwana
 Mu kora isuku mu cyumba? w’umuhungu uzamwite Yohani.Bizagutera
 Mwambara imyenda myiza cyane? ubwuzu n’ibyishimo, kandi abantu benshi
 Mwoherereza abantu impapuro bazashimishwa n’uko avutse. Koko azaba
z’ubutumire? umuntu ukomeye kuri Nyagasani. Ntazigera
 Mushyira impapuro z’ubutumire ku anyway divayi n’icyitwa inzoga cyose, kandi
muryango? azuzura Mwuka Muziranenge kuva akiri mu nda
Bwira abana ko mu nkuru y’uyu munsi yo muri ya nyina. Benshi mu Bisiraheli azabagarura kuri
Bibiliya tugiye kumva umwana wari ugiye Nyagasani Imana yabo.Azabanziriza
kuvuka kandi uwo mwana yari gufasha bantu Nyagasani, arangwa na Mwuka n’ububasha
kwitegura umunsi ukomeye. Mutege amatwi umuhanuzi Eliya yari afite kugira ngo yunge
mwitonze hanyuma munsubize ibi bibazo: abana na ba se, no kugira ngo agarure
abatumvira bagire ubwenge bukwiye
 Umwana yari kwitwa nde? intungane. Bityo azategurira Nyagasani abantu
[Yohana (Luke 1:13)] bamutunganiye. Nuko Zakariya abwira
 Ni iki cyari kidasanzwe kuri uwo mwana? umumarayika ati: “Ibyo nakwemezwa n’iki ko
[Yari afite Umwuka wera Atari yanavuka bizaba kandi ndi umusaza, n’umugore wanjye
(Luke 1:15)] akaba ageze mu za bukuru?”Nubwo utemeye
 Ni gute uyumwana yari gufasha abantu ibyo nkubwiye, nyamara bizaba igihe cyabyo
kwitegura? kigeze. Ni yo mpamvu ugiye kugobwa ururimi

2
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana

ntushobore kuvuga kugeza igihe ibyo Yabanjirije Nyagasani


bizabera.” Ubwo rubbanda bari bategereje
Yagaruye abatumvira bagira ubwenge
Zakariya, maze batangazwa no kubona atinze
bukwiye intungane.
atyo mu Ngoro y’Imana. Asohotse ntiyashobora
kuvuga, bityo abantu bamenya ko Yateguriye Nyagasani abantu bamutunganiye.
yabonekewe igihe yari mu Ngoro.Nuko
akomeza kuba ikiragi, akajya abacira Baza abana uti:
amarenga. Igihe cyo gukora ibyubutambyi  ni iki Imana yakunda ko dushyuhira kuri
kirangiye Zakariya arataha.Hashize iminsi, Noheli?
umugore we Elizabeti asama inda, amara
amezi atanu atajya ahagaragara akajya Bwira abana uti: Imana ishaka dusakaza inkuru
yibwira ati: “Mbega ibyo Nyagasani angiririye! nziza y’umugambi wayo wo kwiyunga n,
Koko arangobotse,ankiza icyankozaga isoni mu abantu kunshuti zacu, kuri Noheli tuzazitumire
bantu.”Igihe kigeze Elizabeti abyara zize zumve iyo nkuru nziza.
umuhungu.Abaturanyi na bene wabo bumvise  Ni iki twakwisengera?
impuhwe Nyagasani yamugiriye bishimana na
we. Ku munsi wa munani baza mu by’imihango Gusenga
yo gukeba umwana. Bashakaga kumwita
Dusenge dusabe Imana idufashe kwishira ko
Zakariya ngo yitiranywe na se.Ariko nyina
yatugize inshuti za Yesu uburyo butuma
aranga ati: “Oya, ahubwo yitwe
dusangiza abandi uwo munezero.
Yohani.”Abandi baramubwira bati: “Ko nta
muntu wo muri bene wanyu witwa iryo zina?” Ni Amen
ko kubaza se w’umwana baciye amarenga,
Upper Class
kugira ngo bamenye uko ashaka kumwita.
Zakariya yaka akabaho yandikaho ngo, “Izina Observations
ry’umwana ni Yohani”, maze bose
1. Ni ibiki bidasanzwe byerekanaga koYohana
baratangara.Muri ako kanya abumbura
yavutse adasanzwe?
umunwa, ururimi rwe ruragobodoka asingiza
Imana.Nuko abaturanyi bose bashya ubwoba, 2. Ni ibiki bibiri byamugira udasanzwe?
maze iyo nkuru ihita yamamara mu misozi yose
ya Yudeya.Ababyumvaga bose bagumyaga 3. Ni iyihe mirimo yagomgaga gukora
kubizirikana bibaza bati: “ Rwose nkuriya idasanzwe?
mwana azaba muntu ki?” Koko kandi kandi Interpritation
ububasha bwa Nyagasani
bwamugaragaragaho. Amen 1) Kuri Noheli tuba Twibuka ko yesu yaje mu
isi.
Kuganira ku Nkuru 2) Ese kuki Noheli ishimishije ugendeye kuri
Middle class and Baby class. iyi nkuru?

Wifashishije ifoto y’umuriro,u-turn and athlete Application


baza abana uti: 1) Ese ni gute turi gutegura Imitima yacu
• Ni gute Yohana yafashije abantu kwitegura twitegura iyi Noheli?
Yesu? 2) Ni gute turi gufasha inshuti zacu?
3) Ni irihe sengesho twasenga?
Bwira abana ko, Yohana yari Umwuka wera 4) Ni iki dushaka gukora kuri Noheli?
akiri munda yamama we wamufashaga

3
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana

GUSENGA.

Mana ushimwe ko wakunze abari mu isi cyane Memory Verse


bigatuma utanga umwana wawe wikinege
“Uyu munsi mu mujyi wa Dawidi havukiye
Yesu Kristo akaza mu isi kugira ngo umwizera
Umukiza wanyu,ari we Kristo Nyagasani.”
wese atarimbuka ahubwo ahabwe ubugingo
buhoraho, turagusaba ngo uduhe kumwizera Luke 2:11 BIRD
kandi tubwire n’abandi iyo nkuru nziza.

Amen.

You might also like