Professional Documents
Culture Documents
Amategeko Shingiro Agenga Big Evangelical Network
Amategeko Shingiro Agenga Big Evangelical Network
Amategeko Shingiro Agenga Big Evangelical Network
Ingingo1:
Icyicaro cy’umuryango giherereye muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya HUYE.
Ingingo ya 3: Intego
Ingingo ya 4: Ibikorwa
1. Kubwiriza ijambo ry’IMANA no kwamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu kiristo mumuryango
nyarwanda.
2. Gushyigikira Ibikorwa byiza by’imibereho y’ abaturage, murwego rwo guhuza ijambo
ry’IMANA ,Ubuzima n’ibikorwa.
3. Gukora no gutegura Ibiterane by’ivugabutumwa.
4. Gutegura no guhugura abavugabutumwa muburyo bw’ Inyigishona
indirimbo(amakorali,abahanzi kugiti cyabo n amatsinda yo kuramya no guhimbaza…)
5. Gukorana n’amatorero ya gikiristo ari mumurongo mwiza wo kwamamaza ubutumwa bwiza bwa
Yesu kristo.
Ingingo ya 5: Aho Big Evangelical Network ikorera.
Umuryango wa B.E.N ukorera muri kaminuza no hanze yayo, mu Rwanda hose no hanze y’igihugu aho
Imana izadutuma.
Ingingo ya 6: Abanyamuryango
Abinjiye mu muryango ni abantu bose bashatse, bashobora, bakemera, amategeko awugenga abo baba
abanyamuryango bamaze kwemezwa n’inteko rusange
Ushobora kuba umunyamuryango w’icyubahiro numuntu wese utari umunyamuryango nyakuri, ariko
agashimishwa n’ibikorwa byawo, kandi agashyigikira ko utera imbere.
1.yapfuye.
2. yirukangwe.
3. yasezeye.
*Inteko rusange
*Komite nyobozi
*Akanama k’abagenzuzi
Abashinzwe umutungo
INGINGO YA 15:ABAYIGIZE
Inteko Rusange iterana kandi igafata ibyemezo iyo nibura ½ by’abanyamuryango bahari,iyo badahari
batanze impamvu inama irasubikwa bakumvikana ikindi gihe kitarengeje iminsi 7.Iyo batongeye
kuboneka bose inama ibaho kandi imyanzuro ifashwe ihabwa agaciro hatitawe ku mubare w’abari
bahari.
INGINGO YA 18:IGIHE INTEKO RUSANGE ITERANIRA .
Inteko rusange iterana inshuro 4 mu mwaka ni ukuvuga buri mezi atatu mu nama zayo
zisanzwe.Inyandiko zitumira inama, abanyamuryango bahabwa ibiri ku murongo w’ibyigwa byibura
iminsi 3 y’uko inama rusange ibaho.
Ibyemezo bifatwa iyo habaye ubwiganze bunini mu bagize inteko rusange kandi bikemezwa n’Uwashinze
umuryango.?
INGINGO YA 19:Abayigize
Perezida/umuvugizi w’umuryango
Abungirije
Abashinzwe buri by’iciro by’ivugabutumwa
Kugira ngo umuntu abe ahagarariye umuryango imbere y’amategeko agomba kuba:
*Inyangamugayo
*Kuba afite imyaka y’ubukure
*Kuba adafite ivangura iryo ariryo ryose.
*Kuba atarigeze akatirwa n’inkiko.
Komite nyobozi ishyirwaho kandi igatorwa n’inteko rusange ku bwiganze busesuye bw’amajwi kuri buri
munyamuryango. Abatowe bahabwa manda y’umwaka keretse iyo bahagaritswe na komite nyobozi
y’umuryango.
INGINGO YA 21
Komite Nyobozi iterana kandi igafata ibyemezo mu buryo bwemewe iyo nibura 2/3 by’abayigize
bitabiriye Inama.
Abagenzuzi b’umutungo bashyirwaho na komite nyobozi , baba bafite inshingano yo kureba uko
umutungo w’umunyango ukoreshwa, kubimenyesha no gutanga raporo ihoraho kuri Komite nyobozi
n’Inteko rusange mu gihe runaka.
INGINGO 28:Amatego agenga Big Evangelical Network ashobora guhindurwa bitewe ni mpamvu n’igihe
biri ngombwa.Mbere y’uko ahinduka Komite nyobozi ifite inshingano yo kubisobanurira Inteko rusange
yose bagafatira icyemezo hamwe.
INGINGO YA 29: Ku byaba bidateganijwe muri aya mategeko shingiro,umuryango witeguye kubahiriza
ategangwa n’ihuriro ry’imiryango ihuza imiryango ya giKristo uzaba ubarizwamo.
INGINGO 30: Uwashinze umuryango ,KUBWIMANA Emmanuel afite ubushobozi bwose bwo guhindura
ikintu cyose yabona ko cyabangamira kugera ku ntego z’umuryango wa Big Evangelical Network.
KUBWIMANA Emmanuel