Professional Documents
Culture Documents
INTEGUZA VOL.4amategeko 10 Yimana UPDATED
INTEGUZA VOL.4amategeko 10 Yimana UPDATED
INTEGUZA VOL.4amategeko 10 Yimana UPDATED
IMICO Y'IMANA
Copyright - 2004
Première impression en Kinyarwnnda
.,
2
AMASHAKIRO URUPAPURO
1.
;
5
1.
6
1.
7
.
I .
1.
8 .
.
AMATEGEKO CUMI NYUMA YA SINAYI ( MU
ISEZERANO RISHYA)
1.
I. NTUKAGIRE IZINDI MANA MU MA.SO
YANJYE. Kuva 20:3
::·· ..
Ushobora kwibwira ngo iryo riroroshye, ·. uti ninde
wahangara kugira indi mana asenga? Abantu benshi niko
batekereza. Burya hari . utuntu dukora ubu twibwira ko ntacyo
.dutwaye, ariko igihe cy'imbabazi isi yahawe nikimara
kurangira, tuzajya twabona ko twa tuntu twasuzuguraga ari
ibyaha binini bitugeretswe hejuru nk'umusozi wenda kutugwira.
Niyo mpamvu tugomba kwiyeza hakiri kare.
" Byashoboka ko nta ngoro z'ibigirwamana twaba dufite,
tukaba tutanafite n'ibishushanyo bisengwa, nyamara tugasenga
ibigirwamana. Biroroshye cyane kugira ibitekerezo umuntu
ahugiraho cyangwa se · kugira ibintu umuntu atekereza
bidakwiye maze ibyo bikamubera rwose nko kwiremera
ikigirwamana cyo mu giti cyangwa mu ibuye cyangwa mu
ibumba". Ubusobanuro bwa Bibiliya bw'Abadventiste
b'umunsi wa 7, vol 1,p1105.
Kuri iri tegeko, icyo Imana ishaka ni uko nta na kimwe mu : •.J,....
1.
10
1.
11
1.
12
amagambo yo kuramya agira ibyo asaba. Ibyakozwe n 'intumwa
10:25-26; Ibyahishuwe 19:10; 22:8-9.
Mbese mu kuri koko ni ukuvuga ko abanyedini
badasoma cyangwa ngo basobanukirwe n'iri tegeko ? Ese niba
ari ukubyirengagiza kubera ubufana bw' idini n' imihango yaryo
igomera Imana ngo icy'ingenzi ni ugusenga, bazasubiza bate iki
kibazo cy'umucamanza uvuga ati : " Ni iki gituma mucumurira
itegeko ry'Imana imigenzo yanyu ?" Matayo 15:3. Mberuriye
hakiri kare ko bazatsindirwa imbere y'umucamanza w'abazima
n'abapfuye, kuko akomeza kubabwira ko bamusengera ubusa
kuko biziba amatwi ngo batumva icyo itegeko ribabwira.
Matayo 15:6-9; Imigani 28:9.
Bamwe bati: none se ko ari ishusho ya Y esu ku
musaraba na Bikira Mariya nyina wa Yesu hari ikibazo?
Ndagusubirisha lbyanditswe ngo "Cyaba igisa n'ibiri hejuru mu
ijuru cyangwa munsi y'ubutaka". Nubwo mu ijuru hariyo Imana
n' abera bayo ntabwo yigeze itwemerera, kuyiramya mu izina
ry'ibishushanyo kuko Imana yacu idahagararirwa n'ibumba,
ibiti, n'amabuye bibajwe, Imana ibera hose icyarimwe. Ni
Umwuka n'abayisenga bakwiye kuyisenga mu Mwuka no mu
kuri. Yohana 4:24.
. ··..
1.
13
1.
14
.
'
. I
1.
16
1.
17
. .
IV. WIBUKE KWEZA UMUNSI WA KARINDWI ARIWO ..
,... ~ ..
SABATO .
.
• J\
I
I
.
I
1.
18
1.
19
', ·.
1.
20
...
25
. ~:
. 26
27
VII. «NTUGASAMBANE »
'
-, ., !
34
X. « NTUKARARIKIRE IBY’ABANDI »