Professional Documents
Culture Documents
Impano Y'imana Kuri Zakariya - Luka 1 5-25, 57-66
Impano Y'imana Kuri Zakariya - Luka 1 5-25, 57-66
Mwarimu nawe mubyeyi, kugira ngo wigishe mu zabukuru kandi ni izina Yohana
umwana iri somo, biragusaba umwanya wo ryamenyeshaga ‘ubuntu’ byatumaga bibaza
gutegura. Ibyanditse mu ibara ry’umukara mu uyu mwana azaba muntu ki? Ikindi bari bafite
gice kigenewe abana, ni ibigufasha kwigisha umunezero mwinshi, none twebwe iyo
abana, ibyanditse mu ibara ry’ubururu ni twumvise inkuru y’umugambi w’Imana yo
ibibwirwa abana bari hejuru y’imyaka itanu, kohereza Yesu mu isi bidutera umunezero
naho ibyanditswe mu ibara ry’icyatsi kibisi ni ungana iki? Ese dusangiza abandi uwo
ibibwirwa abana bari munsi y’imyaka itanu. munezero w’ibyo Imana yadukoreye kandi
yakoreye isi yose? Turi buze gufasha abana ko
Isomo:
dukwiriye gusangiza abandi ubutumwa bwiza
Impano y'Imana kuri Zakariya dufite umunezero mwinshi.
1
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana
Uko wakwigisha abana iri somo. [yari kubafasha guhura na Yesu Luke
1:17)]
Nyuma yo gusenga no kwakira abana,
turaririmba indirimbo imwe, maze twibukiranye Wifashishije amafoto, bwira abana inkuru
ibyo bize ku cyumweru gishize. Wabikora ikurikira:
ubabaza ibi bibazo:
INKURU YO MURI BIBILIYA – Luka 1:5-25, 57-66
Mu nkuru twize ubushize, twabonye ko:
Ku ngoma ya Herodi umwami wa Yudeya,
Niki abantu bashakaga gukora? hariho umutambyi witwaga Zakariya wo mu
[kugira izina rimenyekana,no cyiciro gya Abiya. Umugore we yitwaga
kudatatanira ku isi hose (Itang.11:14)] Elizabeti, agakomoka kuri Aroni. Bombi bari
Ni ukubera iki Imana yanyuranyije indi abantu batunganiye Imana, kandi
zabo? bagakurikiza amategeko n’amabwiriza yose ya
[yarabahagarikaga,ngo badakomeza Nyagasani nta makemwa. Icyakora nta
kumvikana kandi batari kumvira Imana mwana bagiraga kubera ko Elizabeti yari
(itang.11:5)] ingumba, kandi bombi bari bageze mu
Byagenze gute ubwo bari zabukuru.Umunsi umwe Zakariya yakoraga
batacyumvikana? imirimo y’ubutambyi,ubufindo buramufata bwo
[batataniye ku isi yose (Itang.11:9)] kwinjira mu ngoro ya nyagasani kugira ngo
ahatwikire imibavu. Igihe cyo kuyitwika
Shimira abana ko bibuka ibyo twize ubushize,
cyageze rubanda rwose bari hanze basenga.
maze ubabwire uti:
Nuko umumarayika wa Nyagasani abonekera
Tugiye gukomeza twiga indi nkuru yo mu gitabo Zakariya, ahagaze iburyo bw’igicaniro
cy’ubutumwa bwiza bwanditswe na Luka, aliko boserezagaho imibavu.Zakariya amubonye
mbere yo kumva iyo nkuru, mubanze arikanga, ubwoba buramutaha.Umumarayika
mumbwire: ni ko kumubwira ati: “Zakariya, witinya kuko
Imana yumvise gusenga kwawe.Umugore
Ni gute mwitegura ikirori? wawe Elizabeti muzabyarana umwana
Mu kora isuku mu cyumba? w’umuhungu uzamwite Yohani.Bizagutera
Mwambara imyenda myiza cyane? ubwuzu n’ibyishimo, kandi abantu benshi
Mwoherereza abantu impapuro bazashimishwa n’uko avutse. Koko azaba
z’ubutumire? umuntu ukomeye kuri Nyagasani. Ntazigera
Mushyira impapuro z’ubutumire ku anyway divayi n’icyitwa inzoga cyose, kandi
muryango? azuzura Mwuka Muziranenge kuva akiri mu nda
Bwira abana ko mu nkuru y’uyu munsi yo muri ya nyina. Benshi mu Bisiraheli azabagarura kuri
Bibiliya tugiye kumva umwana wari ugiye Nyagasani Imana yabo.Azabanziriza
kuvuka kandi uwo mwana yari gufasha bantu Nyagasani, arangwa na Mwuka n’ububasha
kwitegura umunsi ukomeye. Mutege amatwi umuhanuzi Eliya yari afite kugira ngo yunge
mwitonze hanyuma munsubize ibi bibazo: abana na ba se, no kugira ngo agarure
abatumvira bagire ubwenge bukwiye
Umwana yari kwitwa nde? intungane. Bityo azategurira Nyagasani abantu
[Yohana (Luke 1:13)] bamutunganiye. Nuko Zakariya abwira
Ni iki cyari kidasanzwe kuri uwo mwana? umumarayika ati: “Ibyo nakwemezwa n’iki ko
[Yari afite Umwuka wera Atari yanavuka bizaba kandi ndi umusaza, n’umugore wanjye
(Luke 1:15)] akaba ageze mu za bukuru?”Nubwo utemeye
Ni gute uyumwana yari gufasha abantu ibyo nkubwiye, nyamara bizaba igihe cyabyo
kwitegura? kigeze. Ni yo mpamvu ugiye kugobwa ururimi
2
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana
3
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana
GUSENGA.
Amen.