Professional Documents
Culture Documents
Amategeko Yu Muhanda
Amategeko Yu Muhanda
RESTRICTED
2
RESTRICTED
3
RESTRICTED
4
b) Ahanyurwa n’ingorofani
(c) Ahanyurwa n’ibinyamitende
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
23. Iyo umuvuduko w’ibinyabiziga bidapakiye 26. Ubugari bwa romoruki ntiburenza ubugari
ushobora kurenga km50 mu isaha ahategamye, bw’ikinyabiziga kiyikurura iyo ikuruwe
bigomba kuba bifite ibikoresho by’ihoni n’ibinyabiziga bikurikira:
byumvikanira mu ntera: a) Igare
a) Metero 100 b) Velomoteri
b) Metero 200 (c) Ipikipiki ifite akanyabiziga kometse ku
(c)Metero 50 ruhande rwayo
d) Metero 150 d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
24. Birabujijwe kugenza ibinyabiziga 27. Iyo hatarimo indi myanya birabujijwe
bigendeshwa na moteri naza romoruki gutwara ku ntebe y’imbere y’imodoka abana
zikururwa nabyo, iyo ibiziga byambaye inziga badafite imyaka:
zidahagwa cyangwa inziga zikururuka zifite a) Imyaka 10
umubyimba uri hasi ya cm 4. Ariko ibyo (b) Imyaka 12
ntibikurikizwa kubinyabiziga bikurikira: c) Imyaka 7
a) Ku binyabiziga by’ingabo bijya ahatarenga d) Ntagisubizo cy’ukuri kirimo
km25
b) Ibinyabiziga bihinga
c) Ibinyabiziga bya police 28. Icyapa kivuga gutambuka mbere
(d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo y’ibinyabiziga biturutse imbere gifite amabara
25. Igice cy'inzira nyabagendwa kigarukira ku akurikira:
mirongo ibiri yera icagaguye ibangikanye kandi a) Ubuso ni umweru
gifite ubugari budahagije kugira ngo imodoka b) Ikirango ni umutuku n’umukara
zitambuke neza, kiba ari: c) Ikirango ni umweru n’umukara
a) Ahanyurwa n’amagare na velomoteri (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
RESTRICTED
5
RESTRICTED
6
RESTRICTED
7
RESTRICTED
8
RESTRICTED
9
RESTRICTED
10
RESTRICTED
11
RESTRICTED
12
RESTRICTED
13
RESTRICTED
14
kuhigobeka bidateje impanuka igihe bibaye z’ikinyabiziga ayo matara aba afite amabara
ngombwa ariko ibyo ntibikurikizwa mu bihe akurikira:
bikurikira: a) amatara y’imbere aba yera cyangwa ari
(a) mu gihe ibigendera mu muhanda ari byinshi umuhondo
kimwe no mu duce tw'inzira nyabagendwa aho b) ayinyuma aba atukura cyangwa asa n’icunga
kunyuranaho bibujijwe rihishije
b) igihe ibigendera mu muhanda ari byinshi
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
c) mu duce tw’inzira nyabagendwa aho
d) ayinyuma aba asa n’icunga rihishije
kunyuranaho bibujijwe
82. Amahoni y’ibinyabiziga bigendeshwa na
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
moteri agomba kohereza ijwi ry’injyana imwe
96. Ibiziga by’ibinyabiziga bigendeshwa na
rikomeza kandi ridacengera amatwi ariko
moteri n’ibya velomoteri kimwe n’ibya
ibinyabiziga bikurikira bishobora kugira ihoni
romoruki zabyo bigomba kuba byambaye
ridasanzwe ridahuye n’ibivuzwe haruguru:
inziga zihagwa zifite amano n’ubujyakuzimu a) ibinyabiziga ndakumirwa
butari munsi ya milimetero imwe ku migongo b) ibinyabiziga bikora ku mihanda
yabyo yose nubudodo bwabyo ntibugire ahantu c) ibinyabiziga bifite ubugari burenze m 2.10
na hamwe bugaragara kandi ntibugire aho (d) A na B ni ibisubizo by’ukuri
byacitse bikomeye mu mpande zabyo ariko
83. Icyapa kibuza kunyura kubindi binyabiziga
ibyo ntibikurikizwa ku binyabiziga bikurikira:
byose uretse ibinyamitende ibiri n’amapikipiki
(a) ibinyabiziga bidapakiye kandi bitajya birenza
adafite akanyabiziga ku ruhande gifite
umuvuduko wa km 25 mu isaha ahateganye
ibimenyetso by’amabara akurikira:
b) ibinyabiziga bya police bijya ahatarenga km 25
a) umweru n’umukara
uvuye aho biba
(b) umutuku n’umukara
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
c) ubururu
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
d) A na B ni ibisubizo by’ukuri
81. Amatara ndangacyerekezo agomba kuba
84. Icyapa kivuga ko hatanyurwa mu byerekezo
agizwe n’ibintu bifashe ku rumuri rumyasa,
byombi kirangwa n’ubuso bw’ibara rikurikira:
biringaniye ku buryo bigira umubare utari
a) umukara
igiharwe ku mpande z’imbere n’inyuma
(b) umweru
RESTRICTED
15
RESTRICTED
16
RESTRICTED
17
RESTRICTED
18
RESTRICTED
19
RESTRICTED
20
hakiri kare abandi bayobozi baza bagisanga, d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
ariko ntibireba ibinyabiziga bikurikira: 116. Ibyapa byereka inkomane y’inzira
a) velomoteri nyabagendwa n’inzira ya gariyamoshi bigomba
b) ipikipiki idafite akanyabiziga ku ruhande iteka kumurikwa cyangwa kugarura urumuri
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri ku buryo bigaragarira nibura mu ntera
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo ikurikira igihe ijuru rikeye:
114. Abanyamaguru batatanye cyangwa bagize a) m200
udutsiko tudafatanyije gahunda kdi b) m 250
batanayobowe n’umwarimu bategetswe c) m300
kunyura mu tuyira turi ku mpande (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
z’umuhanda no ku nkengero zigiye hejuru 117. Imbibi ziri ku mpera z’ubwihugiko
uretse ubutaka butsindagiye butandukanya bw’abanyamaguru kandi ziri mu muhanda
imihanda ibiri bwo kunyurwamo gusa n’aba kimwe n’imbibi n’ibindi bikoresho bigenewe
bakurikira: gutuma bagenda mu muhanda nta muvundo
(a) abanyamaguru bashaka guhagarara akanya gato zisigwa irangi ry’ibara rikurikira:
igihe bambukiranya umuhanda (a) irangi ry’umuhondo ngarurarumuri
b) abanyamaguru bagize udutsiko tw’abantu b) irangi ry’umweru ngarurarumuri
benshi c) irangi risa n’icunga rihishije ngarurarumuri
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo 118. Kugirango ikinyabiziga kive ahantu hari
115. Ibinyabiziga biherekeranyije mu butumwa urwondo cyangwa hanyerera bidasanzwe
ntibishobora gutonda uburebure burenga hashobora gukoreshwa uburyo bukurikira:
umurongo wa m 500, iyo bibaye bityo a) inziga zishobora gushyirwaho udushyundu
ibinyabiziga biherekeranyije mu butumwa (b) inziga zishobora gushyirwaho iminyururu
bishobora kugabanywamo amatsinda atonze irwanya ubunyerere
umurongo utarengeje ibipimo bikurikira: c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
(a) utarengeje m50 d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
b) utarengeje m100
c) utarengeje 150 119. Iyo imizigo igizwe n’ibinyampeke, ikawa,
RESTRICTED
21
RESTRICTED
22
125. Romoruki zifite ubugari ntarengwa bwa d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
sentimetero 80 zishobora gushyirwaho 128. Igice cy’umuhanda kiri hakurya
akagarurarumuri kamwe gusa iyo zikuruwe y’umurongo mugari wera udacagaguye
n’ibinyabiziga bikurikira: ugaragaza inkombe mpimbano y’umuhanda
a) velomoteri kiba kigenewe ibi bikurikira:
b) ipikipiki ifite akanyabiziga kuruhande a) guhagararwamo umwanya muto gusa
c) igare b)guhagararwamo umwanya muto n’umunini
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo ndetse no kumihanda irombereje y’ibisate byinshi
126. Amatara maremare y’ibara ryera cyangwa n’imihanda y’imodoka
ry’umuhondo agomba nijoro igihe ijuru rikeye c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
kumurika mu ntera ikurikira ku binyabiziga (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
bifite moteri itarengeje ingufu zigera kuri 130. Iminyururu n’ibindi byuma bifashisha
sentimetero kibe 125 bishobora kuvanwaho cyangwa binagana,
a) m100 hatabariwemo ibimenyetso byerekana
(b) m75 ibyerekezo bigomba gutungurwa ku
c) m25 kinyabiziga ku buryo igihe byizunguza
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo bitarenga impande zihera uburumbarare
127. Iyo kuva bwije kugeza bukeye cyangwa bw’ikinyabiziga kandi ibyo byuma bifashisha
bitewe n’uko ibintu bimeze bitagishoboka ntibigomba gukururuka ku butaka ariko ibyo
kubona muri m 200, ibinyabiziga cyangwa ntibibujijwe ku binyabiziga bikurikira:
imitwaro bifite ubugari burenga m 2.50 iyo (a) imashini zihinga
bigenda mu nzira nyabagendwa bigaragazwa b) ibinyabiziga bitwaye ibintu bidashobora gufata
ku buryo bukurikira: inkongi
a) inyuma ni amatara abiri atukura c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
b) iyo bibaye ngombwa no ku mpera y’amabondo d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
y’ikinyabiziga cyangwa y’imitwaro ni itara 131. Ku binyabiziga cyangwa ibinyabiziga
ndangaburumbarare risa n’icunga rihishije bikururana igice kirenga ku biziga
cyangwa ry’umuhondo ntigishobora kurenga ibipimo bikurikira:
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri a) iby’inyuma : m3
RESTRICTED
23
RESTRICTED
24
RESTRICTED
25
RESTRICTED
26
RESTRICTED
27
RESTRICTED
28
RESTRICTED
29
RESTRICTED
30
RESTRICTED
31
a) Bituma ubasha gukata ikorosi vuba. c) Kugira ngo ujyane nabandi bayobozi
b) Bifasha umuyobozi wa romoruki bibinyabiziga.
kukurebera mundorerwamo. d) Kuko amatara yo ku muhanda ari kwaka
c) Bifasha romoruki guhagarara byoroshye. 219.Urimo kugenda munzira nyabagendwa ni
d) Bikurinda umuyaga. gute wanyura k’umuyobozi w’igare?
216. Utegereje gukata iburyo kwiherezo a) Kuvuza ihoni mugihe umunyuraho
ry’umuhanda.ukingirijwe nimodoka b) Kumunyuraho umwegereye
ihagaze.niki wakora? (c) Gusiga umwanya uhagije igihe
umunyuraho
(a) Guhagarara hanyuma ukagenda gake d) Kugabanya umuvuduko mbere y’uko
gake witonze kugezaho ureba neza. umunyuraho
b) Kwihuta wegera imbere aho ushobora 220. Niki wakora igihe utabona neza usubira
kureba ugafunga ikindi cyerekezo. inyuma ?
c) Gutegereza abanyamaguru bakakumenyesha a. Kumanura ikirahure cy’imodoka urebe inyuma
ko ntakibazo wakata. b.Gufungura umuryango w’imodoka ureba
d) Guhindukiza imodoka vuba kugirango inyuma
ushake indi nzira wakoresha. c. Gushaka umuntu uri hanze y’ikinyabiziga
217. Mugihe uri murugendo rurerure ukuyobora
mumuhanda urombereje w’ibice d. Gukoresha akarebanyuma kakwegereye
byinshi.niki wakora mugihe wumva
utangiye kugira ibitotsi? 220.Igihe ukurikiwe n’ikinyabiziga gitwara
a) Gucuranga umuziki cyane. abarwayi gicanye amatara y’intabaza
b) Kwihuta cyane kugirango usoze urugendo arabagirana. Wakora iki ?
vuba. (a) Kugihigamira ako kanya ndetse byaba
(c) Kuva mumuhanda urombereje w’ibice ngombwa ugahagarara
byinshi, ugahagarara ahantu hatekanye. b.Kongera umuvuduko kugirango ugisige
d) Ntagisubizo cy’ukuri kirimo. c. Kugumana umuvuduko wari ufite
218.Kuki ugomba gucana amatara mugihe d.Guhagarara bitunguranye mu muhanda
hatangiye kwijima? 220.Wifuza kugana ibumoso imbere yawe.
kubera iki ushaka umwanya mwiza kandi
a) Kugirango akerekanamuvuduko uhagije?
kagaragare neza. a) Kwemerera abandi bayobozi b’ibinyabiziga
(b) Kugirango abandi biborohere kukubona. kugutambukaho
RESTRICTED
32
RESTRICTED
33
RESTRICTED
34
b.Kunyuranaho ntibyemewe
c.Ku gisate kiri iburyo bw’umuhanda gusa
d.Ku gisate cy’ibumoso cyangwa iburyo 235.Ibyapa bitegeka bikozwe muyihe
233. N’uwuhe muntu ushobora gusimbura shusho?
ibimenyetso byo mumuhanda, dutegetswe
kubaha?
a) Umuyobozi w’ikinyamitende
a) b)
b) Umunyamaguru
(c)Umukozi ubifitiye ububasha
d)Umuyobozi wa bisi
c) d)
237.iki cyapa gisobanura iki ?
RESTRICTED
35
a) Umuhanda uzenguruka
b) Igice cy’umuhanda uzenguruka
a) Uburenganzira bwo gutambuka mbere (c) Aho banyura bazengurutse
b) Nta kinyabiziga kigendeshwa na moteri d) Ibisubizo byose nibyo
c)ibyerekezo bibiri by’umuhanda 240.Iki cyapa gisubanura iki?
(d)Birabujijwe kunyuranaho
a)Iteme ridahoraho
(b) Umuhanda utaringaniye
c)Umuhanda w’injira mu kuzimu
d)Ubutaka bworoshye
238. Imbere yawe iki cyapa kikubwiye iki ? 241. Iki cyapa gisobanura iki?
RESTRICTED
36
RESTRICTED
37
a) b)
a) Guhindura icyerekezo ibumoso ugana aho
bahagarara
(b) Umuhanda udakomeza
c) (d) c) Nti byemewe guhindura icyerekezo
250. Iki cyapa gisobanura iki? ibumoso
d) Guhindura ikirekezo ibumoso ugana ku
cyome
RESTRICTED
38
a) Itegure kugenda
(b) Birabujijwe gutambuka umurongo wo (a) Birabujijwe kuwurenga
guhagarara umwanya muto cg igihe uwo a. Birabujijwe kuhahagarara
murongo udahari icyo kimenyetso ubwacyo b. Wegereye ahaguteza ibyago
c) A na b ni ibisubizo by’ukuri c. Kunyuranaho ntibyemewe
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo 257. Iki cyapa gisobanura iki?
RESTRICTED
39
b) Ukugendera mu muhanda
ubisikanirwamo ntibyemewe
c) Cyerekana aho umunyegare agomba
kunyura
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
258. Iki cyapa gisobanura iki?
a) Imbere hari umuyobozi w’amatungo.
b) Imbere hari inzira ya gari ya moshi.
(c) Ahegereye amasangano y’inzira
nyabagendwa n’inzira ya gari ya moshi
hatabambiye
d.Inkomane ibambiye.
a) Ahatangirwa serivisi ni muri metero 30. 261. Muri iri sangano ry’umuhanda hari
b) Umuvuduko munini ntarengwa utegetswe icyapa gisobanura “guhagarara” n’umurongo
ni 30 km/h. wera urombereje munzira .
(c) Umuvuduko muto ntarengwa utegetswe ni Niyihe mpamvu hari iki cyapa cyo
30 km/h. “guhagarara” hano?
d) Aho ibinyabiziga bihagarara ni imbere mu
birometero 30.
259. Iki cyapa gisobanura iki?
RESTRICTED
40
RESTRICTED
41
(a)ibyago
a) Metero 5 a) ibibujijwe
(b) Metero 25 b) ibitegetswe
c) Metero 45 c) ntagisubizo cy’ukuri kirimo
d) Metero 100
269. Umuyobozi usunika ipikipiki agomba 271. Iki cyapa gisobanura :
gufatwa nka:
RESTRICTED
42
a) Hoteli
(a) Ntihanyurwa n’abanyamaguru (b) Ibitaro
b) Akayira kabanyamaguru c) Ahagenewe kugwa kajugujugu
c) Aho abanayamaguru bambukira d) B na c ni ibisubizo by’ukuri
d) B na c ni ibisubizo by’ukuri
273. Urenze munsisiro ,ukahasanga ibyapa 275. igice kinzira nyabagendwa gikikijwe
bibiri iburyo bwawe bimenyesha ko irangira n’imirongo ibiri y’umweru iciyemo uduce
ry’imirimo bitewe nicyo ibyo byapa kandi iteganye :
bemenyesha wagendera kuwuhe muvuduko ?
RESTRICTED
43
a) iburyo
(b) ibumoso a) yego
c) iburyo n’ibumoso b) yego ariko utanga inzira
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo kubanyamaguru
277. Iki cyapa kibuza kunyuranaho ibumoso c) yego utanga inzira kubandi bayobozi
ku binyabiziga bikurikira : b’ibinyabizaga baturutse mukindi
cyerekezo
(d) oya
279. Mu muhanda ufite uruhererekane
rw’amakoni, feri y’urugendo ikoreshwa ryari?
a) ku binyabiziga byose
b) ku binyabiziga byose bifite moteri
(c) kubinyabiziga byose uretse ibinyamitende
ibiri n’amapikipiki adafite akanyabiziga ko (a) Mbere ya buri koni
k’uruhande b) Muri buri koni
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c) Nyuma ya buri koni
278. iki kimenyetso cyaka kinyemerera d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
gukomeza:
280. Ni ikihe cyapa muri ibi kintegeka gutanga
inzira:
RESTRICTED
44
a) yego
a) Icyapa A19 b) yego usibye urugendo rurerure
(b) Icyapa B5 c) yego usibye urugendo rugufi
c) Icyapa B6 (d) Oya
d) Ntagisubizo cy’ukuri kirimo 283.Ni ikihe cyapa cy’inyemerera gutambuka
mbere mu masangano y’umuhanda?
281.Iki cyapa gisobanura :
RESTRICTED
45
a) yego
b) yego nyuma yo kuvuza ihoni
c) yego mu gihe nkurikiwe n’ibindi
binyabiziga
(d) Oya a) 911
b) 100
(c) 112
RESTRICTED
46
d) 131
288.Ugeze bwa mbere ahabereye impanuka yo a. Nta kindi kinyabiziga kinturutse inyuma
mu muhanda harimo inkomere wakora iki ? (b) Umuhanda ubona neza, no kwitondera
kunyuranaho
c. Ikinyabiziga kinturutse imbere gishaka
gukatira I buumoso
d. Nta gisubizo cy’ukuri
292.Ikindi kinyabiziga kiguturutse inyuma
kiguterera amatara y’urumuri rumyasa,
wakora iki?
a. Kongera umuvuduko kugira ngo intera iri
hagati yawe n’ukuri inyuma igumeho
b. Fata feri y’urugendo kugira ngo umwereke
ko ugiye guhagarara
a) gusohora inkomere mu kinyabiziga (c) Emerera icyo kinyabiziga kugutambukaho
b) kubaha icyo kunywa niba imbere ntacyago gihari
(c) ku menyesha impanuka no guhamagara d. Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
ubutabazi 293.Mu gihe Umuntu ufite ubumuga bwo
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo kutabona yambuka umuhanda yitwaje inkoni
289.Mugihe ikinyabiziga cyacu bakinyuzeho yera y’abatabona:
(a) Tugomba kugabanya umuvuduko
b. Tugomba kongera umuvuduko (a) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba gufata iyo
c. Tugomba kongera umuvuduko n’ubwitonzi nkoni nk’icyapa kimumenyesha ko agomba
d. Nta gisubizo cy’ ukuri kirimo guhagarara
b. Vuza ihoni ukomeze
290.Ntibyemewe gukoresha telephone c. Gabanya nurangiza ukomeze witonze
d. Ibisubizo byose ni ukuri
a. Mu biro bya leta 294.Amatara y’urugendo, mu gihe cy’ibihu:
b. Mu biro bya Polisi
(c) Igihe utwaye ikinyabiziga a. Ni meza kuko atuma ureba kure
d. Ibisubizo byose ni ukuri (c) Ni mabi kuko arakugarukira akaguhuma
291.Mbere yo kunyura ku kindi kinyabiziga, ni amaso
ngombwa kumenya ko: c. Akwizeza ko abandi bakubona
RESTRICTED
47
RESTRICTED
48
RESTRICTED
49
d. Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba gutanga (b) Sibyiza ko yazinyuraho atabasha kureba neza
inzira ayiha umu motari imbere ye
c. Ibyapa by’aho ageze ntibimwemerera
306.Umuyobozi w’ikinyabiziga ageze hafi kunyuranaho
y’inzira y’abanyamaguru yakwitwara ate? d. Imbere har’inzira y’abanyamaguru
308.N’iki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora
ashaka gukatira iburyo?
RESTRICTED
50
RESTRICTED
51
RESTRICTED
52
RESTRICTED
53
RESTRICTED
54
RESTRICTED
55
RESTRICTED
56
RESTRICTED
57
RESTRICTED
58
a) kwireba
b) kugenzura ibigendera mu muhanda inyuma
c) kureba abicaye inyuma
d) ntagisubizo cy’ukuri
RESTRICTED
59
RESTRICTED
60
RESTRICTED
61
a.n’umuhondo
b.n’umutuku
(c.) n’umweru
d.nta gisubizo cy’ukuri kirimo
RESTRICTED
62
a. ifungana ry’umuhanda
b. ifungana ry’umuhanda n’akayira gasatira
umuhanda i bumoso a. Ifungana ry’umuhanda
c. umuhanda utaringaniye b. umuhanda unyerera
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c. umuhanda utaringaniye
(d.) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
374. Icyi cyapa gisobanura :
RESTRICTED
63
RESTRICTED
64
RESTRICTED
65
(b) ku bakoresha umuhanda bose bamuturutse 390. Umuhanda urombereje w’ibice byinshi.
imbere n’inyuma Ndashaka kunyura kuri izi kamyo ebyiri mugihe
c) kubakoresha umuhanda bose bamuturutse gito ibumoso icyarimwe , biremewe ?
inyuma
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
388. Ibi byapa byo mu muhanda birambuza
kunyuranaho ibumoso ?
a) yego,
b) oya
c) yego bikorewe ibumoso
a. yego d) ntagisubizo cy’ukuri
b. yego, iyo ufite umuvuduo wa 90km/h
c. oya
d. ntagisubizo cy’ukuri
RESTRICTED
66
a) yego
b) yego, ariko nyuma yo guhagarara
a) kirambuza gutwara ku muvuduko utarengeje (c) ntabwo byemewe
5km/h d) ntagisubizo cyukuri kirimo
b) ntaburenganzira kimpa, mugihe gikurikizwa ku 393. Umuhanda wambukiranya inzira ya
binyabiziga bifite hejuru y atoni 5 gariyamoshi
(c) ntacyo bindebaho mugihe bireba gusa zipima
tone 5 no kurengaho.
d) Ntagisubizo cy’ukuri kirimo
RESTRICTED
67
RESTRICTED
68
RESTRICTED
69
(a) biremewe munsi yicyi cyapa a)Tanga inzira ku binyabiziga biri mu muhanda
b) biremewe imbere y’icyi cyapa munini
c) birabujijwe imbere n’inyuma yicyi cyapa (b) Tanga inzira ku binyabiziga biturutse i bumoso
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c) Tanga inzira ku ma kamyo na za otobisi
403. Iki cyapa gisobanura iki ? d) Ibinyabiziga byose uretse amapikipiki bigomba
gutanga inzira
RESTRICTED
70
RESTRICTED
71
y’ibinyabiziga
c) Umuvuduko urenga ibirometero 50 mu isaha
(d) Umuvuduko ntarengwa ugarukira ku birometero
50 mu isaha
412. Iki cyapa gisobanura iki ?
a) Uburemere ntarengwa bwemewe bwa toni 3
(b) Ntihanyurwa n’ibinyabiziga
bigenewe gutwara ibicuruzwa
c) Ntihanyurwa n’ibinyabiziga bifite imitambiko
itatu
a) Birabujijwe ku binyabiziga bitwara abakozi ba d) Hanyurwa n’ibinyabiziga bifite imitambiko itatu
leta gusa
(b) Birabujijwe guhagara umwanya munini
c) Birabujijwe ku binyabiziga by’abikorera ki giti 415. Iki cyapa gisobanura iki ?
cyabo
d) Parikingi
413. Iki cyapa gisobanura iki ?
RESTRICTED
72
(a) Abana
b) Inzira y’abanyamaguru – Itegure guhagarara
a) Umuhanda utaringaniye i buryo c) Ikibuga cy’imikino cy’abana
(b) Akamanuko gashobora gutera ibyago d) Ikibuga cy’ imyidagaduro
c) Ahantu umuhanda umeze nabi 421. Iki cyapa gisobanura iki ?
d) Uguhinguka ku mwaro cyangwa ku nkombe
418. Iki cyapa gisobanura iki ?
a) Isoko ry’amatungo
b) Ivuriro ry’amatungo
c) Uruzitiro rw’amatungo
(d) Akayira k’amatungo
(a) Akazamuko gashinze cyane 422. Mu byapa bikurikira , ni ikihe cyerekana
b) Umuhanda utaringaniye i bumoso umuhanda udakomeza:
c) Ahantu umuhanda umeze nabi
d) Ahegereye utununga
RESTRICTED
73
c) Icyapa C2a
d) Icyapa B2a
(a) Icyapa B6
b) Icyapa A19
c) Icyapa B3
d) Icyapa A22a
a) Icyapa D1a
425. Iki cyapa: (b) Icyapa E13a
RESTRICTED
74
c) Icyapa C19
d) Icyapa C1
428. Iki cyapa gisobanura iki ?
a) Biremewe kunyuranaho
(b) Umuyobozi abujijwe kukirenga
c) Wegereye icyapa cyo guhagarara umwanya muto
d) Umuhanda ufunganye
a) Aho imihanda ihurira 431. Iki kimenyetso kiri mu muhanda kivuze iki ?
b) Inkomane y’aho umuhanda umwe urasukira
iburyo
c) Umuhanda udakomeza
(d) Nta gisubizo kirimo
429. Iki cyapa gisobanura iki ? (a) Umuyobozi abujijwe kurenga umurongo wera
ucagaguye cyeretse mugihe bitateza icyago
b) Birabujijwe kunyuranaho
c) Biremewe kunyuranaho ariko nturenge umurongo
wera ucagaguye
d) Birabujijwe gusubira inyuma
RESTRICTED
75
RESTRICTED