Professional Documents
Culture Documents
I Bibazo Nibisubizo Bijyanye Namategeko
I Bibazo Nibisubizo Bijyanye Namategeko
1. Iyo impanuka yangije ibintu gusa cyangwa hakaba hari abakomeretse byoroheje
umuyobozi akora iki?
Rep:
Rep: Ni inyuguti ya L inyuma y’umweru iri mw’ibara ry’ubururu ifite uburebure buta hasi
ya cm 15.
Rep: Umuyobozi agomba gusiga umwanya ufite ubugari bwa m 1 hagati yayo n’inkomyi iyo
bidashoboka umuyobozi agabanyaumuvuduko ntarenze km 5/h.
8. Iyo ubugari bw’umuhanda buadahagije kugira ngo ibisikana ryorohe abayobozi bakora
iki?
10. Iyo byanze bikunze kimwe mu binyabiziga bigiye kubisikana bigomba gusubira inyuma
abasubura inyuma ni bande?
11. Mbere yo kugira uwo anyuraho umuyobozi wese agomba kubanza kwiringira iki?
Rep:
12. Umuyobozi ubonye ko hari undi umukurikiye ushaka kumunyuraho agomba gukora
iki?
Rep:
14. Iyo biaye ngombwa ko umuhanda uba icyerekezo kimwe kandi ukaba unyura mu ntara
nyinshi ninde ufata icyemezo?
16. Iyo nta mategeko yihariye akurikizwa muri ako karere cg imitunganyirize bwite yahoo,
ibinyabiziga bihagaze ku mihanda umwanya muto cg munini bihagarara ku buhe buryo?
17. Ni ryari guhagarara akanya gato n’akanini bibujijwe ku ruhande ruteganye n’urw’ikindi
kinyabiziga gihagaze?
Rep: Ni igihe:
Rep:
21. Vuga ibintu umuyobozi w’ikinyabiziga agomba kwiringira mbere yo gusiga ikinyabiziga
cye cg inyamaswa ayoboye.
Rep: Yiringira ko nta mpanuka iyo ari yose iri bube, kandi nanone yaba ari ikinyabiziga
gifite moteri, akabanza kwiringira ko bitakoreshwa nta ruhushya rwe.
Rep: Imodoka zagenewe gutwara abantu uretse ibinyabiziga bitwarira hamwe abantu
n’izitarenza TONI 1 ni km 50/h naho izindi ni km 40/h.
Rep:
28. Ni ibihe binyabiziga bitari ngombwa kurangirwa kure n’ikimenyetso cyabugenewe kiri
ahantu hagaragara ngo kiburire abandi bayobozi baza bakigana.
Rep: Ntabyo uretse ibyo bategetswe n’abakozi babifitiye ububasha, kandi bakaba batateza
ibyago. Uguhita kwabyo kugomba kurangwa n’intabaza yihariye.
32. Ibyapa bishyirwa ku ntangiriro y’iteme riteye impungenge biba byerekana iki?
Ø Mu duhanda tw’abanyamaguru
Ø Mu duhanda tw’abanyamagare na velomoteri
Ø Hejuru no munsi y’amateme no mu mihanda inyura ikuzimu
Ø Mu muhanda
Ø Mu ikoni
Ø Ahari ibimenyetso bibuza bya bugenewe
Ø Iyo umuhanda umurikiwe umuyobozi akaba ashobora kureba imbere muri m100.
Ø Iyo ikinyabiga kigiye kubisikana n’ikindi
Ø Iyo ikinyabiziga gikurikiye ikindi mu ntambwe zitagera kuri m 50.
Rep: Umwanya muto kandi bigakorwa gusa igihe hari impamvu yo kwirinda impanuka cg
igihe atari mu nsisiro kugira ngo umuyobozi amenyeshwe kobagiye kumunyuraho.
39. Ni ryari ibinyabizi bya gisikare bidakuriza amategeko y’intera igomba kuba hagati
y’ibinyabiziga biherekeranyije mu butumwa?
Rep: Rumoruki iyo ari yo yose yagenewe gufatishwa ku kinyabiziga gikurura ku buryo
igice cyacyo kiba kikiryamyeho kandi uburemere bwacyo n’ubw’ibyo itwaye
bugashikamira icyo kinyabiziga.
43. Vuga ibintu 4 umuyobozi w’ikinyabiziga yitondera igihe apakira imizigo mu kinyabiziga
cye.
45. Iyo hatari utuyira two ku mpande cg inkengero zigiye hejuru cg bidashoboka
kugendwaho n’abanyamaguru banyura he?
Rep: Bagomba kunyura mu myanya yabagenewe iyo imodoka iri ahategejejekuri m 50.
Rep: Metero 8
Rep: Iyo imizigo ari nk’ipamba, ibyatsi, ikawa,….kandi bikaba bijyanwa mu karere
katarenga km 25 uvuye aho yapakiriwe.
Rep: Ntibirenza m 3
Rep: Ni cm 75
Rep: Ni m1, 25
51. Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba kwicara mu mwanya ufite ubugari bungana iki?
Rep: Werekana sho abyobozi bategetswe guhagarara akanya gato babyeretswe n’icyapa
B, 2 cg B, 2, b
Rep:
Ni joro ni iyo amatara y’ikinyabiziga agomba gucanwa n’ikimenyetso cy’itara risa n’icunga
rihishije rigaragara mu mbavu keretse iyo ikinyabiziga kimuritswe
56. Ni abahe bana madashobora gutwara mu myanya y’imbere y’ikinyabiziga igihe harimo
indi myanya ?
57. Iyo bibaye ngombwa ko umuyobozi w’ikinyabiziga gitwaye ibintu birebire bidashobora
kugabanywa agomba uruhushya rutangwa na nde ?urwo ruhushya ruba rwerekana iki ?
Itara ndanga-kerekezo
Rep: Bishobora gushyirwa ahantu hamwe cg mu kintu kimwe amurikamo, buri tara na buri
kagarurarumuri bipfa kuba bikurikije amategeko abyerekeye kandi ku buryo budashobora
kujijisha.
64. Ni ibihe binyabiziga bigomba kugira ibyapa bigizwe n’imirongo y’umweru n’umutuku
igiye inyuranyemo kuburyo yandika inyuguti ya V icuramye ku mpera zombi ?
Rep : Imodoka zose uretse izagenewe gutwara abantu zifite imyanya 8 yicarwamo
hatabariwemo uw’umuyobozi kimwe na za rumoruki zikurwa n’ibyo binyabiziga.
Rep : Ni rumoruki zifite ubugali ntarengwa bwa cm 80 iyo zikuruwe n’ipikipiki idafite
akanyabiziga ku ruhande.
Rep :
Compiled by HICSO email cedras10@yahoo.com 10
68. Sobanura amagambo akurikira
Rep : Bigomba kuba bikozwe ku buryo bitagenda bimena bidasanzwe amavuta, bivubura
ibyotsi, uretse moteri yakijwe kandi ntibibangamire rubanda cg ngo bitere ubwoba
inyamaswa kubera urusaku.
Rep : Kigomba kugira nibura akarebanyuma kamwe gateye ku buryo umuyobozi ashobora
kugenzura ibigendera mu muhanda inyuma n’ibumoso.
Rep: Bigomba kuba byambaye inziga zihagwa zifite amano n’ubujyakuzimu butari munsi
ya mm1 ku migongo yabyo yose n’ubudodo bwabyo ntibugire ahantu na hamwe
bugaragara kandi ntibigire aho byacitse bikomeye mu mpande zabyo.
Rep: Nta kinyabiziga gifite moteri gishobora kugenda mu muhanda ahamanuka moteri
itaka cg vitesi idakora eretse igihe gikurirwa n’ikindi kinyabiziga.
76. Iyo imiterere y’ikinyabiziga cg ibyo kikoreye bidatuma akarebanyuma kari mu kazu
k’ikinyabiziga gakora neza umurimo kagenewe hakorwa iki?....
77. Moteri yose ikoreshwa n’ubushyuhe igombakugira impombo yohereza ibyotsi iteye ite?
Rep: Igomba kugira impombo yohereza ibyotsi ku buryo nyabwo idasakuza kandi
umuyobozi akaba adashobora kuyibuza gukora neza mu rugenda.
80. Umurongo mugari wera udacagaguye uciye ku nkombe mpimbano y’umuhanda uvuga
iki?
Rep: Uvuga ko igice cy’umuhanda kiri hakurya yawo gihagararwamo umwanya munini.
81. Ahatari mu nsisiro ni ibihe byapa bigomba gushyirwa hafi cyane y’amasangano
byerekana?????
Rep:
82. Iyo ikinyabiziga gifite itara ryo gusubira inyuma rigomba kuba rikoze rite?
Rep: Rigomba kuba ryaranzwe kandi rigashyirwaho kuburyo ryohereza urumuri rwera cg
rw’umuhondo mu ntera itarenga m 20 kandi rudahuma amaso cg rutabangamira abandi
bayobozi.
Compiled by HICSO email cedras10@yahoo.com 12
83. Ni ibihe binyabiziga bigomba gushyirwaho amatara ndangaburumbarare?
85. Vuga inzego ziri ku ruhushya rwo gutwara ibinyabiziga n’imyaka ya ngombwa kuri buri
rwego.
Ku binyabiziga byo muri urwo rwego bishobora gushyirwaho rumoroki ntoya ifite
umutambiko umwe.
v Ibyapa
v Ibimenyetso bimurika
v Ibimenyetso byo mu muhanda
88. Mu bimenyetso bimurika bigizwe n’amatara 2 gusa iyo yakiye rimwe bivuga iki?
Rep: Iyo yakiye rimwe asobanura kimwe n’itara ry’umuhondo mu buryo bwakamo
amabara.
Rep: Rivuga ko kugenda kuri icyo gisate cy’umuhanda rigenga, bibujijwe ku bayobozi
bakigana.
96. Ugutangwa kw’ibyapa ndanga biri kumwe n’ikarita iranga ikinyabiziga bibanza
gutangirwa imisoro igenwa na nde?
Rep:
104. Ahatari mu nsisiro ibyapa biburira bishyirwa mu ntera ingana iki y’ahantu habi
byerekana.
Rep: Bigomba gushyirwa mu ntera kuva kuri m 150 kugeza kuri m 2000
Rep: Ibyapa biburira cm 90 z’uruhande ariko bitewe n’aho bishyirwa icyo gipimo
gishobora kugabanywa kikagera kuri cm 70.
106. Iyo uduce tw’umurongo ucagaguye ari tugufi kandi twegeranye cyane dusobanura iki?
107. Mu nsisiro ni ibihe byapa bitagomba gushyirwa iruhande neza y’ahantu byerekana
Rep: Bikurikizwa mu gice cy’inzira nyabagendwa kiri hagati y’aho bishinze n’inkomane
ikurikiye ku rutindo rw’inzira bishinzemo.
• Kiranga urunywero
• Kerkena umuvuduko ntarengwa ugarukira kuwerekanwe n’ikimenyetso muri km.
Rep:
Rep : Ugenwa n’iteka rya minisitiri w’ubucuruzi abisabwe na minisitiri ushinzwe gutwara
abantu n’ibintu.
Ø Ingeri y’ikinyabiziga
Ø Ikimenyetso cg izina ry’umagikoze
Ø Nomera ya sashi y’ikinyabiziga
Ø Nomero ya moteri
Ø Umubare ntarengwa w’abagenzi
Ø Umwaka ikinyabiziga cyakorewemo
115. Izina ry’ikinyabiziga n’icumbi rya nyir’ikinyabiziga byandikwa hehe ? Kandi ku bihe
binyabiziga ?
Rep : Twerekana igisate cy’umuhanda abayobozi bagomba gukurikiza kugira ngo bagane
mu cyerekezo cyerekanwe n’utwo turangacyerekezo.
119. Iyo ikorwa ry’imirimo ribangamiye cyane cg bucye uburyo bwo kugenda mu muhanda
bigenda bite ?
Rep: Birabujijwe guhagarara umwanya munini kuri uwo muhanda ku burebure bw’uwo
murongo.
124. Iyo ahantu icyago cyaranzwe kiri ari harehare cyane byerekanishwa ikihe cyapa?
125. Ni irihe tara ridashobora kwakira rimwe n’ibindi bimenyetso bimurika igihe biri ku
kintu kimwe
126. Iyo bibaye ngombwa kuyobya umuhanda kuva aho uhera kugeza ku burebure bwawo
bwose byerekanwa n’ikihe cyapa?
Rep:
Rep: Ajyan ibyapa ndanga n’ikarita ndanga ku biro by’imisoro biherekejwe n’ibaruwa
isobanura impamvu yabyo byoherejwe. Ibyo akabikora mu gihe kitarenze amezi 2
Rep: