Download as pdf or txt
Download as pdf or txt
You are on page 1of 75

1

IKINYARWANDA b) Ku murongo umwe


1. Ikinyabiziga cyose cyangwa ibinyabiziga c) A na B nibyo
bigenda bigomba kugira: (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
(a) Umuyobozi 5. Ibinyabiziga bikurikira bigomba gukorerwa
b) Umuherekeza isuzumwa buri mwaka:
c)A na B ni ibisubizo by’ukuri a) Ibinyabiziga bigenewe gutwara abagenzi muri
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo rusange
b) Ibinyabiziga bigenewe gutwara ibintu birengeje
2. Ijambo “akayira” bivuga inzira toni 3.5
nyabagendwa ifunganye yagenewe gusa: c) Ibinyabiziga bigenewe kwigisha gutwara
a) Abanyamaguru (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
b) Ibinyabiziga bigendera ku biziga bibiri 6. Ubugari bwa romoruki ikuruwe
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri n’ikinyamitende itatu ntibugomba kurenza
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo ibipimo bikurikira:
3. Umurongo uciyemo uduce umenyesha a) cm75
ahegereye umurongo ushobora kuzuzwa b) cm125
n’uturanga gukata tw’ibara ryera utwo c) cm265
turanga cyerekezo tumenyesha : (d)Nta gisubizo cy’ukuri
a) Igisate cy’umuhanda abayobozi bagomba
gukurikira
b) Ahegereye umurongo ukomeje 7. Uburebure bw’ibinyabiziga bikurikira
(c) Igabanurwa ry’umubare w’ibisate ntibugomba kurenga metero 11 :
by’umuhanda mu cyerekezo bajyamo a) Ibifite umutambiko umwe uhuza imipira
d) A na C nibyo b) Ibifite imitambiko ibiri ikurikiranye mu bugari
bwayo
4. Ahantu ho kugendera mu muhanda c) Makuzungu
herekanwa n’ibimenyetso bimurika (d)Nta gisubizo cy’ukuri
ibinyabiziga ntibishobora kuhagenda :
a) Biteganye

RESTRICTED
2

8. Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya d) Nta gisubizo cy’ukuri


kanini aha hakurikira : 12. Umuyobozi ugenda mu muhanda igihe
a) Ahatarengeje metero 1 imbere cyangwa inyuma ubugari bwawo budatuma anyuranaho nta
y’ikinyabiziga gihagaze akanya gato cyangwa nkomyi ashobora kunyura mu kayira
kanini : k’abanyamaguru ariko amaze kureba ibi
b) Ahantu hari ibimenyetso bibuza byabugenewe bikurikira:
c) Aho abanyamaguru banyura mu muhanda ngo a) Umuvuduko w’abanyamaguru
bakikire inkomyi b) Ubugari bw’umuhanda
(d) Ibisubizo byose nibyo c) Umubare w’abanyamaguru
9. Kunyuranaho bikorerwa: (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
a) Mu ruhande rw’iburyo gusa 13. Ku byerekeye kwerekana ibinyabiziga
b)Igihe cyose ni ibumoso n’ukumurika kwabyo ndetse no kwerekana
c) Iburyo iyo unyura ku nyamaswa ihindura ry’ibyerekezo byabyo. Birabujijwe
(d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo gukora andi matara cyangwa utugarurarumuri
uretse ibitegetswe ariko ntibireba amatara
akurikira:
10. Icyapa cyerekana umuvuduko ntarengwa a) Amatara ndanga
ikinyabiziga kitagomba kurenza gishyirwa gusa (b) Amatara ari imbere mu modoka
ku binyabiziga bifite uburemere ntarengwa c) Amatara ndangaburambarare
bukurikira: d) Ibisubizo byose nibyo
a) Burenga toni 1 14. Iyo nta mategeko awugabanya
b) Burenga toni 2 by’umwihariko umuvuduko ntarengwa
c) Burenga toni 24 w’amapikipiki mu isaha ni:
(d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo a) Km25
11. Ahatari mu nsisiro umuvuduko ntarengwa b)Km70
mu isaha wa velomoteri ni: c) Km40
(a) Km50 (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
b) Km40 15. Uburyo bukoreshwa kugirango ikinyabiziga
c) Km30 kigende gahoro igihe feri idakora neza babwita:

RESTRICTED
3

a) Feri y’urugendo c) cm45


b) Feri yo guhagarara umwanya munini (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
(c) Feri yo gutabara 20. Ibinyabiziga bikoreshwa nka tagisi,
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo bitegerereza abantu mu nzira nyabagendwa,
16. Nibura ikinyabiziga gitegetswe kugira bishobora gushyirwaho itara ryerekana ko
uduhanagurakirahure tungahe: ikinyabiziga kitakodeshejwe. Iryo tara
a) 2 rishyirwaho ku buryo bukurikira:
b) 3 (a) Ni itara ry’icyatsi rishyirwa imbere ku
(c) 1 kinyabiziga
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo b) Ni itara ry’icyatsi rishyirwa ibumoso
17. Amatara maremare y’ikinyabiziga agomba c) Ni itara ry’umuhondo rishyirwa inyuma
kuzimwa mu bihe bikurikira: d) A na C ni ibisubizo by’ukuri
a) Iyo umuhanda umurikiye umuyobozi abasha 21. Za otobisi zagenewe gutwara abanyeshuri
kureba muri metero 20 zishobora gushyirwaho amatara abiri asa
(b) Iyo ikinyabiziga kigiye kubisikana n’ibindi n’icunga rihishije amyasa kugirango yerekane
c) Iyo ari mu nsisiro ko zihagaze no kwerekana ko bagomba
d) Ibisubizo byose ni ukuri kwitonda, ayo matara ashyirwaho ku buryo
18. Ikinyabiziga ntigishobora kugira amatara bukurikira :
arenga abiri y’ubwoko bumwe keretse a) Amatara abiri ashyirwa inyuma
kubyerekeye amatara akurikira: b) Amatara abiri ashyirwa imbere
a) Itara ndangamubyimba (c) Rimwe rishyirwa imbere irindi inyuma
b) Itara ryerekana icyerekezo d) b na c ni ibisubizo by’ukuri
c) Itara ndangaburumbarare 22. Itara ryo guhagarara ry’ibara ritukura
(d) Ibisubizo byose ni ukuri rigomba kugaragara igihe ijuru rikeye nibura
19. Ubugari bwa romoruki ikuruwe n’igare mu ntera ikurikira:
cyangwa velomoteri ntiburenza ibipimo a) Metero 100 ku manywa na metero 20 mu ijoro
bikurikira: b) Metero 150 ku manywa na metero50 mu ijoro
a) cm25 c) Metero 200 ku manywa na metero100 mu ijoro
b) cm125 (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

RESTRICTED
4

b) Ahanyurwa n’ingorofani
(c) Ahanyurwa n’ibinyamitende
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

23. Iyo umuvuduko w’ibinyabiziga bidapakiye 26. Ubugari bwa romoruki ntiburenza ubugari
ushobora kurenga km50 mu isaha ahategamye, bw’ikinyabiziga kiyikurura iyo ikuruwe
bigomba kuba bifite ibikoresho by’ihoni n’ibinyabiziga bikurikira:
byumvikanira mu ntera: a) Igare
a) Metero 100 b) Velomoteri
b) Metero 200 (c) Ipikipiki ifite akanyabiziga kometse ku
(c)Metero 50 ruhande rwayo
d) Metero 150 d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
24. Birabujijwe kugenza ibinyabiziga 27. Iyo hatarimo indi myanya birabujijwe
bigendeshwa na moteri naza romoruki gutwara ku ntebe y’imbere y’imodoka abana
zikururwa nabyo, iyo ibiziga byambaye inziga badafite imyaka:
zidahagwa cyangwa inziga zikururuka zifite a) Imyaka 10
umubyimba uri hasi ya cm 4. Ariko ibyo (b) Imyaka 12
ntibikurikizwa kubinyabiziga bikurikira: c) Imyaka 7
a) Ku binyabiziga by’ingabo bijya ahatarenga d) Ntagisubizo cy’ukuri kirimo
km25
b) Ibinyabiziga bihinga
c) Ibinyabiziga bya police 28. Icyapa kivuga gutambuka mbere
(d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo y’ibinyabiziga biturutse imbere gifite amabara
25. Igice cy'inzira nyabagendwa kigarukira ku akurikira:
mirongo ibiri yera icagaguye ibangikanye kandi a) Ubuso ni umweru
gifite ubugari budahagije kugira ngo imodoka b) Ikirango ni umutuku n’umukara
zitambuke neza, kiba ari: c) Ikirango ni umweru n’umukara
a) Ahanyurwa n’amagare na velomoteri (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

RESTRICTED
5

29. Ni ryari itegeko rigenga gutambuka mbere babibona :


kw’iburyo rikurikizwa mu masangano: a) Babona gusa ibumoso bwabo iby’ibara ritukura
a) Iyo nta cyapa cyo gutambuka mbere gihari b) Iburyo babona iby’ibara risa n’icunga rihishije
b) Iyo ikimenyetso kimurika cyagenewe gusa
ibinyabiziga kidakora c) Babona iby’ibara ry’umuhondo ibumoso
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
d) Nta gisubizo cy’ukuri
30. Ibimenyetso bimurika byerekana uburyo 33. Ibinyabiziga bikurikira bigomba gukorerwa
bwo kugendera mu muhanda kw'ibinyabiziga isuzumwa rimwe mu mezi 6:
bishyirwa iburyo bw'umuhanda. Ariko a) Ibinyabiziga bitwara abagenzi muri rusange
bishobora no gushyirwa ibumoso cyangwa b) Ibinyabiziga bigenewe gutwara ibintu birengeje
hejuru y’umuhanda: toni 3.5
a) Hakurikijwe icyerekezo abagenzi bireba c) Ibinyabiziga bigenewe kwigisha gutwara
baganamo (d) Ibisubizo byose ni ukuri
b) Hakurikijwe icyo ibyo bimenyetso bigamije
kwerekana
(c) Kugirango birusheho kugaragara neza
d) Ibisubizo byose ni ukuri
31. Iyo itara ry’umuhondo rimyatsa 34. Iyo kuyobya umuhanda ari ngombwa
rikoreshejwe mu masangano y’amayira bigaragazwa kuva aho uhera no kuburebure
ahwanyije agaciro rishyirwa ahagana he: bwawo n’icyapa gifite ubuso bw’amabara
a) Kuri buri nzira akurikira:
b) Hagati y’amasangano (a) Ubururu
c) Iburyo bw’amasangano b) Umweru
(d) a na b ni ibisubizo by’ ukuri c) Umutuku
32. Inkombe z’inzira nyabagendwa cyangwa d) Nta gisubizo cy’ukuri
z’umuhanda zishobora kugaragazwa 35. Ku mihanda ibyapa bikurikira bigomba
n’ibikoresho ngarurarumuri. Ibyo bikoresho kugaragazwa ku buryo bumwe:
bigomba gushyirwaho ku buryo abagenzi a) Ibyapa biyobora n’ibitegeka

RESTRICTED
6

b) Ibyapa biburira n’ibitegeka abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku


(c) Ibyapa bibuza n’ibitegeka binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo irenga hatarimo makuzungu ni :
a) Toni 10
36. Ni iyihe feri ituma imodoka igenda buhoro b) Toni 12
kandi igahagarara ku buryo bwizewe (c) Toni 16
bubangutse kandi nyabwo, uko imodoka yaba d) Toni 24
yikoreye kose yaba igeze ahacuramye cyangwa 39. Ubugari bw’imizigo yikorewe
ahaterera: n’ibinyamitende itatu n’ubwiyikorewe
(a) Feri y’urugendo n’ibinyamitende 4 bifite cyangwa bidafite
b) Feri yo gutabara moteri kimwe n’ubw’iyikorewe na romuruki
c) Feri yo guhagarara umwanya munini zikuruwe n’ibyo binyabiziga ntibushobora
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo kurenga ibipimo bikurikira:
37. Ibizirikisho by’iminyururu cyangwa a) cm 30 ku bugari bw’icyo kinyabiziga
by’insinga kimwe n’ibindi by’ingoboka kidapakiye
bikoreshwa gusa igihe nta kundi umuntu b) Ubugari ntarengwa budakuka ni metero 2 na
yabigenza kandi nta kindi bigiriwe uretse gusa sentimetero 50
kugirango ikinyabiziga kigere aho kigomba (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
gukorerwa kandi nturenze na rimwe km 20 mu d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
isaha, ibyo bizirikisho bigaragazwa ku buryo 40. Kunyura ku binyabiziga bindi, uretse
bukurikira: icy’ibiziga bibiri, bibujijwe aha hakurikira:
a) Agatambaro gatukura kuri cm 50 z’umuhanda a) Hafi y’iteme iyo hari umuhanda ufunganye
b) Ikimenyetso cy’itara risa n’icunga rihishije b) Hafi y’aho abanyamaguru banyura
c) Icyapa cyera cya mpande enye zingana gifite c) Hafi y’ibice by’umuhanda bimeze nabi
cm 20 kuri buri ruhande (d) Ibi bisubizo byose ni ukuri
(d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo 41. Iyo nta mategeko awugabanya
by’umwihariko, umuvuduko ntarengwa ku
38. Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa
yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara rusange ni:

RESTRICTED
7

(a) Km 60 mu isaha bagomba kugaragazwa kuburyo bukurikira :


b) Km 40 mu isaha a) Imbere ni itara ry’umuhondo ritwariwe ibumoso
c) Km 25 mu isaha b) Inyuma ni itara ryera ritwariwe ibumoso
d) Km20 mu isaha n’umuntu uri ku murongo w’inyuma hafi
42. Iyo nta mategeko awugabanya y’umurongo ugabanya umuhanda mo kabiri
by’umwihariko, umuvuduko ntarengwa ku c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
modoka zikoreshwa nk’amavatiri y’ifasi (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
cyangwa amatagisi zifite uburemere bwemewe
butarenga kilogarama 3500 ni:
a) Km 60 mu isaha
b) Km 40 mu isaha 45. Utuyira turi ku mpande z’umuhanda
(c) Km 75 mu isaha n’inkengero zigiye hejuru biharirwa
d) Km20 mu isaha abanyamaguru mu bihe bikurikira:
43. Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya a) Iyo hari amategeko yihariye yerekanwa
kanini aha hakurikira : n’ibimenyetso
a) Imbere y’ahantu hinjirwa hakasohokerwa b) Iyo badatatanye kandi bayobowe n’umwarimu
n’abantu benshi (c) Iyo hatari amategeko yihariye yerekanwa
b) Mu muhanda aho ugabanyijemo ibisate n’ibimenyetso
bigaragazwa n’imirongo idacagaguye d) Ibisubizo byose ni ukuri
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo 46. Imburira zimurika zemerewe gukoreshwa
44. Iyo bwije kugeza bukeye cyangwa bitewe kugirango bamenyeshe umuyobozi ko bagiye
n’uko ibihe bimeze nk’igihe cy’ibihu cyangwa kumunyuraho aha hakurikira:
cy’imvura bitagishoboka kubona neza muri m a) Mu nsisiro gusa
200, udutsiko twose tw’abanyamaguru b) Ahegereye inyamaswa zikurura
nk’imperekerane cyangwa udutsiko c) Hafi y’amatungo
tw’abanyeshuri bari ku murongo bayobowe (d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
n’umwarimu, iyo bagenda mu muhanda ku
isonga hakaba hari abantu barenze umwe

RESTRICTED
8

cyangwa menshi y’ubwoko bumwe ayo matara


47. Uburemere ntarengwa bwemewe agomba kugira ibara rimwe n’ingufu zingana
ntibushobora kurenga ½ cy’uburemere kandi akagomba gushyirwaho ku buryo
bw’ikinyabiziga gikurura nubw’umuyobozi buteganye uhereye ku murongo ugabanya
kuri romoruki zikurikira : ikinyabizigamo kabiri mu burebure bwacyo.
a) Romoruki ifite feri y’urugendo Ariko ibi ntibikurikizwa ku matara akurikira:
(b) Romoruki idafite feri y’urugendo a) itara ndangamubyimba
c) Romoruki itarenza kg 750 b) itara ndangaburumbarare
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo (c) itara ribonesha icyapa kiranga numero
48. Ibinyabiziga bifite ubugari bufite ibipimo y’ikinyabiziga inyuma
bikurikira bigomba kugira amatara d) A na B byose nibyo
ndangaburumbarare :
(a) Metero 2 na cm 10
b) Metero 2 na cm 50
c) Metero 3
d) Metero 2 51. Ahari hejuru cyane y’ubuso bumurika
h’amatara ndangambere na ndanganyuma
ntihashobora kuba aharenze ibipimo bikurikira
hejuru y’ubutaka iyo ikinyabiziga kidapakiye:
49. Nta tara na rimwe cyangwa a) m1 na cm 50
akagarurarumuri bishobora kuba bifunze ku b) m1 na cm 75
buryo igice cyabyo cyo hasi cyane kimurika (c) m 1 na cm 90
kitaba kiri hasi y’ibipimo bikurikira kuva ku d) m2 na cm 10
butaka igihe ikinyabiziga kidapakiye : 52. Ni ryari ikinyabiziga gishobora kugenda mu
a) Cm 30 muhanda moteri itaka cyangwa vitesi idakora:
(b) Cm 40 a) igihe kigenda ahamanuka
c) Cm 50 (b) igihe gikuruwe n’ikindi kinyabiziga
d) Metero 1 na cm 55 c) igihe gifite feri y’urugendo
50. Iyo ikinyabiziga gifite amatara abiri d) ibisubizo byose ni byo

RESTRICTED
9

52. Umurongo mugari wera udacagaguye idafite akanyabiziga ko kuruhande kimwe


ushobora gucibwa ku muhanda kugirango n’ubwa romoruki ikuruwe na bene icyo
ugaragaze ibi bikurikira: kinyabiziga ntibushobora kurenza ibipimo
(a) inkombe mpimbano z’umuhanda bikurikira:
b) ahahagararwa umwanya muto n’umunini (a) m 1.25
c) ahanyura abayobozi b’amagare b) cm 30
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c) cm 75
53. Buri modoka cyangwa buri romoruki d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
ikuruwe n’iyo modoka bishobora kugira itara 56. Ibinyabiziga bikurikira bigomba kugira
risa n’icyatsi kibisi bituma umuyobozi itara ry’ubururu rimyatsa riboneka mu
yerekana ko yabonye ikimenyetso cy’uwitegura mpande zose:
kumunyuraho. Iryo tara rigomba gushyirwa a) ibinyabiziga bifite ubugari burenga m 2 na cm
aha hakurikira: 10
a) hafi y’inguni y’ibumoso bw’ikinyabiziga b) ibinyabiziga bya police y’igihugu
b) inyuma hafi y’impera y’iburyo bw’ikinyabiziga (c) ibinyabiziga ndakumirwa
c) inyuma ahegereye inguni y’iburyo d) ibisubizo byose ni ukuri
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo 57. Ibinyabiziga bihinga n’ibindi bikoresho
54. Ibinyabiziga bikurikira bigomba kugira byihariye bikoreshwa n’ibigo bipatana imirimo,
icyerekana umuvuduko kiri aho umuyobozi iyo bigenda mu nzira nyabagendwa igihe cya
areba neza kandi kigahora kitabwaho nijoro cyangwa bitewe n’uko ibihe bimeze
kugirango kigume gukora neza: bitagishoboka kubona neza muri m 200
a) ibinyabiziga bifite umuvuduko nibura wa km 60 bishobora kugaragazwa inyuma n’amatara 2
mu isaha atukura, bipfa kuba bitarenza ibipimo
(b) ibinyabiziga bishobora kurenza km 40 mu bikurikira:
isaha a) kutarenza umuvuduko wa km20 mu isaha
c) ibinyabiziga bishobora kurenza km 30 mu isaha b) uburebure bwabyo habariwemo ibyo bitwaye
d) ibinyabiziga bishobora kurenza km 25 mu isaha bukaba butarengeje m6
c) uburebure ntarengwa ntiburenga m8
55. Ubugari bw’imizigo yikorewe n’ipikipiki (d) A na B nibyo bisubizo by’ukuri

RESTRICTED
10

58. Iyo romoruki iziritse ku kinyamitende, z’uruhande mu ijoro


velomoteri n’amapikipiki bidafite akanyabiziga c) itara ry’umuhondo cyangwa akagarurarumuri
ko kuruhande uretse ikinyamitende na k’umuhondo
velomoteri bidafite umuyobozi, iyo (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
uburumbarare bwayo cyangwa bw’ibyo 61. Iyo imizigo igizwe n’ibinyampeke, ikawa,
yikoreye bituma itara ry’ikinyabiziga gikurura ipamba idatonoye, ibishara, ibyatsi, ibishami
ritagaragara igihe bitagishoboka kubona neza cyangwa ubwatsi bw’amatungo bidahambiriye
muri m 200 bigomba kugaragazwa ku buryo uretse amapaki afunze, ubugari bwayo
bukurikira: bushobora kugera ku bipimo bikurikira:
(a) itara ryera cyangwa ry’umuhondo cyangwa risa a) m 2.50
n’icunga rihishije riri kuri rumoruki inyuma (b) m 2.75
b) itara ry’icyatsi cyangwa ry’umuhondo cyangwa c) m 3
risa n’icunga rihishije riri kuri rumoruki inyuma d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo 62. Uretse mu mijyi kuyindi mihanda yagenywe
59. Ku kinyabiziga cyangwa ibinyabiziga na minisiteri ushinzwe gutwara ibintu
bikururana igice kirenga ku biziga ntikigomba n’abantu, uburemere ntarengwa bwemewe ku
kurenga ibipimo bikurikira: binyabiziga bifatanye bifite imitambiko itatu
(a) inyuma ni m 3 na cm 50 ni:
b) imbere ni m 1 na cm 70 a) toni 20
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri b) toni 16
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo ( c) toni 12
60. Iyo amatara y’ikinyabiziga agomba d) toni 10
gucanwa kandi igihe imizigo isumba impera 63. Buri modoka cyangwa buri romoruki
y’ikinyabiziga ho metero irenga igice gihera ikuruwe n’iyo modoka bishobora kugira itara
cy’imizigo kigaragazwa ku buryo bukurikira: rituma umuyobozi yerekana ko yabonye
a) itara ritukura cyangwa akagarurarumuri ku ikimenyetso cy’uwitegura kumunyuraho. Iryo
mutuku ku manywa tara rifite amabara akurikira:
b) agatambaro gatukura gafite nibura cm 50 a) umuhondo

RESTRICTED
11

(b) icyatsi kibisi d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo


c) umweru 67. Romoruki zifite ubugari ntarengwa bwa cm
d) umutuku 80 zishobora gushyirwaho akagarurarumuri
64. Ikinyabiziga cyangwa ibinyabiziga kamwe gusa iyo zikuruwe n’ibinyabiziga
bikururana bifite imitambiko ibiri ikurikiranye bikurikira:
mu bugari bwayo ni ukuvuga imitambiko a) velomoteri
yihindukiza kucyo ifungiyeho, uburebure (b) ipikipiki idafite akanyabiziga ku ruhande
bwabyo ntibugomba kurenza ibipimo c) amavatiri y’ifasi
bikurikira: d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
a) m11 68. Amatara maremare y’ibara ryera cyangwa
b) m10 ry’umuhondo agomba, nijoro igihe ijuru
(c) m7 rikeye, kumurika mu muhanda mu ntera ya m
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo 100 nibura imbere y’ikinyabiziga, ariko ku
65. Bumwe muri ubu bwoko bwa feri ituma binyabiziga bifite moteri itarengeje za
imodoka iguma aho iri uko yaba yikoreye kose sentimetero kibe 125 iyo ntera igira ibipimo
ku muzamuko cyangwa ku gacuri bya 16%, bikurikira:
imyanya ya feri igomba gufata igakomeza a) m200
kwegera kuburyo bw’ibyuma niyo umuyobozi b) m100
yaba atarimo: c) m85
(a) feri yo guhagarara umwanya munini (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
b) feri y’urugendo 69. Iyo banyuze iruhande rw’inkomyi
c) feri yo gutabara abanyamaguru bagomba gukikira banyuze mu
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo muhanda, abayobozi bagomba gusiga
66. Utugarurarumuri turi mu mbavu umwanya ufite ubugari bwa m 1 nibura hagati
z’ikinyabiziga tugomba kugira ibara yabo nayo. Iyo ibyo bidashobora kubahirizwa
rikurikira: kandi umunyamaguru akaba anyura hafi yiyo
a) umweru nkomyi, umuyobozi agomba kuyikikira afite
(b) umuhondo umuvuduko utarengeje ibipimo bikurikira:
c) umutuku a) km 10 mu isaha

RESTRICTED
12

b) km 20 mu isaha muri m 200, imirongo y’ingabo z’igihugu


c) km 30 mu isaha zigendera kuri gahunda n’utundi dutsiko twose
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo tw’abanyamaguru nk’imperekerane cyangwa
70. Guhagarara akanya gato no guhagarara udutsiko tw’abanyeshuri bari ku murongo
akanya kanini bibujijwe cyane cyane aha bayobowe na mwarimu, iyo bagenda mu
hakurikira: muhanda ku isonga hakaba hari abantu
a) ku mihanda y’icyerekezo kimwe hose barenze umwe, bagaragzwa ku buryo
(b) mu ruhande ruteganye n’urwo ikindi bukurikira:
kinyabiziga gihagazemo akanya gato cyangwa (a) imbere ni itara ryera ritwariwe ku ruhande
kanini rw’ibumoso n’umuntu uri ku murongo w’imbere
c) ku mihanda ibisikanirwamo, iyo ubugari hafi y’umurongo ugabanya umuhanda mo kabiri
bw’umwanya w’ibinyabiziga ugomba gutuma b) inyuma ni itara umuhondo ritwariwe ku ruhande
bibisikana butagifite m12 rw’ibumoso n’umuntu uri ku murongo w’inyuma
d) ibisubizo byose nibyo hafi y’umurongo ugabanya umuhanda mo kabiri
71. Amatara ndangambere n’aya ndanganyuma c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
y’imodoka zitarengeje m 6 z’uburebure na m 2 d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
z’ubugari habariwemo imitwaro kdi nta 73. Imizigo yikorewe n’amagare, velomoteri,
kinyabiziga kindi kiziritseho ashobora amapikipiki, ibinyamitende by’ibiziga bitatu
gusimburwa n’amatara akurikira, iyo ibyo nibyo ibiziga bine bifite cyangwa bidafite
binyabiziga bihagaze umwanya muto cyangwa moteri inyuma ntishobora kurenza ibipimo
munini mu nsisiro bibangikanye ku ruhande bikurikira:
rw’umuhanda: a) cm 20
a) amatara magufi b) cm 30
b) amatara ndangaburumbarare (c) cm 50
(c) amatara yo guhagarara umwanya munini d) cm 60
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo 74. Itara ndanganyuma rigomba gushyirwa aha
72. Iyo kuva bwije kugeza bukeye cyangwa hakurikira:
bitewe nuko ibihe bimeze nk’igihe cy’igihu (a) ahagereye inguni y’ibumoso y’ikinyabiziga
cyangwa cy’imvura bitagishoboka kubona neza b) ahagereye inguni y’iburyo bw’ikinyabiziga

RESTRICTED
13

c) inyuma kandi y’impera y’ibumoso (c) metero 100


bw’ikinyabiziga d) metero 50
d)nta gisubizo cy’ukuri kirimo 78. Ahatari mu nsisiro ibyapa biburira
75. Nta tara na rimwe cyangwa n’ibyapa byo gutambuka mbere bigomba
utugarurarumuri bishobora kuba bifunze gushyirwa mu ntera ikurikira y’ahantu
kuburyo igice cyabyo cyo hasi cyane kimurika habyerekana:
kitaba kiri hasi ya cm 40 kuva ku butaka igihe (a) metero 150 kugeza kuri 200
ikinyabiziga kidapakiye ariko ibyo b) metero 100 kugeza kuri 150
ntibikurikizwa ku matara akurikira: c) metero 50 kugeza kuri 100
a) amatara kamenabihu d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
b) amatara yo gusubira inyuma 79. Inkombe z’inzira nyabagendwa cyangwa
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri z’umuhanda zishobora kugaragazwa
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo n’ibikoresho ngarurarumuri. Ibyo bikoresho
76. Iyo tumuritswe n’amatara y’urugendo y’i bigomba gushyirwaho ku buryo abagenzi
kinyabiziga utugarurarumuri tugomba n’ijoro, babibona ku buryo bukurikira:
igihe ijuru rikeye kubonwa n’umuyobozi a) babona iburyo bwabo ibyibara ritukura cyangwa
w’ikinyabiziga kiri mu ntera ikurikira: ibisa n’icunga rihishije
a) metero 100 b) ibumoso babona iby’ibara ryera
(b) metero 150 (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
c) metero 200 d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo 80. Ahatari mu nsisiro, umuyobozi wese ugenza
77. Ibinyabiziga bigendeshwa na moteri, ikinyabiziga kimwe cyangwa ibinyabiziga
hatarimo velomoteri n’ibinyabiziga bidapakiye bikomatanye bifite uburemere ntarengwa
umuvuduko wabyo udashobora kurenga km 50 bwemewe burenga ibiro 3500 cyangwa bifite
mu isaha ahateganye bigomba kuba bifite uburebure bwite burenga metero 10 agomba,
ibikoresho by’ihoni byumvikanira mu ntera keretse iyo anyuze cyangwa agiye kunyura ku
ikurikira: bindi binyabiziga, gusiga hagati y’ikinyabiziga
a) metero 200 cye n’iki muri imbere umwanya uhagije
b) metero 150 kugirango ibinyabiziga bimuhiseho bishobore

RESTRICTED
14

kuhigobeka bidateje impanuka igihe bibaye z’ikinyabiziga ayo matara aba afite amabara
ngombwa ariko ibyo ntibikurikizwa mu bihe akurikira:
bikurikira: a) amatara y’imbere aba yera cyangwa ari
(a) mu gihe ibigendera mu muhanda ari byinshi umuhondo
kimwe no mu duce tw'inzira nyabagendwa aho b) ayinyuma aba atukura cyangwa asa n’icunga
kunyuranaho bibujijwe rihishije
b) igihe ibigendera mu muhanda ari byinshi
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
c) mu duce tw’inzira nyabagendwa aho
d) ayinyuma aba asa n’icunga rihishije
kunyuranaho bibujijwe
82. Amahoni y’ibinyabiziga bigendeshwa na
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
moteri agomba kohereza ijwi ry’injyana imwe
96. Ibiziga by’ibinyabiziga bigendeshwa na
rikomeza kandi ridacengera amatwi ariko
moteri n’ibya velomoteri kimwe n’ibya
ibinyabiziga bikurikira bishobora kugira ihoni
romoruki zabyo bigomba kuba byambaye
ridasanzwe ridahuye n’ibivuzwe haruguru:
inziga zihagwa zifite amano n’ubujyakuzimu a) ibinyabiziga ndakumirwa
butari munsi ya milimetero imwe ku migongo b) ibinyabiziga bikora ku mihanda
yabyo yose nubudodo bwabyo ntibugire ahantu c) ibinyabiziga bifite ubugari burenze m 2.10
na hamwe bugaragara kandi ntibugire aho (d) A na B ni ibisubizo by’ukuri
byacitse bikomeye mu mpande zabyo ariko
83. Icyapa kibuza kunyura kubindi binyabiziga
ibyo ntibikurikizwa ku binyabiziga bikurikira:
byose uretse ibinyamitende ibiri n’amapikipiki
(a) ibinyabiziga bidapakiye kandi bitajya birenza
adafite akanyabiziga ku ruhande gifite
umuvuduko wa km 25 mu isaha ahateganye
ibimenyetso by’amabara akurikira:
b) ibinyabiziga bya police bijya ahatarenga km 25
a) umweru n’umukara
uvuye aho biba
(b) umutuku n’umukara
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
c) ubururu
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
d) A na B ni ibisubizo by’ukuri
81. Amatara ndangacyerekezo agomba kuba
84. Icyapa kivuga ko hatanyurwa mu byerekezo
agizwe n’ibintu bifashe ku rumuri rumyasa,
byombi kirangwa n’ubuso bw’ibara rikurikira:
biringaniye ku buryo bigira umubare utari
a) umukara
igiharwe ku mpande z’imbere n’inyuma
(b) umweru

RESTRICTED
15

c) ubururu umwanya munini iyo ibyo binyabiziga bihagaze


d) umutuku umwanya muto cyangwa munini mu nsisiro
85. Ibinyabiziga bikurikira bigomba kugira bibangikanye ku ruhande rw’umuhanda. Ayo
ibikoresho by’ihoni byumvikanira mu ntera ya matara arangwa n’amabara akurikira:
m 20: a) umweru cyangwa umuhondo imbere
a) amapikipiki b) umutuku cyangwa umuhondo inyuma
(b) velomoteri (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
c) ibinyabiziga bigendeshwa na moteri bidapakiye d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo 88. Amatara ndangaburumbarare agomba
86. Imirongo y’ingabo z’igihugu zigendera kuri kubonwa nijoro igihe ijuru rikeye n’umuyobozi
gahunda n’utundi dutsiko twose w’ikinyabiziga kiri mu ntera ya :
tw’abanyamaguru nk’imperekerane cyangwa a) m 50 nibura
udutsiko tw’abanyeshuri iyo bitagishoboka b) m 100
kubona neza muri m200, bagaragazwa ni itara c) m 150
ryera imbere naho inyuma ni itara ry’umutuku (d) m 200 nibura
ariko iyo uburebure bwiyo mirongo cyangwa 89. Uretse ku byerekeye imihanda iromboreje
bw’utwo dutsiko burenga m6 impande zatwo y’ibisate byinshi n’imihanda yimodoka igice
cyangwa zayo zigaragazwa ku buryo cy’umuhanda kiri hakurya y’umurongo mugari
bukurikira: wera ucibwa ku muhanda ngo ugaragaze
a) itara rimwe cyangwa menshi yera inkombe mpimbano zawo kigenewe ibi
b) amatara menshi y’umuhondo bikurikira:
c) amatara menshi asa n’icunga rihishije a) guhagararwamo umwanya muto gusa
(d) ibisubizo byose nibyo b) guhagararwamo umwanya munini gusa
(c) guhagararwamo umwanya muto n’umunini
87. Amatara ndangambere na ndanganyuma d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
y’imodoka zitarengeje m 6 z’uburebure na m 2 90. Ibimenyetso by’agateganyo bigizwe
z’ubugari habariwemo imitwaro kandi nta n’imitemeri y’ibara risa n’icunga rihishije
kindi kinyabiziga kiziritseho ashobora bishobora gusimbura ibi bikurikira:
gusimburwa n’amatara yo guhagarara a) imirongo yera irombereje idacagaguye gusa

RESTRICTED
16

(b) imirongo yera irombereje idacagaguye bw’amabara akurikira:


n’icagaguye a) ubururu
c) imirongo icagaguye n’idacagaguye ibangikanye b) umweru
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c) umutuku
91. Iyo bitagishoboka kubona muri m 200 (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
imodoka zikuruwe n’inyamaswa, ingorofani, 94. Icyapa cyerekana ko inzira giteyeho mu
inyamaswa zitwaye imizigo cyangwa ntangiriro idakomeza kigaragazwa n’ikirango
zigenderwamo kimwe n’amatungo bigomba (ikimenyetso) cy’amabara akurikira:
kurangwa na : a) umukara n’umutuku
a) imbere ni itara ryera b) umukara n’umweru
b) imbere ni itara ry’umuhondo cyangwa risa (c) umweru n’umutuku
n’icunga rihishije d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
c) inyuma ni itara rimwe ritukura 95. Buri modoka yagenewe gutwara abantu,
(d) ibisubizo byose ni ukuri ariko umubare wabo ntarengwa ukaba munsi
92. Uretse igihe hari amategeko yihariye ya 6 umuyobozi abariwemo igomba kugira
akurikizwa muri ako karere ikinyabiziga cyose imikandara yo kurinda ibyago igenewe aba
gihagaze umwanya muto cyangwa munini, iyo bakurikira:
gihagaze mu mwanya wo kuruhande wagenewe a) umuyobozi
abanyamaguru, kugirango bashobore kugenda b) umugenzi wicaye ku ntebe y’imbere
batagombye kunyura mu muhanda, umuyobozi c) ishobora no kugira imikandara kuzindi ntebe
agombye kubasigira akayira gafite byibura z’inyuma
ibipimo bikurikira by’ubugari: (d) ibisubizo byose ni ukuri
(a) m 1 96. Usibye ibinyabiziga by'ingabo z'Igihugu,
b) m 2 Ikinyabiziga kigendeshwa na moteri kiriho
c) m 0.5 ibyuma ntamenwa cyangwa ikindi cyose gituma
d)nta gisubizo cy’ukuri kirimo gikoreshwa mu gutera cyangwa mu kwitabara
93. Icyapa cyerekana ahantu hagenewe ntigishobora kugenda mu nzira nyabagendwa
guhagararwamo n’imodoka nini zagenewe kidafite uruhushya rwihariye. Urwo ruhushya
gutwara abantu cyirangwa n’ubuso rutangwa naba bakurikira:

RESTRICTED
17

a) police y’igihugu 99. Iyo ikinyabiziga gikururwa n’inyamaswa


(b) minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu nacyo gikuruye ikindi uburebure
c) minisitiri w’ingabo bw’ibikururwa bukaba burenga m 18
d) ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro. hatabariwemo icyo kinyabiziga cya mbere
97. Iyo umukumbi ugizwe n’amatungo kiziritseho hagomba ibi bikurikira:
maremare arenze ane cyangwa amatungo (a) umuherekeza w’ikinyabiziga cya kabiri
magufi arenze atandatu mu nzira nyabagendwa b) abaherekeza babiri
iyo hatakibona neza kuburyo umuyobozi abona c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
muri m 200 ugomba kugaragazwa kuburyo d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
bukurikira: 100. Ibinyabiziga bikurikira ntibitegetswe
a) itara ry’urumuri rwera cyangwa rusa n’icunga kugira ibimenyetso bibyerekana iyo
rihishije imbere y’umukumbi byambukiranya umuhanda cyangwa bigenda
b) itara ry’urumuri rutukura cyangwaumuhondo ku ruhande rwawo:
ritwawe inyuma y’umukumbi a) ibinyabiziga bigendwamo n’abana
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri b) ibinyabiziga bigendwamo n’abamugaye
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
98. Ibinyabiziga biherekeranyije mu butumwa d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
ntibishobora gutonda uburebure burenga 101. Icyapa cy’inyongera kigaragaza ikibanza
umurongo wa m 500. Iyi bibaye bityo cy’ingando cyangwa cy’abantu benshi
ibinyabiziga biherekeranye mu butumwa bagendera ku nyamaswa kirangwa n’amabara
bishobora kugabanwamo amatsinda atonze akurikira:
umurongo atarengeje m 50 z’uburebure kdi (a) ubururu, umweru n’umukara
hagati yayo hakaba byibura m 50 ariko ibyo b) umukara umweru n’umuhondo
ntibikurikizwa kubinyabiziga bikurikira: c) icyatsi kibisi, umuhondo n’ikirango cy’umukara
a) ibinyabiziga bya police biherekeranyije d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
(b) ibinyabiziga by’abasirikare biherekeranyije mu 102. Icyapa cyerekana ahantu amategeko y’
nsisiro Umuhanda urombeje w’ibice byinshi atangirira
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri gukurikizwa, kirangwa n’ibirango
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo (ibimenyetso) by’amabara akurikira:

RESTRICTED
18

a) umweru n’umukara 105. Icyapa cyerekana ko hari amabwiriza


b) umweru n’umutuku yihariye mu buryo bwo kugendera mu cyambu
c) umweru n’umuhondo cyangwa ku kibuga cy’indege giteye ku buryo
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo bukurikira:
103. Igihe ikorwa ry’imirimo ribangamiye a) ishusho mpandeshatu, ubuso mu ibara ryera,
cyane cyangwa buke uburyo bwo kugenda mu ikirango mu ibara ry’umukara
nzira nyabagendwa, ahakorerwa imirimo (b) ishusho mpandenye, ubuso mu ibara
hagaragazwa ku buryo bukurikira: ry’ubururu n’ikirango kiri mu ibara ryera
a) icyapa cyera cya mpande enye, zingana zifite c) ishusho y’uruziga mu ibara ry’ubururu ni
uruhande rwa metero 0.30 ikirango kiri mu ibara ryera
b) uruzitiro ruri ku mpera y’iburyo d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri 106. Nijoro igihe ijuru rikeye, itara ribonesha
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo icyapa kiranga numero y’ikinyabiziga rigomba
104. Iyo mu muhanda, imirimo yihariye gutuma izo numero zisomerwa nibura mu ntera
ubugari butuma abayobozi bagomba kuva mu ikurikira:
mwanya wabo usanzwe kugirango bakomeze a) m150
urugendo, ahategetswe kunyurwa hagaragazwa b) m50
n’ikimenyetso gishyirwa aho imirimo irangirira (c) m20
mu ruhande rugenderwamo. Icyo kimenyetso d) m10
kirangwa n’amabara akurikira: 107. Ibyapa byerekana icyago cyidahoraho
kandi bigenewe kwerekana aho bagana
(a) ubuso bw’ubururu ikirango cy’umweru cyangwa aho berekeza umuhanda nk’igihe
b) umuzenguruko w’umutuku, ubuso umweru cy’impanuka cyangwa hari imirimo ikorwa mu
n’ikirango cy’umukara muhanda birangwa n’amabara akurikira:
c) umuzenguruko w’umutuku, ubuso mu ibara a) umweru n’umukara
ryera, ikirango mu ibara ry’umutuku n’umukara b) umweru n’umuhondo
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c) ubuso bw’umweru gusa
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
108. Birabujijwe kubangamira imigendere

RESTRICTED
19

isanzwe y’ibindi binyabiziga kubera ibi vuba vuba amatara maremare


bikurikira: (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
a) kugabanya umuvuduko kuburyo budasanzwe d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
b) gukacira feri bidatewe no kwirinda ibyago 111. Iyo akanyabiziga gasunikwa cyangwa ibyo
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri gatwaye bidatuma umuyobozi abona neza
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo imbere ye, uwo muyobozi agomba gukora ibi
109. Iyo kuva bwije kugeza bukeye cyangwa bikurikira:
bitewe n’uko ibihe bimeze bitagishoboka a) gushaka umuherekeza
kubona neza muri m 200, mu nzira (b) gukurura ikinyabiziga cye
nyabagendwa, romoruki iziritse kuri c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
velomoteri cyangwa ipikipiki idafite d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
akanyabiziga ku ruhande, uretse velomoteri 112. Uretse igihe hari amategeko yihariye
idafite umuyobozi, kandi uburumbarare akurikizwa muri ako karere cyangwa
bwayo, cyangwa bw’ibyo yikoreye bukaba imitunganyirize bwite y’aho, ikinyabiziga cyose
butuma itara ry’ikinyabiziga biyikurura cyangwa inyamaswa ihagaze umwanya muto
ritagaragara, iyo romoruki igaragazwa ku cyangwa munini igomba kuba iri aha
buryo bukurikira: hakurikira:
a) itara ryera riri kuri romoruki inyuma a) mu kaboko k’iburyo hakurikijwe aho yaganaga
b) itara ry’umuhondo riri kuri romoruki inyuma uretse igihe ari mu muhanda w’icyerekezo kimwe
c) itara risa n’icunga riri kuri romoruki inyuma b) ahegereye bishobotse akayira k’abanyamaguru
(d) ibi bisubizo byose nibyo iyo umuhanda ugafite ariko umwanya w’ibiziga
110. Amatara maremare y’ikinyabiziga agomba n’akayira ntube urenga santimetero 50
kuzimwa mu bihe bikurikira: (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
a) iyo umuhanda umurikiwe hose kandi d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
umuyobozi ashobora kubona nibura mu ntera 113. Iyo ikinyabiziga gihagaritswe n’ijoro ku
ingana na metero 200 buryo abayobozi bakigana badashobora
b) iyo ikinyabiziga gikurikiye mu ntambwe kumenya ko kibabereye imbogamizi, kigomba
zitagera muri m100 keretse iyo umuyobozi wacyo kurangirwa kure n’ikimenyetso cyabigenewe
ashaka kunyura kucyo akurikiye acana azimya kiri ahantu hagaragara kugirango kiburire

RESTRICTED
20

hakiri kare abandi bayobozi baza bagisanga, d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
ariko ntibireba ibinyabiziga bikurikira: 116. Ibyapa byereka inkomane y’inzira
a) velomoteri nyabagendwa n’inzira ya gariyamoshi bigomba
b) ipikipiki idafite akanyabiziga ku ruhande iteka kumurikwa cyangwa kugarura urumuri
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri ku buryo bigaragarira nibura mu ntera
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo ikurikira igihe ijuru rikeye:
114. Abanyamaguru batatanye cyangwa bagize a) m200
udutsiko tudafatanyije gahunda kdi b) m 250
batanayobowe n’umwarimu bategetswe c) m300
kunyura mu tuyira turi ku mpande (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
z’umuhanda no ku nkengero zigiye hejuru 117. Imbibi ziri ku mpera z’ubwihugiko
uretse ubutaka butsindagiye butandukanya bw’abanyamaguru kandi ziri mu muhanda
imihanda ibiri bwo kunyurwamo gusa n’aba kimwe n’imbibi n’ibindi bikoresho bigenewe
bakurikira: gutuma bagenda mu muhanda nta muvundo
(a) abanyamaguru bashaka guhagarara akanya gato zisigwa irangi ry’ibara rikurikira:
igihe bambukiranya umuhanda (a) irangi ry’umuhondo ngarurarumuri
b) abanyamaguru bagize udutsiko tw’abantu b) irangi ry’umweru ngarurarumuri
benshi c) irangi risa n’icunga rihishije ngarurarumuri
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo 118. Kugirango ikinyabiziga kive ahantu hari
115. Ibinyabiziga biherekeranyije mu butumwa urwondo cyangwa hanyerera bidasanzwe
ntibishobora gutonda uburebure burenga hashobora gukoreshwa uburyo bukurikira:
umurongo wa m 500, iyo bibaye bityo a) inziga zishobora gushyirwaho udushyundu
ibinyabiziga biherekeranyije mu butumwa (b) inziga zishobora gushyirwaho iminyururu
bishobora kugabanywamo amatsinda atonze irwanya ubunyerere
umurongo utarengeje ibipimo bikurikira: c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
(a) utarengeje m50 d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
b) utarengeje m100
c) utarengeje 150 119. Iyo imizigo igizwe n’ibinyampeke, ikawa,

RESTRICTED
21

amakara, ubwatsi bw’amatungo ryera cyangwa y’umuhondo agomba, igihe


bidahambiriye, ubugari bwayo bushobora ijoro rikeye kumurika mu muhanda nibura mu
kugera kuri m2 na cm75 ariko iyo iyo mizigo ntera ikurikira:
ijyanwa mu karere katarenga km25 uvuye aho a) m100
yapakiriwe, usibye mu nsisiro, ubugari bwayo b) m50
bushobora kugera ku bipimo bikurikira: (c) m40
a) m4 d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
b) m3 na cm50
(c)m3 123. Ikintu cyose cyatuma hahindurwa
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo ibyanditse bireba nyirikarita cyangwa ibiranga
120. Mu mujyi no ku mihanda y’igihugu ikinyabiziga kigomba kumenyeshwa ibiro
igenwa na minisitiri ushinzwe gutwara abantu by’umusoro haba mu magambo cyangwa mu
n’ibintu, ubwikorere ntarengwa ku ikamyo iyo ibaruwa ishinganye ibyo bikorwa mu gihe
ariyo yose ntibushobora kurenga ibipimo kingana gute:
bikurikira: a) mu mezi 2
a) toni 10 b) mu kwezi kumwe
b) toni 16 c) mu minsi cumi n’itanu
c) toni 24 (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo 124. Kugirango berekane ahantu habi cyane,
121. Iyo bitewe n’imiterere y’ahantu intera hakoreshwa ikimenyetso cy’itara ry’umuhondo
itandukanya icyapa n’ahantu habi iri munsi ya rimyasa, rivuga uburenganzira bwo
m150 ku buryo bugaragara, iyo ntera gutambuka icyo kimenyetso barushijeho
yerekanishwa icyapa cy’inyongera giteye ku kwitonda. Ese icyo kimenyetso gihindura iki ku
buryo bukurikira: mategeko agenga gutambuka mbere:
a) kare ifite ubuso bw’ibara ryera (a) ntacyo gihindura
(b) urukiramende rufite ubuso bw’ibara ryera b) abo rireba nibo batambuka mbere
c) mpandeshatu ifite umuzenguruko utukura c) abatwaye ibinyabiziga binini nibo batambuka
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo mbere
122. Nijoro, amatara yo kubisikana y’ibara d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo

RESTRICTED
22

125. Romoruki zifite ubugari ntarengwa bwa d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
sentimetero 80 zishobora gushyirwaho 128. Igice cy’umuhanda kiri hakurya
akagarurarumuri kamwe gusa iyo zikuruwe y’umurongo mugari wera udacagaguye
n’ibinyabiziga bikurikira: ugaragaza inkombe mpimbano y’umuhanda
a) velomoteri kiba kigenewe ibi bikurikira:
b) ipikipiki ifite akanyabiziga kuruhande a) guhagararwamo umwanya muto gusa
c) igare b)guhagararwamo umwanya muto n’umunini
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo ndetse no kumihanda irombereje y’ibisate byinshi
126. Amatara maremare y’ibara ryera cyangwa n’imihanda y’imodoka
ry’umuhondo agomba nijoro igihe ijuru rikeye c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
kumurika mu ntera ikurikira ku binyabiziga (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
bifite moteri itarengeje ingufu zigera kuri 130. Iminyururu n’ibindi byuma bifashisha
sentimetero kibe 125 bishobora kuvanwaho cyangwa binagana,
a) m100 hatabariwemo ibimenyetso byerekana
(b) m75 ibyerekezo bigomba gutungurwa ku
c) m25 kinyabiziga ku buryo igihe byizunguza
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo bitarenga impande zihera uburumbarare
127. Iyo kuva bwije kugeza bukeye cyangwa bw’ikinyabiziga kandi ibyo byuma bifashisha
bitewe n’uko ibintu bimeze bitagishoboka ntibigomba gukururuka ku butaka ariko ibyo
kubona muri m 200, ibinyabiziga cyangwa ntibibujijwe ku binyabiziga bikurikira:
imitwaro bifite ubugari burenga m 2.50 iyo (a) imashini zihinga
bigenda mu nzira nyabagendwa bigaragazwa b) ibinyabiziga bitwaye ibintu bidashobora gufata
ku buryo bukurikira: inkongi
a) inyuma ni amatara abiri atukura c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
b) iyo bibaye ngombwa no ku mpera y’amabondo d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
y’ikinyabiziga cyangwa y’imitwaro ni itara 131. Ku binyabiziga cyangwa ibinyabiziga
ndangaburumbarare risa n’icunga rihishije bikururana igice kirenga ku biziga
cyangwa ry’umuhondo ntigishobora kurenga ibipimo bikurikira:
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri a) iby’inyuma : m3

RESTRICTED
23

(b) iby’imbere: m2.70 a) amatara abiri ndangambere n’amatara abiri


c) A na B ni ibisubizo by’ukuri ndanganyuma yerekana ko ikinyabiziga gihagaze
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo b) utugarurarumuri tubiri
132. Uretse bibonewe uruhushya, ubundi (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
birabujijwe gushyira no gukomeza kugendesha d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
imodoka cyangwa romoruki mu nzira 135. Ibyapa bibuza n’ibitegeka bikurikizwa
nyabagendwa iyo uburemere bw’ibyikorewe gusa aha hakurikira:
burenze uburemere ntarengwa bwemewe a) mu masangano
n’ikarita iranga ikinyabiziga ariko ibyo (b) mu gice cy’inzira nyabagendwa kiri hagati
ntibikurikizwa ku binyabiziga bikurikira: yaho bishinze n’inkomane ikurikiyeho ku ruhande
a) ibinyabiziga bya police rw’inzira bishinzeho
b) ibinyabiziga bihinga c) ibyo byapa bishyirwaho hakurikijwe intera
(c) imashini zikoreshwa mu kubaka imihanda ibitandukanya
d) ibisubizo byose ni ukuri d) B na C ni ibisubizo by’ukuri
133. Gushyira mu muhanda ku buryo 136. Icyapa cy’inyongera kerekana aho
budasanzwe ibinyabiziga bikururana birenze bagobokera ibinyabiziga kirangwa n’amabara
bitatu bigomba gutangirwa uruhusa, uretse akurikira:
imashini ihinga iyo zigenda uregendo rutarenze a) ubururu, umweru, umutuku
km 25, ibinyabiziga bikururana bitwaye (b) umweru, umukara, ubururu
ibyamamazwa n’ibindi biteganwa n’iri teka c) umutuku, umweru n’umukara
ariko igiteranyo cy’uburebure bw’ibyo d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
binyabiziga bikururana ntigishobora kurenga 137. Icyapa cyerekana uburebure bw’igice
ibipimo bikurikira: cyatera ibyago cyangwa bw’ahantu amabwiriza
a) m50 y’icyo cyapa agomba gukurikizwa kirangwa
b) m35 n’ubuso n’ibimenyetso bikurikira:
(c) m25 a) ubuso umweru, ikimenyetso ubururu
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo b) ubuso ubururu, ikimenyetso umweru
134. Ibinyamitende itatu bifite moteri bigomba c) ubuso ubururu, ikimenyetso umweru n’umukara
kugira amatara akurikira: (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo

RESTRICTED
24

138. Umurongo w’umuhondo ucagaguye uciye rw’ikinyabiziga kiyikurura hari umwanya


ku nkombe nyayo y’umuhanda, umusezero urenze m 3 ikibizirikanyije kigomba
w’inzira y’abanyamaguru cyangwa kugaragazwa ku buryo bukurikira iyo amatara
w’inkengero y’umuhanda yegutse uvuga ibi y’ikinyabiziga agomba gucanwa:
bikurikira: a) agatambaro gatukura gafite nibura cm 50
a) guhagarara umwanya muto birabujijwe ku z’uruhande
burebure bw’uwo murongo (b) itara risa n’icunga rihishije rigaragara mu
b) guhagarara umwanya muto n’umunini mbavu igihe ikibizirikanyije kimuritswe
birabujijwe ku burebure bw’uwo murongo c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
c) aho bahagarara umwanya munini cyangwa muto d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo 173. Itara ryo guhagarara ry’ibara ritukura
139. Ku binyabiziga cyangwa ibinyabiziga rigomba kuba ridahumisha, kandi rigomba
bikururana igice kirenga ku biziga kugaragarira mu ntera ikurikira:
ntigishobora kurenga ibipimo bikurikira: a) nijoro igihe ijuru rikeye nibura muri m 200
a) iby’inyuma m 3.40 b) ku manywa igihe cy’umucyo nibura muri m50
b) iby’imbere m 2.50 c) nijoro nibura muri m 100 igihe ijuru rikeye
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
174. Birabujijwe kongera ku mpande
171. Mu migi no ku yindi mihanda y’igihugu z’ikinyabiziga kigendeshwa na moteri cyangwa
igenwa na minisitiri ushinzwe gutwara abantu velomoteri ibi bikurikira:
n’ibintu uburebure ntarengwa kuri buri a) imitako
mitambiko 3 ifungwaho ibiziga bine ni: b) ibintu bifite imigongo cyangwa ibirenga ku
(a) toni 24 mubyimba kandi bishobora gutera ibyago abandi
b) toni 10 bagenzi
c)toni 16 (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) toni 53 d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
172. Iyo hagati y’uruhande rw’imbere rwa 175. Ikintu cyose cyatuma hahindurwa
romoruki n’uruhande rw’inyuma ibyanditswe bireba nyirikarita cyangwa

RESTRICTED
25

ibiranga ikinyabiziga kigomba kumenyeshwa (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo


ibiro by’imisoro haba mu magambo cyangwa 179. Icyapa cyerekana umuvuduko ntarengwa
mu ibaruwa ishinganye. Ibyo bikorwa mu gihe ikinyabiziga kitagomba kurenza gishyirwa ku
kingana gute: binyabiziga bifite uburebure ntarengwa
a) mu minsi 5 bukurikira:
(b) mu minsi 8 a) burenga toni 1
c) mu minsi 15 b) burenga toni 2
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c) burenga toni 24
176. Kunyuranaho bikorerwa: (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
a) mu ruhande rw’iburyo gusa 180. Iyo nta mategeko awugabanya
b) igihe cyose ni ibumoso by’umwihariko, umuvuduko ntarengwa
c) iburyo iyo unyura ku nyamaswa w’amapikipiki mu isaha ni:
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo a) km 25
177. Iyo ubugari bw’inzira nyabagendwa b) km 70
igenderwamo n’ibinyabiziga budahagije c) km 40
kugirango bibisikane nta nkomyi abagenzi (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
bategetswe: 181. Ahatari mu nsisiro umuvuduko ntarengwa
a) kunyura mu nzira z’impande z’abanyamaguru wa velomoteri mu isaha ni:
b) guhagarara aho bageze (a) km 50
(c) koroherana b) km 40
d) gukuraho inkomyi c) km 30
178. Umuyobozi ugenda mu muhanda igihe d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
ubugari bwawo budatuma anyuranaho nta 182. Birabujijwe guhagarara akanya kanini
nkomyi ashobora kunyura mu kayira aha hakurikira:
k’abanyamaguru ariko amaze kureba ibi a) mu duhanda tw’abanyamagare
bikurikira: b) mu duhanda twagenewe velomoteri
a) umuvuduko w’abanyamaguru (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
b) ubugari bw’umuhanda d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
c) umubare w’abanyamaguru 183. Amatara maremare y’ikinyabiziga agomba

RESTRICTED
26

kutamurika mu bihe bikurikira: 187. Ikinyabiziga ntigishobora kugira amatara


a) iyo umuhanda umurikiwe umuyobozi abasha arenze abiri y’ubwoko bumwe keretse
kureba muri m 200 kubyerekeye amatara akurikira:
(b) iyo ikinyabiziga kigiye kubisikana nikindi a) itara ndangamubyimba
c) iyo ari mu nsisiro b) itara ryerekana icyerekezo
d) ibisubizo byose nibyo c) itara ndangaburumbarare
184. Ubugari bwa romoruki ikuruwe n’igare (d) ibisubizo byose ni ukuri
cyangwa velomoteri ntiburenza ibipimo 188. Itara ndanganyuma rigomba gushyirwa
bikurikira: aha hakurikira:
a) cm 25 a) ku nguni y’iburyo y’ikinyabiziga
b) cm 125 b) ku gice cy’inyuma ku kinyabiziga
c) cm 45 (c) ahegereye inguni y’ibumoso y’ikinyabiziga
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo d) ibisubizo byose ni ukuri
185. Uburyo bukoreshwa kugirango 189. Nibura ikinyabiziga gitegetswe kugira
ikinyabiziga kigende gahoro igihe feri idakora uduhanagurabirahuri dukurikira:
neza bwitwa: a) 2
a) feri y’urugendo b) 3
b) feri yo guhagarara (c)1
(c) feri yo gutabara d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo 190. Ibiziga by’ibinyabiziga bigendeshwa na
moteri n’ibya velomoteri kimwe n’ibya
186. Nta mwanya n’umwe feri ifungiraho romoruki zabyo bigomba kuba byambaye
ushobora kurekurana n’ibiziga keretse: inziga zihagwa zifite amano n’ubujyakuzimu
a) iyo bireba feri y’urugendo butari munsi ya milimetero imwe ku migongo
b) iyo kurekurana ari ibyakanya gato yabyo yose, n’ubudodo bwabyo ntibugire
c) iyo bireba feri yo guhagarara umwanya munini, ahantu na hamwe bugaragara kdi ntibigire aho
ubwo kurekurana bikaba bidashoboka bidakozwe byacitse bikomeye mu mpande zabyo. Ariko
n'umuyobozi ibyo ntibikurikizwa ku binyabiziga bikurikira:
(d) byose ni ibisubizo by’ukuri (a) ibinyabiziga bidapakiye kdi bitajya birenza

RESTRICTED
27

umuvuduko wa km 25 mu isaha ahateganye d) nta gisubizocy’ukuri kirimo


b) ibinyabiziga bya police bijya ahatarenga km 25 194. Iyo ikinyabiziga kitagikora cyangwa
uvuye aho biba cyoherejwe mu mahanga burundu ibyapa
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri ndanga bigomba gukurwaho bikoherezwa mu
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo biro by’imisoro, ibyo bikorwa mu gihe kingana
191. Birabujijwe kugenza ibinyabiziga gute:
bigendeshwa na moteri na za romoruki a) ibyumweru bibiri
zikururwa nabyo, iyo ibiziga byambaye inziga (b) amezi abiri
zidahagwa cyangwa inziga zikururuka zifite c) ukwezi kumwe
umubyimba uri hasi ya cm 4. Ariko ibyo d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
ntibikurikizwa ku binyabiziga bikurikira: 195. Inkombe z’inzira nyabagendwa cyangwa
a) ku binyabiziga by’ingabo z’umuhanda zishobora kugaragazwa
(b) ibinyabiziga bihinga iyo bigendeshwa mu n’ibikoresho ngarurarumuri ibyo bikoresho
karere katarenga km 25 uvuye aho ziba bigomba gushyirwaho ku buryo abagenzi
c) ibinyabiziga bya police babibona ku buryo bukurikira:
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo a) babona gusa ibumoso bwabo ibyibara ryera
192. Imirongo yera iteganye n’umurongo b) iburyo babona iby’ibara ritukura cyangwa risa
ugabanya umuhanda mo kabiri mu burebure n’icunga rihishije gusa
bwawo ugaragaza: (c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
a) ahanyurwa n’amagare na velomoteri d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
b) ahanyurwa n’ingorofani n’ibinyamitende 196. Iyo kuyobya umuhanda ari ngombwa
(c) ahanyurwa n’abanyamaguru bigaragazwa kuva aho uhera no kuburebure
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo bwawo n’icyapa gifite ubuso bw’amabara
193. Iyo harimo indi myanya birabujijwe akurikira:
gutwara ku ntebe y’imbere y’imodoka abana a) umukara
badafite imyaka ikurikira: b) umweru
a) imyaka 10 c) umutuku
(b) imyaka 12 (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
c) imyaka 7 197. Ku mihanda yagenwe na minisitiri ubifite

RESTRICTED
28

mu nshingano ibyapa biburira n’ibyapa b) toni 16


byerekana bigomba kugaragazwa kuva bwije c) toni 10
kugera bukeye n’urumuri rwihariye cyangwa d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
amatara ku mihanda cyangwa ibintu 200. Uretse mu mujyi kuyindi mihanda
ngarurarumuri. Igihe ijuru rikeye intera yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara
y’ahagaragara igomba kuba nibura: abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku
a) m50 binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa
b) m120 irenga hatarimo mukuzungu ni :
c) m150 a) toni 10
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo b) toni 12
198. Ibizirikisho by’iminyururu cyangwa c) toni 15
by’insinga kimwe n’ibindi by’ingoboka (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
bikoreshwa gusa igihe nta kundi umuntu
yabigenza kandi nta kindi bigiriwe uretse gusa 201. Iyo nta mategeko awugabanya
kugirango ikinyabiziga kigere aho kigomba by’umwihariko umuvuduko ntarengwa ku
gukorerwa kandi nturenze na rimwe km 20 mu modoka zidafite ibizibuza kwiceka kuberako
isaha, ibyo bizirikisho bigaragazwa ku buryo ariko zakozwe ni:
bukurikira: a) km 70 mu isaha
a) agatambaro gatukura kuri cm 50 z’umuhanda b) km 40 mu isaha
b) ikimenyetso cy’itara risa n’icunga rihishije (c) km 25 mu isaha
(c) icyapa cyera cya mpande enye zingana gifite d) km20 mu isaha
cm 30 kuri buri ruhande 202. Iyo nta mategeko awugabanya
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo by’umwihariko umuvuduko ntarengwa ku
199. Uretse mu mijyi, kuyindi mihanda modoka zidafite ibizibuza kwiceka kuberako
yagenywe na minisiteri ushinzwe gutwara ariko zakozwe ni:
ibintu n’abantu, uburemere ntarengwa a) km 20 mu isaha
bwemewe ku binyabiziga bifatanye bifite b) km 40 mu isaha
imitambiko itatu ni: c) km 35 mu isaha
(a) toni 12 (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo

RESTRICTED
29

203. Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo


kanini aha hakurikira : 206. Ibinyabiziga bifite ubugari bufite ibipimo
(a) imbere y’ahantu nyabagendwa hinjirwa bikurikira bigomba kugira amatara
n’ahasohokerwa n’abantu benshi ndangaburumbarare
b) mu muhanda aho ugabanyijemo ibisate a) metero 3
bigaragazwa n’imirongo icagaguye b) metero 2 na cm 50
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri c) metero 1 na cm 10
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
204. Iyo kuva bwije kugeza bukeye cyangwa 207. Nta tara na rimwe cyangwa
bitewe n’uko ibihe bimeze nk’igihe cy’ibihu akagarurarumuri bishobora kuba bifunze
cyangwa cy’imvura bitagishoboka kubona neza kuburyo igice cyabyo cyo hasi cyane kimurika
muri m 200, udutsiko twose tw’abanyamaguru kiba kiri hasi y’ibipimo bikurikira kuva ku
nk’imperekerane cyangwa udutsiko butaka igihe ikinyabiziga kidapakiye:
tw’abanyeshuri bari ku murongo bayobowe a) cm 30
n’umwarimu, iyo bagenda mu muhanda ku b) cm 20
isonga hakaba hari abantu barenze umwe c) cm 50
bagomba kugaragazwa kuburyo bukurikira: (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
a) imbere ni itara ry’umuhondo ritwariwe ibumoso 208. Ahari hejuru cyane y’ubuso bumurika
(b) inyuma ni itara ryumutuku ritwariwe ibumoso h’amatara ndangambere na ndanganyuma
n’umuntu uri ku murongo w’inyuma hafi ntihashobora kuba aharenze ibipimo bikurikira
y’umurongo ugabanya umuhanda mo kabiri hejuru y’ubutaka iyo ikinyabiziga kidapakiye:
c) A na B ni ibisubizo by’ukuri a) m1 na cm 50
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo b) m1 na cm 75
205. Imburira zimurika zemerewe gukoreshwa c) m 1 na cm 80
kugirango bamenyeshe umuyobozi ko bagiye (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
kumunyuraho aha hakurikira: 209. Buri modoka cyangwa buri romoruki
(a) mu nsisiro cyangwa ahandi hose ikuruwe n’iyo modoka bishobora kugira itara
b) ahegereye inyamaswa zikurura risa n’icyatsi kibisi bituma umuyobozi
c) hafi y’amatungo yerekana ko yabonye ikimenyetso cy’uwitegura

RESTRICTED
30

kumunyuraho. Iryo tara rigomba gushyirwa d) B na c ni ibisubizo byukuri


aha hakurikira: 213.Niki wakora mbere y’uko uhindura
a) hafi y’inguni y’ibumoso bw’ikinyabiziga icyerekezo?
(b) inyuma hafi y’impera y’ibumoso a) Gutanga ikimenyetso cy’ukuboko no
gukoresha amatara ndangacyerekezo.
bw’ikinyabiziga b) Itegereze neza niba icyapa kikwemerera
c) inyuma ahegereye inguni y’iburyo guhindura icyerekezo.
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo (c) A na B n’ibisubizo by’ukuri
210. Ubugari bw’imizigo yikorewe n’ipikipiki d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
ifite akanyabiziga ko kuruhande kimwe n’ubwa 214. Niki muribi wakwirinda mugihe ushaka
romoruki ikuruwe na bene icyo kinyabiziga kunyuranaho?
(a) Nyuma y’ikona ugategereza kubona
ntibushobora kurenza ibipimo bikurikira ku
uburyo bwo kunyuranaho.
bugari bw’icyo kinyabiziga kidapakiye: b) Mumuhanda w’icyerekezo kimwe
a) m 1.25 c) Aho utagomba kurenza ibirometero 30 mu
(b) cm 30 isaha.
c) cm 75 d) Ugeze mumuhanda utaringaniye neza
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo 214.Niki wakora mugihe usanze mu
bimenyetso bimurika harimo ibara
ry’umuhondo.

211. Mu gihe telefone yawe ihamagawe utwaye


imodoka wakora iki?
a) Kwitaba cyangwa guhagarara ako kanya
b) kutayitaba
(c) Gushyira imodoka iruhande ukayitaba
a) Kongera umuvuduko
d) B na c ni ibisubizo byukuri
b) Kugumana umuvuduko wari uriho.
212. Mu gihe telefone yawe ihamagawe utwaye
(c) Kwitegura guhagarara.
imodoka wakora iki?
d) Gufata feri cyane.
a) Kwitaba cyangwa guhagarara ako kanya
215.Mugihe ukurikiranye na
b) kutayitaba
romoruki,n’ukubera iki ugomba gusiga
(c) Gushyira imodoka iruhande ukayitaba
umwanya uhagije hagati yawe nayo?

RESTRICTED
31

a) Bituma ubasha gukata ikorosi vuba. c) Kugira ngo ujyane nabandi bayobozi
b) Bifasha umuyobozi wa romoruki bibinyabiziga.
kukurebera mundorerwamo. d) Kuko amatara yo ku muhanda ari kwaka
c) Bifasha romoruki guhagarara byoroshye. 219.Urimo kugenda munzira nyabagendwa ni
d) Bikurinda umuyaga. gute wanyura k’umuyobozi w’igare?
216. Utegereje gukata iburyo kwiherezo a) Kuvuza ihoni mugihe umunyuraho
ry’umuhanda.ukingirijwe nimodoka b) Kumunyuraho umwegereye
ihagaze.niki wakora? (c) Gusiga umwanya uhagije igihe
umunyuraho
(a) Guhagarara hanyuma ukagenda gake d) Kugabanya umuvuduko mbere y’uko
gake witonze kugezaho ureba neza. umunyuraho
b) Kwihuta wegera imbere aho ushobora 220. Niki wakora igihe utabona neza usubira
kureba ugafunga ikindi cyerekezo. inyuma ?
c) Gutegereza abanyamaguru bakakumenyesha a. Kumanura ikirahure cy’imodoka urebe inyuma
ko ntakibazo wakata. b.Gufungura umuryango w’imodoka ureba
d) Guhindukiza imodoka vuba kugirango inyuma
ushake indi nzira wakoresha. c. Gushaka umuntu uri hanze y’ikinyabiziga
217. Mugihe uri murugendo rurerure ukuyobora
mumuhanda urombereje w’ibice d. Gukoresha akarebanyuma kakwegereye
byinshi.niki wakora mugihe wumva
utangiye kugira ibitotsi? 220.Igihe ukurikiwe n’ikinyabiziga gitwara
a) Gucuranga umuziki cyane. abarwayi gicanye amatara y’intabaza
b) Kwihuta cyane kugirango usoze urugendo arabagirana. Wakora iki ?
vuba. (a) Kugihigamira ako kanya ndetse byaba
(c) Kuva mumuhanda urombereje w’ibice ngombwa ugahagarara
byinshi, ugahagarara ahantu hatekanye. b.Kongera umuvuduko kugirango ugisige
d) Ntagisubizo cy’ukuri kirimo. c. Kugumana umuvuduko wari ufite
218.Kuki ugomba gucana amatara mugihe d.Guhagarara bitunguranye mu muhanda
hatangiye kwijima? 220.Wifuza kugana ibumoso imbere yawe.
kubera iki ushaka umwanya mwiza kandi
a) Kugirango akerekanamuvuduko uhagije?
kagaragare neza. a) Kwemerera abandi bayobozi b’ibinyabiziga
(b) Kugirango abandi biborohere kukubona. kugutambukaho

RESTRICTED
32

b) Kugirango ubone neza ikindi kerekezo


ushaka gufata
c) Kugirango ufashe abandi bose bakoresha
umuhanda icyo ushaka gukora
d) Kwemerera abandi bayobozi b’ibinyabiziga a) b)
kukunyura muruhande rw’ibumoso
223. Utwaye ikinyabiziga inyuma ya
romoruki.umuyobozi wayo akaguha
ikimenyetso cyo kumutambukaho iburyo
kandi ugana ibumoso, wakora iki ?
(a) Kugabanya umuvuduko ukareka akagenda
b) Gukomeza iburyo bwawe
c) Kumunyuraho iburyo bwe (c) d)
d) Kugumana umuvuduko wari ufite
ukamuvugiriza ihoni 227.Kumanywa urumuri rudahagije hatabona
225Wegereye inzira y’abanyamaguru neza .Ni ayahe matara y’urugendo ugomba
ugasanga bategereje kwambuka. gukoresha.
Ugomba gukora iki? a) Amatara yo kubisika na matara kamena-
a) Kureka abakuze n’abafite ubumuga bihu.
bagatambuka mbere (b) Amatara kamena-bihu y’imbere
(b) Kugabanya umuvuduko witegura c) Amatara yo kubisikana
guhagarara d) Amatara kamena-bihu y’inyuma
c) Gukoresha amatara abamenyesha 227. Niyihe mpamvu ituma tugomba
kwambuka kugabanya umuvuduko mugihe hari
d) Gukoresha ibimenyetso byamaboko ibihu ?
bibemerera kwambuka a) Igihe feri idakora
224. Uri hafi kunyura k’umuyobozi b) Igihe uhumishijwe n’amatara yo
w’ikinyamitende. Muri ibi byapa kubisikana
bikurikira nikihe wakwitondera? c) Igihe moteri imara ngo izime
(d) Nuko biba bitoroshye kubona ikiri imbere

228. Niki ugomba gukora igihe uhagaze ku


muhanda igihe cy’ibihu?

RESTRICTED
33

(a) Kureka amatara ndanga akaguma yaka


a) Kureka amatara yo k,ubisikana na
kamena-bihu akaguma yaka
b) Kureka amatara yo kubisikana
akaguma yaka
c) Kureka amatara y’urugendo akaguma
yaka
229.Iki cyapa cyivuga iki?
a) Ntihanyurwa
(b) Birabujijwe guhagarara umwanya munini
c) Umuvuduko utarengeje
d) Inzira yabanyeshuli
231. Inzira nyabagendwa ifite ibyerekezo
bibiri, uruhande rw’ibumoso rudufasha iki ?

a) Umuvuduko ntarengwa 30 km/h


(b) Iherezo ry’umuvuduko muke ntarengwa
utegetswe.
b) Iherezo ry’Umuvuduko muto utegetswe
c) Umuvuduko uri hejuru 30 km/h

a) Kunyuranaho gusa, ntugaruke iburyo


230. Icyapa gikurikira kivuze iki? bwawe
(b) Kunyuranaho cyangwa ugakatira ibumoso
c.Hemerewe kugenda imodoka zihuta gusa
d.Gukatira iburyo gusa utanyuranyeho
232. Ni hehe byemewe kunyuranaho munzira
y’icyerekezo kimwe?

(a) ku gisate kiri Ibumoso bw’umuhanda

RESTRICTED
34

b.Kunyuranaho ntibyemewe
c.Ku gisate kiri iburyo bw’umuhanda gusa
d.Ku gisate cy’ibumoso cyangwa iburyo 235.Ibyapa bitegeka bikozwe muyihe
233. N’uwuhe muntu ushobora gusimbura shusho?
ibimenyetso byo mumuhanda, dutegetswe
kubaha?

a) Umuyobozi w’ikinyamitende
a) b)
b) Umunyamaguru
(c)Umukozi ubifitiye ububasha
d)Umuyobozi wa bisi

234.Iki cyapa gisobanura iki ?


(c) d)

236. Nikihe cyapa cyerekena ko nta kinyabiziga


(a)Iherezo ry’ibibuzwa byose mu karere ku
gifite moteri cyemerewe kuhanyura?
binyabiziga bigenda
b.Ntihemerewe kuhahagarara
c.Umuvuduko ntarengwa wemewe
d.Nta gisubizo cy’ukuri kirimo a) (b)

c) d)
237.iki cyapa gisobanura iki ?

RESTRICTED
35

a) Umuhanda uzenguruka
b) Igice cy’umuhanda uzenguruka
a) Uburenganzira bwo gutambuka mbere (c) Aho banyura bazengurutse
b) Nta kinyabiziga kigendeshwa na moteri d) Ibisubizo byose nibyo
c)ibyerekezo bibiri by’umuhanda 240.Iki cyapa gisubanura iki?
(d)Birabujijwe kunyuranaho

a)Iteme ridahoraho
(b) Umuhanda utaringaniye
c)Umuhanda w’injira mu kuzimu
d)Ubutaka bworoshye
238. Imbere yawe iki cyapa kikubwiye iki ? 241. Iki cyapa gisobanura iki?

a) Umuvuduko ntarengwa wemewe (a) Umuyaga w’intambike


b) Iherezo ry’ibyo wabuzwaga b) Urusaku rwo mu muhanda
(c)Guhagarara umwanya munini n’umwanya c) Ikibuga cy’indege
moto ntibyemewe d) Ibisubizko byose nibyo
d.Birabujijwe kuhinjira 242. Iki Cyapa Gisobanura Iki?

239.Iki cyapa gisobanura iki?

RESTRICTED
36

a) Iherezo Ry’inzira Y’abanyamaguru a) Inzira y’abanyeshuri


(b) Iherezo Ry’umuhanda Urombereje W’ibice b) Abanyamaguru ntibemerewe
Byinshi c) Agace k’abanyamaguru nta kinyabiziga
c) A Na B Ni Ibisubizo By’ukuri (d) Hegereye aho abanyamaguru bambukira
d) Nta nzira ihari
243.Iki cyapa gisobanura Iki? 246. wakora iki ubonye icyi cyapa ?

a) Iherezo Ry’umuhanda Wi Byerekezo


Bibiri a) guhagarara gusa igihe ibinyabiziga
b) Iteme rinini Kandi rirerire bikwegereye
(c) Ifungana Ry’umuhanda (b) guhagarara niyo nta kinyabiziga ubona
d) Iherezo ry’iteme rifunganye c) Guhagarara gusa niba hari abana bategereje
244.Iki cyapa gisobanura iki? kwambuka
d) Guhagarara gusa igihe ikimenyetso cyaka
ari umutuku
247. Iki cyapa gisobanura iki?

a) Isangano rifite ishusho ya T


(b) Inzira idakomeza
c) Aho baterefonera (a) Uguhinguka ku mwaro cyangwa ku nkombe
d) Nta gisubizo cy’ukuri cyangwa ahegereye icyome
245.Iki cyapa gisobanura iki? b) Inzira nyabagendwa iri kumusozi ucuramye

RESTRICTED
37

c) Umuhanda utaringaniye n’inzira ya gari ya moshi ibambiye


d) Umuhanda wangijwe n’isuri b) Inzira ibambiye imbere
c) Inzira itabambiye itanafunze
d) Imbere hari ikiraro cy’amatungo
248. Iki cyapa gisobanura iki? 251.Iki cyapa gisobanura iki?

a) Umuhanda wubatswe nabi


a) Hanyurwa na velomoteri gusa (b) Agacuri kateza ibyago
b) Nta modoka c) Umuhanda utaringaniye
c) Hanyurwa nimodoka gusa d) Akazamuko gahanamye
(d) Ntihanyurwa n’amapikipiki
252. Iki cyapa gisobanura iki?
249. Icyapa gitanga uburenganzira bwo
gutambuka mbere kigira iyihe shusho?

a) b)
a) Guhindura icyerekezo ibumoso ugana aho
bahagarara
(b) Umuhanda udakomeza
c) (d) c) Nti byemewe guhindura icyerekezo
250. Iki cyapa gisobanura iki? ibumoso
d) Guhindura ikirekezo ibumoso ugana ku
cyome

253. Mu bimenyetso bimurika itara ritukura


rivuga iki ?
(a) Ahegereye amasangano y’inzira nyabagendwa

RESTRICTED
38

a) Hagarara kereste niba ushaka gukata a) Kwitegura kugenda


ibumoso (b) Uburenganzira bwo kurenga icyo
b) Hagarara niba ubona ntabyago byaguteza kimenyetso
(c) Birabujijwe kurenga icyo kimenyetso c) Hagarara niba inzira isohoka mu isangano
d) Wemerewe kugenda niba aho asohokera ry’imihanda ifunze
mu masangano y’umuhanda hafunze d) Ntagisubizo cyukuri kirimo
254. Mubimenyetso bimurika itara 256. Umurongo ucagaguye wera mu muhanda
ry’umuhondo risobanura iki ? usobanura iki?

a) Itegure kugenda
(b) Birabujijwe gutambuka umurongo wo (a) Birabujijwe kuwurenga
guhagarara umwanya muto cg igihe uwo a. Birabujijwe kuhahagarara
murongo udahari icyo kimenyetso ubwacyo b. Wegereye ahaguteza ibyago
c) A na b ni ibisubizo by’ukuri c. Kunyuranaho ntibyemewe
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo 257. Iki cyapa gisobanura iki?

255. Mubimenyetso bimurika itara ry’icyatsi


risobanura iki ?

(a) Ukugendera mu muhanda ubisikanirwamo

RESTRICTED
39

b) Ukugendera mu muhanda
ubisikanirwamo ntibyemewe
c) Cyerekana aho umunyegare agomba
kunyura
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
258. Iki cyapa gisobanura iki?
a) Imbere hari umuyobozi w’amatungo.
b) Imbere hari inzira ya gari ya moshi.
(c) Ahegereye amasangano y’inzira
nyabagendwa n’inzira ya gari ya moshi
hatabambiye
d.Inkomane ibambiye.
a) Ahatangirwa serivisi ni muri metero 30. 261. Muri iri sangano ry’umuhanda hari
b) Umuvuduko munini ntarengwa utegetswe icyapa gisobanura “guhagarara” n’umurongo
ni 30 km/h. wera urombereje munzira .
(c) Umuvuduko muto ntarengwa utegetswe ni Niyihe mpamvu hari iki cyapa cyo
30 km/h. “guhagarara” hano?
d) Aho ibinyabiziga bihagarara ni imbere mu
birometero 30.
259. Iki cyapa gisobanura iki?

a) Ahegereye umuhanda unyerera.


b) Imbere ipine ryapfumutse. (a) Biragoye kubona neza mu muhanda munini
(c)Ahegereye icyago kidasobanuye ukundi. b) Umuvuduko mu muhanda munini wavanyweho
d.Imbere hari hatangirwa serivisi. c) Ni mwisangano ry’umuhanda rikoreshwa cyane
260. Iki cyapa gisobanura iki? d) Hari imirongo iburira ibyago bitunguranye
262.Ni iki gikenewe muri ibi bikurikira
kugirango ubashe gutwara imodoka mu

RESTRICTED
40

muhanda biteganywa nitegeko ubufasha


a) Uruhushya rwa burundu rwo gutwara b) A na b ni ibisubizo by’ukuri
ibinyabiziga rugifite agaciro c) Nta gisubizo cy’ukuri
b) Ubwishingizi bw’ikinyabizaga bugifite agaciro
c) Icyemezo cy’iyandikwa ry’ikinyabiziga 266. Umuyobozi w’ikinyabizaga cy’ikoreye
(d) Ibisubizo byose nibyo ibintu bishobora gufata inkongi, n’ikihe cyapa
cyerekana ko ibyo atwaye biturika by’afata
263.Ikinyabiziga gishya gikenerwa gusuzumwa inkongi ?
bwambere nyuma y’igihe kingana iki ?
a)
a) Nyuma y’umwaka umwe
(b) Nyuma y’imyaka ibiri
c)A na b ni ibisubizo by’ukuri
d)Nta gisubizo cy’ukuri (b)
264.Ni ryari ushobora kwakiriza icyarimwe
amatara yose ndangacyerekezo y’ikinyabiziga
?
a) Mu gihe ushaka kuburira abandi
c)
bakoresha umuhanda
b) Mu gihe ikinyabiziga cyawe gishobora
guteza ibyago
(c) A na b ni ibisubizo by’ukuri
d) Ntagisubizo cy’ukuri
265.Ugeze ahabereye impanuka yo mumuhanda d)
bwambere ugasanga abakomeretse bikomeye. 267.Wakoze impanuka yo mu muhanda , ni
wakiriza icyarimwe amatara y’ibyerekezo ikihe cyangombwa polisi ishobora kugusaba
byombi, niki kindi ushobora gukora? kucyerekana ?

a) Icyemezo cy’iyandikwa ryi ikinyabiziga


(b)Uruhusa rwa burundu rwo gutwara
(a)Kumenya neza niba imbangukiragutabara ikinyabiziga
yahamagawe b) Uruhushya rwagateganyo
a) Guhagarika ibinyabiziga bindi no kubasaba c) Imikorere y’ikinyabiziga

RESTRICTED
41

268. Uhuye n’ingorane utwaye ikinyabiziga ,


mu muhanda ufite ibyerekezo bibiri, ufite
ikimenyetso kiburira cya mpandeshatu .
wagishyira mu ntera ingana iki uvuye aho
ikinyabiziga cyahagaze

(a)ibyago
a) Metero 5 a) ibibujijwe
(b) Metero 25 b) ibitegetswe
c) Metero 45 c) ntagisubizo cy’ukuri kirimo
d) Metero 100
269. Umuyobozi usunika ipikipiki agomba 271. Iki cyapa gisobanura :
gufatwa nka:

(a) uburenganzira bwo gutambuka mbere


b) uburenganzira bwo gutambuka mbere mu
yandi masangano y’umuhanda akwegereye
c) ibyago imbere mu masangano y’umuhanda
ukwegereye
d) a na b ni ibisubizo by’ukuri
a) Umunyamaguru
(b)Umuyobozi w’ikinyabiziga
c)Umugenzi
d)A na b ni ibisubizo by’ukuri
270. Icyapa gikoze mw’ishusho ya
mpandeshatu kimenyesha:

RESTRICTED
42

a) Hoteli
(a) Ntihanyurwa n’abanyamaguru (b) Ibitaro
b) Akayira kabanyamaguru c) Ahagenewe kugwa kajugujugu
c) Aho abanayamaguru bambukira d) B na c ni ibisubizo by’ukuri
d) B na c ni ibisubizo by’ukuri
273. Urenze munsisiro ,ukahasanga ibyapa 275. igice kinzira nyabagendwa gikikijwe
bibiri iburyo bwawe bimenyesha ko irangira n’imirongo ibiri y’umweru iciyemo uduce
ry’imirimo bitewe nicyo ibyo byapa kandi iteganye :
bemenyesha wagendera kuwuhe muvuduko ?

a) ahagenewe guhagarara umwanya munini


n’umuto
a) 70 km/h b) ahagenewe abanayamaguru
b) 50 km/h (c) ahagenewe inzira y’ibinyamitende
c) 40 km/h d) a na b ni ibisubizo by’ukuri
(d) 80 km/h 276. iki cyapa kibuza abayobozi bibinyabiziga
274. Iki cyapa gisobanura iki? kunyuranaho :

RESTRICTED
43

a) iburyo
(b) ibumoso a) yego
c) iburyo n’ibumoso b) yego ariko utanga inzira
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo kubanyamaguru
277. Iki cyapa kibuza kunyuranaho ibumoso c) yego utanga inzira kubandi bayobozi
ku binyabiziga bikurikira : b’ibinyabizaga baturutse mukindi
cyerekezo
(d) oya
279. Mu muhanda ufite uruhererekane
rw’amakoni, feri y’urugendo ikoreshwa ryari?

a) ku binyabiziga byose
b) ku binyabiziga byose bifite moteri
(c) kubinyabiziga byose uretse ibinyamitende
ibiri n’amapikipiki adafite akanyabiziga ko (a) Mbere ya buri koni
k’uruhande b) Muri buri koni
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c) Nyuma ya buri koni
278. iki kimenyetso cyaka kinyemerera d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
gukomeza:
280. Ni ikihe cyapa muri ibi kintegeka gutanga
inzira:

RESTRICTED
44

a) yego
a) Icyapa A19 b) yego usibye urugendo rurerure
(b) Icyapa B5 c) yego usibye urugendo rugufi
c) Icyapa B6 (d) Oya
d) Ntagisubizo cy’ukuri kirimo 283.Ni ikihe cyapa cy’inyemerera gutambuka
mbere mu masangano y’umuhanda?
281.Iki cyapa gisobanura :

(a) utubuye dutaruka mu muhanda


b) umuhanda urimo amazi
c) umuhanda unyerera (a) Icyapa B3
d) a na b ni bisubizo by’ukuri b) Icyapa A22 a
282. Uri umuyobozi wa velomoteri, uhuye c) Icyapa A 20
n’umwe munshuti zawe agusaba ko wa d) Ibisubizo byose ni ukuri
mutwara ukamusiga ku’wundi muhanda. ufite
imyaka 18 ariko nta ngofero yindi yabigenewe
ufite. wamutwara?

284. Mbere yo kunyura kumuyobozi


w’ikinyabiziga cy’imitende ibiri, ngomba

RESTRICTED
45

gucana akaranga cyerekezo k’ibumoso? 286.Hejuru y’aka kanunga:

(a) Yego buri gihe a) Nshobora kunyura ku kinyabiziga icyo


b) Yego igihe hari ikinyabiziga kinkurikiye aricyose mu gihe nagabanyije umuvuduko
c) Yego iyo nkurikiwe nibindi binyabiziga b) nshobora kunyura gusa kubinyabiziga
by’imitende ibiri by’imitende ibiri
d) Oya nta na rimwe kunyura kubinyabiziga (c) kunyuranaho ibumoso birabujijwe
by’imitende ibiri d) a na b ni ibisubizo by’ukuri

285. Nshobora kunyuraho umuyobozi


w’ikinyabiziga wahagaze imbere y’inzira
yabanyamaguru?

287.Mu gihe cy’impanuka mu muhanda


n’ubundi bushotoranyi ni yihe nimero ya
telefone y’ubutabazi wahamagara :

a) yego
b) yego nyuma yo kuvuza ihoni
c) yego mu gihe nkurikiwe n’ibindi
binyabiziga
(d) Oya a) 911
b) 100
(c) 112

RESTRICTED
46

d) 131
288.Ugeze bwa mbere ahabereye impanuka yo a. Nta kindi kinyabiziga kinturutse inyuma
mu muhanda harimo inkomere wakora iki ? (b) Umuhanda ubona neza, no kwitondera
kunyuranaho
c. Ikinyabiziga kinturutse imbere gishaka
gukatira I buumoso
d. Nta gisubizo cy’ukuri
292.Ikindi kinyabiziga kiguturutse inyuma
kiguterera amatara y’urumuri rumyasa,
wakora iki?
a. Kongera umuvuduko kugira ngo intera iri
hagati yawe n’ukuri inyuma igumeho
b. Fata feri y’urugendo kugira ngo umwereke
ko ugiye guhagarara
a) gusohora inkomere mu kinyabiziga (c) Emerera icyo kinyabiziga kugutambukaho
b) kubaha icyo kunywa niba imbere ntacyago gihari
(c) ku menyesha impanuka no guhamagara d. Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
ubutabazi 293.Mu gihe Umuntu ufite ubumuga bwo
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo kutabona yambuka umuhanda yitwaje inkoni
289.Mugihe ikinyabiziga cyacu bakinyuzeho yera y’abatabona:
(a) Tugomba kugabanya umuvuduko
b. Tugomba kongera umuvuduko (a) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba gufata iyo
c. Tugomba kongera umuvuduko n’ubwitonzi nkoni nk’icyapa kimumenyesha ko agomba
d. Nta gisubizo cy’ ukuri kirimo guhagarara
b. Vuza ihoni ukomeze
290.Ntibyemewe gukoresha telephone c. Gabanya nurangiza ukomeze witonze
d. Ibisubizo byose ni ukuri
a. Mu biro bya leta 294.Amatara y’urugendo, mu gihe cy’ibihu:
b. Mu biro bya Polisi
(c) Igihe utwaye ikinyabiziga a. Ni meza kuko atuma ureba kure
d. Ibisubizo byose ni ukuri (c) Ni mabi kuko arakugarukira akaguhuma
291.Mbere yo kunyura ku kindi kinyabiziga, ni amaso
ngombwa kumenya ko: c. Akwizeza ko abandi bakubona

RESTRICTED
47

d. Nta gisubizo cy’ukuri b. Kuzimya ucana amatara maremare n’amagufi


295.Gutwara uzungazunga mu muhanda: (c) Kuzimya amatara maremare kugeza ikindi
kinyabiziga gitambutse
a. Ni bibi ku kinyabiziga cy’imitende ibiri d. Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
(b) Ni bibi igihe cyose 299. Igihe umuyobozi w’inyamaswa, afite
c. Ni bibi ku kinyabiziga cy’imitende ine inyamaswa idatuje, asaba ko ibinyabiziga
d. Nta gisubizo cy’ukuri bihagarara:

(a) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba guhagarara


a. Umuyobozi w’ikinyabizigaagomba kuvuza
296.Telephone ngendanwa ntigomba ihoni agukomeza
gukoreshwa: b. Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba
kugabanya umuvuduko
a. Ahari ibimenyetso bimurika c. Ibisubizo byose ni ukuri
b. Igihe utwaye ikinyabiziga Ku muvuduko wa 300.Iyo mu muhanda hashushanyijemo
20km/h umurongo wera ucagaguye, ntugomba
c. A na B ni ibisubizo by’ukuri
(d) Nta gisubizo cy’ukuri a. Ntugomba kujya mu kindi gice cy’umuhanda
297.Kunyuranaho bibujijwe gusa igihe: (b) Ushobora kujya mu kindi gice cy’umuhanda
bibaye ngombwa
a. Igihe mu muhanda hagati hashushanyijemo b. Agomba guhagarika ikinyabiziga
umurongo w’umweru ucagaguye. c. Nta gisubizo cy’ukuri
(b) Umuhanda ushushanyijwemo umurongo wera 301.Kuvuza ihoni bibujijwe:
udacagaguye
c. Ikinyabiziga gitwawe ku musozi unyerera a. Ku musigiti, ku rusengero, ku rutambiro
d. Nta gisubizo cy’ukuri (b) Hafi y’ibitaro
c. Hafi y’ubuyobozi bwa polisi
298.Mu gihe utwaye ikinyabiziga ni joro ucanye d. Nta gisubizo cy’ukuri
amatara maremare ugahura n’ikindi
kinyabiziga giturutse mu kindi cyerecyezo:
302.Icyemezo cy’Isuzuma ry’ikinyabiziga
kimara igihe kingana iki?
a. Gukomeza ibumoso

RESTRICTED
48

a. Amezi 6 kubinyabiziga bikora ubucuruzi


b. Amezi 12 ku binyabiziga bidakora ubucuruzi
c. Imyaka 2
(d) A na B ni ibisubizo by’ukuri
303. N’iyihe myifatire myiza wagira ugeze aho
abana bari hafi y’inzira nyabagendwa?

a. Ikomereze nkaho ataragera munzira


nyabagendwa
(b) Itegure kureka uwo mwana w’umuhungu
atambuke, kuko yajya mu muhanda atitaye ku
kinyabiziga cyawe
c. Gabanya umuvuduko ubwire uwo mwana
yambuke ukoresheje ibimenyetso
d. Komeza nkaho uwo mwana akiri munzira
y’abanyamaguru

(a) Itonde , witegereze ni biba ngongwa ubaburire 305.Nk’umuyobozi w’ikinyabiziga, n’iyihe


unitegura kuba wahagarara. myitwarire wagira?
b) Ihute urenge aho abo bana bari
c ) Komeza ugume ku muvuduko munini
d) Komeza ugendere kuruhande rw’iburyo

304.Umuyobozi w’ikinyabiziga yegereye aho


umwana w’umuhungu utwaye akagare k’abana
asezera ku nshuti ye . N’iyihe myifatire myiza
wagira imbere yabo?
(a) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba gukomeza
b. Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba kuguma
mu ruhande rw’iburyo kugira ngo ahe inzira
umumotari
c. Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba gutegereza

RESTRICTED
49

d. Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba gutanga (b) Sibyiza ko yazinyuraho atabasha kureba neza
inzira ayiha umu motari imbere ye
c. Ibyapa by’aho ageze ntibimwemerera
306.Umuyobozi w’ikinyabiziga ageze hafi kunyuranaho
y’inzira y’abanyamaguru yakwitwara ate? d. Imbere har’inzira y’abanyamaguru
308.N’iki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora
ashaka gukatira iburyo?

(a) Kugabanya umuvuduko mu gihe cyiza,


ukitegura guhagarara
b. Gukomeza agendera ku muvuduko uri hejuru,
mu gihe umunyamaguru ategereje
c. Kuguma ku muvuduko yari afite mu gihe
a. Vuza ihoni umenyesha umunyegare ko
umunyamaguru atarambuka
ushaka gukatira iburyo
d. Kuvuza ihoni akaguma ku muvuduko
b. Kata ikoni mbere y’umunyegare
yahozeho
(c) Emerera umunyegare akomeze inzira ye
d. Ongera umuvuuko kugira ngo umutange
307.Umuyobozi w’ikinyabiziga akurikiye
gukata mbere ye
ibinyabiziga bibiri, yifuza kubinyuraho. N’iki
yashingiraho mbere yo kubanyuraho?

a. Ugomba kuzinyuraho zombi

RESTRICTED
50

309. N’ayahe matara umuyobozi w’ikinyabiziga


agomba gukoresha mugihe cy’ibihu?

a)Aha umuyobozi w’ikinyabiziga ntashobora


kumunyuraho
b)Atarenze umurongo wera ucagaguye
(a) Amatara kamena bihu y’imbere n’ay’inyuma (c) Arenze umurongo wera ucagaguye
hamwe n’amatara magufi d)Nta kurenga iyi mirongo yombi
b) Amatara kamenabihu y’imbere n’ay’inyuma
312. N’iki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora
c) Amatara magufi
aramutse ahumishijwe n’urumuri rw’amatara
d)Urumuri rusanzwe
yikinyabiziga giturutse mu kindi cyerekezo?
310.Muri ibi binyabiziga n’ikihe gihagaze nabi?

(a) Ibinyabiziga byombi


b. Ikinyabiziga cy’icyatsi a)humisha ikinyabiziga giturutse mu kindi
c. Ikinyabiziga cy’umutuku cyerekezo ucana amatara maremare.
d. Nta n’imwe (b)Egera kunkombe y’iburyo bw’umuhanda
nibinashobioka ugabanye umuvuduko.
311. Ni gute umuyobozi w’ikinyabiziga yanyura
c)Canira amatara ikinyabiziga kiva mukindi
kumunyegare hano?
cyerekezo
d)Ongera umuvuduko kugira ngo usohoke mururwo
rumuri vuba bishoboka
313. Niki ugomba gukora igihe wegereye

RESTRICTED
51

ikimenyetso kimurika kiva mucyatsi kijya c. Amatara yoguhagarara ashobora kuzima


mumuhondo? ikinyabiziga gikomeza gusubira inyuma
(d) Umuyobozi w’ ikinyamitende ashobora
guhagarara bitunguranye
315. Aha niki umuyobozi w’ ikinyabiziga yakora
mugihe ashaka kujya iburyo?

a)Ongera umuvuduko kugirango usoze ikoni


b)Komeza kuko itara ry’icyatsi rigiye kwaka.
(c )Hagarara niba utateza ibyago
d)Komeza ubwitonzi witegura guhagarara mugihe
itara rihindutse umutuku a. Gukomeza hagati y’ abanyamaguru babiri
314. Niki umuyobozi w’ ikinyabiziga akwiriye b. kuvuza ihoni akongera umuvuduko
kumenya mugihe akurikiye umuyobozi (c )Guhagarara akareka abanyamaguru
wikinyamitende ibiri kandi imodoka y’ umweru bakambuka
iri gusubira inyuma ijya mumuhanda? d) Reka umunyamaguru umwe atambuke
ubone umwanya wogutambuka
316. Aha umuyobozi w’ ikinyabiziga ashobora
kunyura kuri aba abanyamagare?

a. Umuyobozi wikinyabiziga gisubira inyuma


azahagarara nabona umuyobozi w’
ikinyabimitende ibiri
b. Umuyobozi w’ ikinyamitende ibiri ashobora
gusaba umuyobozi w’ ikinyabiziga gisubira (a)Oya, umuyobozi ntashobora kureba imbere neza
inyuma guhagarara b) Yego, kuko umurongo wera ucagaguye

RESTRICTED
52

udashobora kuba udacagaguye. gukata ikoni ry’iburyo


c)Yego, abanyamagare bazumva imodoka bave b)Ikinyabiziga cya kabiri kiri mu buryo bwiza bwo
munzira gukata ikoni ry’iburyo
d)Yego, kuko buri kinyabiziga kiva mukindi c)Ikinyabiziga cya gatatu kiri mu buryo bwiza bwo
cyerekezo gishobora kuguha inzira gukata ikoni ry’iburyo
317. Aha niki umuyobozi w’ ikinyabiziga yakora? d)Ikinyabiziga cya kane kiri mu buryo bwiza bwo
gukata ikoni ry’iburyo

319. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora mu


gihe abonye icyapa kiburira cya mpande eshatu
gitukura mu muhanda?

a)Hagarara utegereze amabwiriza


(b)Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba kugabanya
(a) Kwemerera abanyamaguru kwambuka umuvuduko ateganya icyago imbere ye
umuhanda c)Kukireka, ukagumana umuvuduko ufite
b)Kuvuza ihoni agakomeza ugakomeza
c)Tengereza munzira y’ abanyamaguru kugeza d)Hagarara kuri icyo cyapa cya mpande eshatu
imidoka izimye mbere yo gukomeza
d)Kongera umuvuduko mbere yuko abanyamaguru 320.Niki umuyobozi w’ikinyabiziga agomba
bambuka gukora ahuye n’amatungo mu muhanda?
318. Muri ibi binyabiziga bine ni ikihe kiri mu a. Kuvuza ihoni kugirango zihunge
buryo bwiza bwo gukata ikoni ry’iburyo kiva mu (b) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba kugabanya
muhanda munini kijya mu muto? umuvuduko zigatambuka
c. Kwatsa amatara maremare kugirango
utambuke wihuta mu buryo bushoboka bwose
d. Kuvuza ihoni ukanyuraho witonze
321.Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora
abonye otobisi iri kuva aho zagenewe
guhagararwamo?

a. Gukomeza iruhande kuko ufite


(a)Ikinyabiziga cya mbere kiri mu buryo bwiza bwo uburenganzira bwo gukomeza

RESTRICTED
53

(b) Gabanya umuvuduko maze ureke ikomeze kunyuranaho


c. Gerageza unyureho kugirango atagutinza c. Kuhahagara biremewe
d. Menyesha umuyobozi wa otobisi aguhe d. Guhindukira ku manywa
inzira 325. Umuyobozi w’ikinyabiziga ugeze mu
322. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora isangano ry’umuhanda ugenzurwa ni
mugihe ahuye n’ikinyabiziga cyakije itara ibimenyetso by’amatara yaka agasanga ataka
ry’umuhondo rimyatsa? (adakora), yakora iki?
a. Mu gihe ikinyabiziga giturutse mu kindi a) Guca mu isangano n’ubwitonzi nkaho
cyerekezo kitagishoboye kugenda ntakimenyetso kikuyobora kirimo, witondera
b. Mu gihe ikinyabiziga ndakumirwa giturutse abandi bayobozi b’ibinyabiziga
mu kindi cyerekezo b) Gutwara neza ntagutinda mw’isangano
c. Mu gihe ikinyabiziga giturutse mu cyindi c) Guhagarara mw’isangano no guha inzira
cyerekezo cy’ihuta abayobozi b’ibinyabiziga baturuka iburyo
(d) Kugabanya umuvuduko witegura guhagarara bwawe
323. Umuyobozi w’ikinyabiziga yakara iki mu d) Gucana amatara yose ndanga cyerekezo
gihe anyuzweho nikindi kinyabiziga? ugakomeza
(a) Gukomezanya umuvuduko warufite 326. Ni iki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora
b. Kujya i buryo ahuye n’ishyo ry’amatungo munzira
c. Kujya I bumoso nyabagendwa?
d. Kwongera umuvuduko a) Kuvuza ihoni kugirango ayo matungo
324. Umurongo w’umweru urombereje uciye atambuke
hagati mu muhanda uvuze iki? b) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba
kugabanya umuvuduko no gutambukana
ubwitonzi
c) Kwatsa amatara maremare n’amagufi no
gutambuka vuba bishoboka
d) Kuvuza ihoni no gutambukana ubwitonzi
327.Umuyobozi w’ikinyabiziga yakora iki igihe
ageze ku kazamuko gashinze cyane ?

a) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba


a. Umuyobozi wese abujijwe
kugabanya umuvuduko akaguma kuruhande
kuwurenga
rw’iburyo yirinda ibyago
b. Abanyamitende wemerewe

RESTRICTED
54

b) Gukandagira ikirenge cya amburiyage no b) kuguma inyuma yacyo kugirango yemerere


kuvuza ihoni ryo kumunyesha ibindi binyabiziga gutambuka
c) Kugumana umuvuduko n’ikirekezo wari c) gutwarira inyuma ye umwegereye cyane
ufite mu muhanda kugirango ureke ibindi binyabiziga
d) Guhagarara ku mpera zuwo musozi bibanyureho
328. Umuyobozi w’ikinyabiziga yakora iki ahuye d) gutanga ibimenyetso kubindi binyabiziga ko
n’ikinyabiziga giturutse mukindi kerekezo, byabanyuraho
gicanye amatara yumuhondo aburira ? 331.Niryari amatara ndanga cyerekezo agomba
a) Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba kugabanya kugaragazwa kubandi bakoresha umuhanda ?
umuvuduko no gutambukana ubwitonzi A) igihe gusa ari ngombwa amenyesha ibindi
b) Ikinyabiziga cy’ubutabazi binyabiziga bimukurikiye
c) Yagize ibyago B) igihe gusa aringombwa kuburira abandi
d) Umuvudoko urenze bayobozi bava mukindi cyerekezo
329.Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora C) mugihe gikwiye ushaka kumenyesha abandi
ageze hafi y’inzira ifunganye igihe ahuye bakoresha umuhanda icyo ugiye gukora
n’ikindi kinyabiziga giturutse mukindi D) keretse ahari ibimenyetso byo mu muhanda
cyerekezo? byerekana icyerekezo cyawe

a) Agomba kuguma mumwanya yarimo 332.Gutinda gutanga ibimenyetso ku muyobozi


agategereza gutambuka kwikindi kinyabiziga w’ikinyabiziga ni gute bibangamira abandi
b) kugabanya umuvuduko no gusiga umwanya bakoresha umuhanda ?
uhagije hagati y’ibinyabiziga byombi
c) gutegereza ko undi muyobozi w’ikinyabiziga
ava mu muhanda a) bigira ingaruka gusa kubaturuka mukindi
d) gutwarira ikinyabiziga mu muhanda hagati cyerekezo
kugirango abandi bayobozi bahagararare b) bishobora gutuma batabona igihe gihagije cyo
gushyira mubikorwa icyo amenyeshejwe
c) baba bafite igihe gihagije cyo gushyira mu
330.Umuyobozi w’ ikinyabiziga agendera bikorwa ibyo bamyeshejwe
inyuma y’ikindi kinyabizaga akaba adateganya d) ntacy bibabangamiraho
kukinyuraho yakora iki ? 333.Ni ubuhe buryo bwiza bwakurikizwa igihe
a) kuguma yicyo kinyabiziga hagati mu hari umuntu wakomerekeye mu mpanuka yo
muhanda mu muhanda ?

RESTRICTED
55

a) Ku mushyira kunkengero y’umuhanda d) Gutwarira hafi y’umurongo ugabanya


b) Kutamukuramo keretse mugihe hari ibyago umuhanda mo kabili
byaterwa n’inkogi y’umuriro cyangwa 336. Umuyobozi w’ikinyabizaga uri kugendera
akaba ashobora kugongwa n’ikindi mu muhanda w’ibyerekezo bibiri nuruhe
kinyabiziga no guhamagara ababishinzwe ruhande rw’umuhanda agomba gukoresha ?
c) Gusaba uwakomeretse kunyeganyeza ibice a) uruhande rw’ibumoso bw’umuhanda uretse
by’umubiri kugirano umenye aho igihe atawaye imashini zihinga cyangwa
ibikomere bye bigarukira zikoreshwa indi mirimo
d) Guhumuriza uwakometse ukamuha b) Mu gice cy;umuhanda yumva ashaka
ikinyobwo gikonje c) Mu gice cy’iburyo bw’umuhanda uretse igihe
334.Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora ashaka kunyuranaho cyangwa gukata ibumoso
igihe agize uruhare mu mpanuka yo mu d) Ku ruhande rw’ibumoso bw’umuhanda
muhanda , aho ntawakometese ariko
ibinyabiziga bikaba byateza icyago cyangwa 337.Igihe umuyobozi w’ikinyabiziga atwaye mu
byafunze umuhanda ? muhanda urombereje w’ibice byinshi agomba
a) Gushushanya aho zagonganiye no kugendera mu kihe gice cy’umuhanda ?
kuzishyira kuruhande a) Kugendera mugice icyo aricyo cyose kirimo
b) Gukuramo abagenze ugashyiraho icyapa cya ibinyabiziga bike
mpandeshatu girukura kumodoka b) Kugendera kugice cy’ibumoso keretse
c) Gutegereza ko abapolisi bahagera mbere yo ushaka gusohokera iburyo
gukura ibinyabiziga mu muhanda c) Kugendera mu gice cy’iburyo bw’umuhanda
d) Guhagarika ibindi binyabiziga kugeza keretse ushaka kunyuranaho
ikibazo gikemutse mukabona kubikura mu d) Ntagutwarira mu ruhande rw’iburyo
muhanda bw’umuhanda kuko hagenewe imodoka
335.Igihe umuyobozi w’ikinyabiziga agendera ziremereye n’imodoka nini zitwara abantu.
munzira y’icyerekezo kimwe akifuza gukata 338.Umuyobozi w’ikinyabiziga yakora iki igihe
ibumoso yakora iki? ageze aho banyura bazenguruka?
a) gutwara yegera umurongo wo hagati mu a) Tanga inzira ku binyabiziga byamaze
muhanda yerekeza ibumoso kwinjira aho banyura bazunguruka
b) gutwara yegera uruhande rw’iburyo b) Tanga inzira kubinyabiziga biremereye
bw’umuhanda gusa
c) gutwara yegera ku uruhande rw’ibumoso c) Tanga inzira gusa niba uri munzira ya kabiri
bw’umuhanda niya gatatu isohoka

RESTRICTED
56

d) Komeza kuko abandi bayobozi d) Mu ruhande rw’ibumoso bw’inzira


b’ibinyabiziga bagomba kuguha inzira yo nyabagendwa
gukomeza 341. Umuyobozi w’ikinyabiziga yakwitondera
iki mbere yuko y’injira munzira banyuramo
bazengurutse ?
339.Ni kihe cyerekezo umuyobozi w’ikinyabiziga a) ibinyabiziga bimuturuka inyuma umuvuduko
yinjiriramo iyo ageze aho banyura bazenguruka bifite n’uburyo bimwegereye
? b) ibinyabiziga biturutse ibumoso bwe
a) ibumoso n’umuvuduko bifite n’intera iri hagati ye nabyo
b) ibumoso gusa igihe ayobowe ni kimenyetso c) ibinyabiziga biturutse iburyo n’umuvuduko
kimurika bifite ni intera iri hagati ye nabyo
c) iburyo cyangwa ibumoso d) ibinyabiziga bimututse imbere , umuvuduko
d) iburyo bifite n’intera iri hagati ye nabyo
340.Mbere yuko umuyobozi w’ikinyabiziga 342.Umuyobozi w’ikinyabiziga ugendera
akata ibumoso mu nzira nyabagendwa, nihe inyuma y’ikinyabaziga gitwara abagenzi
ikinyabiziga kigomba kuba kiri ? gihagaze gikuramo cyangwa gishyiramo
abagenzi agomba :
a) kunyuranaho ibumoso
b) gutegereza yihanganye
c) a na b ni ibisubizo by’ukuri
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
343. Igihe ubonye icyapa kigaragaza ishuli
wakora iki?
a) kugabanya umuvuduko no gukomeza
witonze
b) gukomeza n’umuvuduko uri hejuru kuko
umunyeshuli agomba gutegereza
c) kuvuza ihoni
d) ibisubizo byose ni ukuri
a) Mu ruhande rw’iburyo bw’inzira nyabagendwa
b) Gusa iburyo bwo hagati y’inzira nyabagendwa 344. Umubare w’abagenzi bemewe gutwarwa
c) Muruhande urwarirwo rwo hagati mu nzira mukinyabiziga wanditswe mu :
nyabagendwa a) icyemezo cy’iyandikwa ry’ikinyabiziga

RESTRICTED
57

b) inyemezabwishyu y’umusoro bukore


c) ubwishingizi c) funga cyane umukandara wo kwirinda ibyago
d) ibisubizo byose ni ukuri wawe
345.Gutwara ikinyabiziga wasinze: d) Kubibutsa kwambara umukandara wo kwirinda
a) biremewe kubinyabiziga byabikorera kugiti ibyago
cyabo 349.Igihe za otobisi zigenewe gutwara
b) biremewe nijoro banyeshuli zihagaze kugirango zibafate cyangwa
c) birabujijwe ku binyabiziga byose bifite bavemo ugomba :
moteri a) kuvuza ihoni ugakomeza
d) ibisubizo byose nibyo b) gukomeza ugabanyije umuvuduko
n’ubwitonzi kuko bishoboka ko abanyeshuli
346. Umuyobozi w’ikinyabizaga ashobora bakwambuka bitunguranye
kunyuranaho: c) nta bwitonzi budasnzwe bukenewe
a) ahamanuka d) ibisubizo byose ni ukuri
b) igihe umuhanda ari mugari
c) igihe umuyobozi w’ikinyabiziga kiri imbere 350.Igihe imodoka iparitse ku nkengero
ye amweretse ikimenyetso kimwemerera z’umuhanda mugihe cy’ ijoro :
kunyuranaho a) Imodoka igomba kuba ifunze
d) nta gisubizo cy’ukuri b) Umuntu ufite uruhushya rwo gutwara
347.Ugeze ahari inzira yabanyamaguru ikinyabiziga agomba kuba yicaye mu
barindiriye kwambuka. Ntibatangiye mwanya w’umuyobozi
kwambuka , wakora iki? c) Amatara yo guhagarara umwanya munini
aguma yaka
a) kuvuza ihoni d) Ibisubizo byose ni ukuri
b) kwihangana ugatagereza
c) gukomeza
d) nta gisubizo cy’ukuri
348.Igihe utwaye umuntu mu kinyabiziga cyawe,
akibagirwa kwambara umukandara wo
kwirinda ibyago ugomba:
a) gukuramo umukandara wo kwirinda ibyago
wambaye mukawambara mwembi
b) kubyerengagiza wizeyeko nta mpanuka muri

RESTRICTED
58

351.Mu gihe hari undi muyobozi 156.w’ikinyabiziga


kuk
ugukurikiye watangiye kukunyuraho : 355. Kuki abanyamaguru batemerewe
a) Ntugomba kugira undi muyobozi kwambuka umuhanda mw’ikoni cyangwa hafi
w’ikinyabiziga unyuraho y’imodoka ihagaze?
b) Ugomba kunyura ku kindi kinyabiziga a) ingaruka kubindi binyabiziga
c) Ugomba kunyura kukindi kinyabiziga b) ingaruka kubandi bakoresha umuhanda
uvugije ihoni c) Abandi bayobozi bi binyabiziga baza
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo bashobora kutabona abambuka umuhanda
352.Utwaye ikinyabiziga mu muhanda ufite d) Ibisubizo byose ni ukuri
ibyerekezo bibiri .ikinyabiziga imbere yawe
cyiragenda buhoro, imbere yawe umuhanda nta
kibazo kunyuranaho, ugomba :

a) kucyinyuraho bikorewe ibumoso


b) kucyinyuraho bikorewe iburyo
c) kucyinyuraho ukoresheje uruhande urwo
arirwo rwose 356.Kunyuranaho mw’ikoni :
d) ibisubizo byose ni ukuri
353.Ibice by’umuhanda byera bigari biteganye a) biremewe
n’umurongo ugabanya umuhanda mo ,kabiri b) ntibyemewe
bisobanura: c) biremewe ukoranye ubwitonzi
a) guhagara kw’ikinyabiziga d) ibisubizo byose ni ukuri
b) aho abanyamaguru bambukira
c) guha ubushobozi binyabiziga
d) ibisubizo byose ni ukuri
354.Uturebanyuma dukoreshwa:

a) kwireba
b) kugenzura ibigendera mu muhanda inyuma
c) kureba abicaye inyuma
d) ntagisubizo cy’ukuri

RESTRICTED
59

357. Umuyobozi w’ikinyabiziga igihe atwaye bitegeka byo mu muhanda?


ikinyabiziga akagira umunaniro utuma a) ibiri mw’ishusho y’urukiramende
yasinzira yakora iki ? n’umuzenguruko w’umuhondo
b) ibiri mw’ishusho ya mpande eshatu mu
n’uzenguruko mw’ibara ry’ubururu
a iki ? c) ibiri mw’ishusho y’uruziga n’umuzenguruko
a) Gufungura ikirahure cy’ikinyabiziga cyangwa mw’ibara ry’umutuku
gushyira ubukonje mu modoka kugirango d) ibiri mw’ishusho ya mpande enye zingana
umwuka mwiza winjire mu kinyabiziga mubuso bw’umukara
b) Guhagarara akaruhuka harimo no 360. Ugeze mu masangano y’umuhanda aho
kugendagenda niba bishoboka usanga ibimenyetso bimurika bidakora, wakora
c) Kunanura amaboko no gufunga amaso mugihe iki igihe umukozi ubifiye ububasha aguhaye iki
gito kimenyesto ?
d) Kongera ubushyuhe mu kinyabiziga

358.Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora igihe


atwaye ikinyabiziga mugihe cy’ibihu,imvura a) gukata ibumoso gusa
nyinshi, umwuzure cyangwa umukungugu b) gukata iburyo gusa ugakomeza imbere
mwinshi ? (c) Guhagarara kumurongo wo guhagarara
a) Kugendera mu tuyira turi kumpande zu umwanya moto
muhanda, ucunga ibimenyetso bigarura d) komeza imbere gusa
urumuri
b) Kugabanya umuvuduko hanyuma ugakoresha 361.Amatara ndangacyerekezo agomba
amatara magufi kugaragara nijoro igihe ijuru rikeye mu ntera
c) Gucana amatara maremare hanyuma ukagenda nibura ya:
gahoro a.m 100
d) Kugendera mu murongo ugabanya umuhanda b.m 200
mo kabiri unareba ibimenyestso by’umuhanda (c)m150
bigarura urumuri d.m250
359.Muri ibi byapa ni ubuhe bwoko bw’ibyapa

RESTRICTED
60

362.Umurongo ucagaguye uvuga ko buri (c.) Ibinyabiziga birenze bibiri


muyobozi abujijwe kuwurenga uretse mu gihe: d. b na c ni byo
a. Agomba kunyura ku kindi kinyabiziga
b. Gukatira ibumoso 366. Iki cyapa kivuga:
c. Guhindukira cyangwa kujya mukindi gice
cy’umuhanda
(d) Ibi bisubizo byose nibyo

363. Igice cy’inzira nyabagendwa kigarukira


kumirongo ibiri yera icagaguye ibangikanye a. Aho imihanda ihurira
kandi gifite ubugari budahagije kugirango b. inkomane y’aho umuhanda umwe urasukira
imodoka zitambuke neza kiba ari: iburyo
a. Inzira y’abanyamaguru c. a na b ni ibisubizo by’ukuri
(b) Agahanda k’amagare (d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
c. a na b byose ni ukuri
d. Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
367. Iki cyapa gisobanura ibi bikurikira:
364. Icyapa kimenyesha kugendera mu muhanda
ubisikanirwamo gifite:
a. Ishusho y’uruziga mw’ibara ritukura, ubuso bwera
n’ikirango cy’umukara
(b) Ishusho ya mpandeshatu mw’ibara ritukura,
ubuso bwera n’ikirango cy’umukara
c. Ishusho ya mpandeshatu mw’ibara ritukura, ubuso
bw’ubururu n’ikirango cy’umukara a.birabujijwe kunyura ku kindi kinyabiziga
d. Ishusho y’uruziga mw’ibara ritukura, ubuso (b.)gutambuka mbere kw’ibinyabiziga bituruka aho
bw’ubururu n’ikirango cy’umukara ujya
c.a na b ni ibisubizo by’ukuri
365. Ikinyabiziga kigendeshwa na moteri d. nta gisubizo cyukuri kirimo
n’ikinyabiziga gikururwa n’inyamaswa
ntibishobora gukurura :
a. Ibinyabiziga birenze kimwe 368. Utugarurarumuri turi ku ruhande
b. Ibinyabiziga bipakiye birenze bibiri rw’imbere rw’ikinyabiziga tugomba gusa:

RESTRICTED
61

a.n’umuhondo
b.n’umutuku
(c.) n’umweru
d.nta gisubizo cy’ukuri kirimo

a. ishusho mpandeshatu ,ubuso ubururu


b.ishusho mpandeshatu,ubuso umukara
(c.)ishusho mpandeshatu,ubuso umweru
d.nta gisubizo cy’ukuri

369.Iki cyapa kivuga:


371. Iki cyapa kivuga:

a.iherezo ryo gutambuka mbere


b.gutambuka mbere kw’ibinyabiziga biturutse a. ifungana ry’umuhanda iburyo
imbere aho ujya (b) ifungana ry’umuhanda w’akayira gasatira
(c) gutambuka mbere y’ibinyabiziga biturutse umuhanda ibumoso
imbere c.akayira gato
d.nta gisubizo cy’ukuri kirimo d.nta gisubizo cy’ukuri

372. Umuyobozi ubonye ko hari undi


370. Iki cyapa kigizwe: umukurikiye ashaka kumunyuraho agomba
kubahiriza ibi bikurikira :
(a.) kwegera i ruhande rw’iburyo bw’umuhanda
b.kongera umuvuduko

RESTRICTED
62

c.guhagarara (a) ntihanyurwa mu byerekezo byombi


d. a na c ni byo bisubizo by’ukuri b. ntihanyurwa n’abandi uretse abahatuye
c. hanyurwa mu cyerekezo kimwe gusa
d. nta gisubizo cy’ukuri kirimo

373. Iki cyapa cyerekana : 375. Icyi cyapa cyerekana :

a. ifungana ry’umuhanda
b. ifungana ry’umuhanda n’akayira gasatira
umuhanda i bumoso a. Ifungana ry’umuhanda
c. umuhanda utaringaniye b. umuhanda unyerera
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c. umuhanda utaringaniye
(d.) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
374. Icyi cyapa gisobanura :

376. Iki cyapa kivuga:

RESTRICTED
63

a. Uruziga mubuso bw’ubururu, ishusho y’inka mu


ibara ry’umukara
b. Uruziga mu ibara ryera, ishusho y’inka mwibara
ry’ubururu
c. Uruziga mu buso bw’ibara ry’ubururu, ishusho
(a.) ikoni iburyo
y’inka mu ibara ryera n’ikirango cy’umukara
b. akazamuko gashinze cyane
(d.) mpande eshatu mu buso bw’ibara ry’umweru
c. akamanuko gashobora gutera ibyago
n’ishusho y’inka mu ibara ry’umukara
d. b na c byose ni ukuri
380. Icyapa cyerekana ko bibujijwe kuvuza
377. Iyo umuhanda ugabanijemo ibisate bibiri
amahoni kirangwa na :
kandi ugendwamo mu byerekezo byombi
umuyobozi abujijwe :
a. ishusho y’uruziga, ubuso bw’ubururu, ikiranga
a. kugendera mu gisate cy’iburyo
cy’umukara
b. kunyuranaho
b.ishusho y’uruziga, ubuso bw’ubururu, ikiranga
(c) kugendera mu gisate cy’ibumoso
cy’umweru
d. ibisubizo byose ni byo
(c) ishusho y’uruziga, ubuso bw’umweru, ikiranga
cy’umukara
378. Icyapa kimenyesha kugendera mu muhanda
d) ntagisubizi cy’ukuri kirimo
ubisikanirwamo gifite:

a. Ishusho y’uruziga mw’ibara ritukura, ubuso bwera


n’ikirango cy’umukara
(b) Ishusho ya mpandeshatu mw’ibara ritukura,
ubuso bwera n’ikirango cy’umukara
c. Ishusho ya mpandeshatu mw’ibara ritukura, ubuso
bw’ubururu n’ikirango cy’umukara
d. Ishusho y’uruziga mw’ibara ritukura, ubuso
bw’ubururu n’ikirango cy’umukara
381. Ibyapa biburira nibyo gutambuka mbere
379. Icyapa cyerekana inzira y’amatungo
birangwa:
itegetswe giteye:

RESTRICTED
64

d.nta gisubizo cy’ukuri kirimo


(a).ishusho mpandeshatu mw’ibara ritukura , ubuso
bwera n’ ikiranga mu ibara ry’umukara 385. Ishusho y’icyapa
b.ishusho mpandeshatu mw’ibara ritukura,ubuso kivuga’’ugukikira”bitegetswe ni :
bw’ubururu n’ikiranga mu ibara ry’umukara
c.ishusho y’uruziga mw’ibara ritukura,ubuso a. mpandeshatu
bw’ubururu n’ikiranga mu ibara ry’umukara (b.) uruziga
d. ishusho y’uruziga mw’ibara ritukura,ubuso bwera c. urukiramende
n’ikiranga mu ibara ry’umukara d.nta gisubizo cy’ukuri kirimo

382. Ibyapa bibuza n’ibitegeka bikurikizwa gusa


: 386. Icyapa kivuga “icyerekezo
gitegetswe”kigizwe n’ikirango cy’ibara :
a. Mumasangano
b.mu bimenyetso bimurika a. umweru
c. a na b ni ibisubizo by’ukuri b. umutuku
(d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo (c.) ubururu n’ikirango cy’umweru
d. umukara
383. Ibyapa biburira bibereyeho kumenyesha
umugenzi :
387. Iki kimenyetso gitanzwe n’umukozi ubifitiye
(a.) ko hari icyago ububasha cyo guhagarara :
b.icyago kidasobanuye ukundi
c.imiterere y’icyago gitunguranye
d.nta gisubizo cy’ukuri kirimo

384. Ibyapa by’inyongera bishobora


kumenyesha.

a.ibitegetswe byihariye gusa


(b)ubugerure cyangwa amarengamategeko rusange
cyangwa ibibujijwe ndetse n’ibitegetswe byihariye
c. a na b ni ibisubizo by’ukuri
a. ku bakoresha umuhanda ba muturutse imbere

RESTRICTED
65

(b) ku bakoresha umuhanda bose bamuturutse 390. Umuhanda urombereje w’ibice byinshi.
imbere n’inyuma Ndashaka kunyura kuri izi kamyo ebyiri mugihe
c) kubakoresha umuhanda bose bamuturutse gito ibumoso icyarimwe , biremewe ?
inyuma
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo
388. Ibi byapa byo mu muhanda birambuza
kunyuranaho ibumoso ?

a) yego,
b) oya
c) yego bikorewe ibumoso
a. yego d) ntagisubizo cy’ukuri
b. yego, iyo ufite umuvuduo wa 90km/h
c. oya
d. ntagisubizo cy’ukuri

391. K’umuyobozi w’ivatiri, iki cyapa kivuze


iki ?

RESTRICTED
66

a) yego
b) yego, ariko nyuma yo guhagarara
a) kirambuza gutwara ku muvuduko utarengeje (c) ntabwo byemewe
5km/h d) ntagisubizo cyukuri kirimo
b) ntaburenganzira kimpa, mugihe gikurikizwa ku 393. Umuhanda wambukiranya inzira ya
binyabiziga bifite hejuru y atoni 5 gariyamoshi
(c) ntacyo bindebaho mugihe bireba gusa zipima
tone 5 no kurengaho.
d) Ntagisubizo cy’ukuri kirimo

a) nshobora gukomeza nkambuka umuhanda kubera


ko uruzitiro rufunguye
(b) ngomba guhagarara munsi yitara ry’umutuku
rimyatsa
392. Ndashaka gukata iburyo. Biremewe ? c) ntabwo nakomeza urugendo rwanjye. Ngomba
gihita mpagarara
d) ntagisubizo cy’ukuri

RESTRICTED
67

394. Kuri iki cyapa cyo mu muhanda cyambere


kintegeka ?

a) guhagarara igihe gito kuri icyi cyapa


cy’umuhanda
(b) guhagarara ngatanga inzira kuri metero 100
ntaragera kuri icyi cyapa
a) Kugendera k’umuvuduko uri hejuru ya 30km/h c) gutanga inzira nkanahagarara iyo ari ngombwa
b) kutarenza umuvuduko wa 30km/h muri m100 ntaragera kuri icyi cyapa
(c) birabujijwe kugendera kumuvuduko uri hejuru ya d) ntagisubizo cy’ukuri
30km/h 397. Ndashaka kugata ibumoso. Imodoka
d) nta gisubizo cyukuri y’icyatsi yaje irahagarara. Ninde ufite
395. Mpagaze mu murongo wo guhagarara uburenganzira bwo gutambuka mbere?
umwanya muto

a) mfite uburenganzira bwo gutambuka mbere


(b) imodoka y’icyatsi ifite uburenganzira bwo
a) Nshobora gukata iburyo gutambuka mbere
(a) Nshobora gukata ibumoso c) twembi ntaburenganzira bwo gutambuka mbere
c) Nshobora gukata ibumoso cyangwa iburyo gusa tugomba gutambukana ubwitonzi
d) Ntagisubizo cy’ukuri kirimo d) ntagisubizo nakimwe kirimo
396. Ngomba : 398. Mfite uburenganzira bwo gutambuka muri
iri sangano ?

RESTRICTED
68

a) yego, niba ukata ibumoso


b) Oya niba ukata iburyo
(c) yego , bitewe noho ngana
a) nshobora kumunyuraho nyuze iburyo
d) ntagisubizo cy’ukuri kirimo
b) sinshobora kumunyura
399. Ndi kumuvuduko wa 20km/h. nshobora
(c) nshobora kumunyura nciye ibumoso ariko
gukomeza muri iri sangano ry’umuhanda?
mbonye ko mfite umwanya uhagije
d) Ntagisubizo cy’ukuri kirimo
401. Uhereye kuri ibi byapa habujijwe :

(a) oya (a) Kunyuranaho kubinyabiziga bikururwa


b)yago, nshobora gukata iburyo nibinyabiziga birengeje imitende ibiri ibumoso no
c) yego, nshobora guta ibumoso cyangwa iburyo kugendera kumuvuduko urengeje 70 km/h
d)yego, nshobora gukata ibumoso gusa b) Kunyuranaho kubinyabiziga bikururwa cyangwa
ibinyabiziga birengeje imitende ibiri ibumoso
c) kugendera hejuru ya 70 km/h
400. Umuyobozi wikinyabiziga aritegura d) ntagisubizo cy’ukuri
kunyuraho ibumoso :

402. Ndashaka gupariki ikinyabiga iburyo


kunzira y’abanyamaguru

RESTRICTED
69

405. Iki cyapa gisobanura iki aho banyura


bazengurutse ?

(a) biremewe munsi yicyi cyapa a)Tanga inzira ku binyabiziga biri mu muhanda
b) biremewe imbere y’icyi cyapa munini
c) birabujijwe imbere n’inyuma yicyi cyapa (b) Tanga inzira ku binyabiziga biturutse i bumoso
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo c) Tanga inzira ku ma kamyo na za otobisi
403. Iki cyapa gisobanura iki ? d) Ibinyabiziga byose uretse amapikipiki bigomba
gutanga inzira

a) Guhagarara, aho abanyeshuri bambukira


(b) Hagarara akanya gato
c) Ibindi binyabiziga bigomba kuguha inzira
d) Gutanga umwanya ku bindi binyabiziga i buryo 406 . Iki cyapa gisobanura iki ?
bwawe
404. Iki cyapa gisobanura iki mu nkomane ?

(a) Komeza imbere gusa


a) Tanga inzira ku binyabiziga binini
b) Aho kunyuranaho imbere
b) Gabanya umuvuduko uhe inzira abanyamaguru.
c) Aho guhagarara umwanya munini
(c) Tanga inzira ku binyabiziga bigenda mu
d) Inzira y’ icyerekezo kimwe
muhanda munini wegera
d) Tanga inzira ku ibinyabiziga biturutse iburyo 407. Iki cyapa gisobanura iki ?
bwawe

RESTRICTED
70

d) Nta nkengero y’umuhanda yegutse iri i buryo

8. Iki cyapa gisobanura iki ?

a) Umuhanda urombereje w’ibice byinshi ibumoso


b) Umuhanda uyoborejwe i bumoso
c) Ibinyabiziga biturutse iburyo bifite uburenganzira a) Ntihasohokerwa i bumoso mu nzira banyuramo
bwo gutambuka mbere bazengurutse
(d) Kata i bumoso gusa b) Umuhanda udakomeza ibumoso
c) Nta nkengero y’umuhanda yegutse iri ibumoso
408. Iki cyapa gisobanura iki ? (d) Birabujijwe gukata ibumoso

410. Iki cyapa gisobanura iki ?

a) Kunyuranaho bikorerwa i buryo gusa


b) Umuhanda uyoborejwe i buryo
(c) Kata i buryo gusa (a) Birabujijwe guhindukira
d) Umuhanda munini urasukira i bumoso b) Birabijijwe gusubira inyuma
409. Iki cyapa gisobanura iki ? c)Umuhanda unyerera imbere
d) Ntibyemewe kugendera mu byerekezo byombi
411. Iki cyapa gisobanura iki ?

(a) Birabujijwe gukata i buryo


b) Tanga inzira ku bindi binyabiziga bigenda mu
gihe ugiye gukatira iburyo
c) Kata i buryo mu gihe nta bindi binyabiziga a) Umuhanda urombereje w’ibice byinshi ku
biturutse mu kindi cyerekezo birometero 50
b) Intera nto ntarengwa ya metero 50 hagati

RESTRICTED
71

y’ibinyabiziga
c) Umuvuduko urenga ibirometero 50 mu isaha
(d) Umuvuduko ntarengwa ugarukira ku birometero
50 mu isaha
412. Iki cyapa gisobanura iki ?
a) Uburemere ntarengwa bwemewe bwa toni 3
(b) Ntihanyurwa n’ibinyabiziga
bigenewe gutwara ibicuruzwa
c) Ntihanyurwa n’ibinyabiziga bifite imitambiko
itatu
a) Birabujijwe ku binyabiziga bitwara abakozi ba d) Hanyurwa n’ibinyabiziga bifite imitambiko itatu
leta gusa
(b) Birabujijwe guhagara umwanya munini
c) Birabujijwe ku binyabiziga by’abikorera ki giti 415. Iki cyapa gisobanura iki ?
cyabo
d) Parikingi
413. Iki cyapa gisobanura iki ?

(a) Inkomane banyuramo bazengurutse


b) Biremewe guhindukira
c) Inzira y’icyerekezo kimwe imbere
a) Aho guhagararwamo n’abanyamagare imbere d) Birabujijwe guhindukira
b) Aho abana bagenewe kwiga gutwara amagare
(c) Inzira y’iminyamitende n’abanyamaguru 416. Iki cyapa gisobanura iki ?
itegetswe
d)Abanyamagare bagomba kuva ku igare
bakagendesha amaguru
414. Iki cyapa gisobanura iki ?

a) Umuhanda ugabanijwemo ibisate bibiri


b) Umuhanda ugabanijwemo ibisate bine

RESTRICTED
72

c) Inzira y’icyerekezo kimwe (d) Umuhanda unyerera


(d) Ukugendera mu muhanda ubisikanirwamo 420. Iki cyapa gisobanura iki ?
417. Iki cyapa gisobanura iki ?

(a) Abana
b) Inzira y’abanyamaguru – Itegure guhagarara
a) Umuhanda utaringaniye i buryo c) Ikibuga cy’imikino cy’abana
(b) Akamanuko gashobora gutera ibyago d) Ikibuga cy’ imyidagaduro
c) Ahantu umuhanda umeze nabi 421. Iki cyapa gisobanura iki ?
d) Uguhinguka ku mwaro cyangwa ku nkombe
418. Iki cyapa gisobanura iki ?

a) Isoko ry’amatungo
b) Ivuriro ry’amatungo
c) Uruzitiro rw’amatungo
(d) Akayira k’amatungo
(a) Akazamuko gashinze cyane 422. Mu byapa bikurikira , ni ikihe cyerekana
b) Umuhanda utaringaniye i bumoso umuhanda udakomeza:
c) Ahantu umuhanda umeze nabi
d) Ahegereye utununga

419. Iki cyapa gisobanura iki ?

a) Akazamuko gashinze cyane


b)Umuyaga w’intambike a) Icyapa C1
c)Uruhererekane rw’amakoni (b) Icyapa E14

RESTRICTED
73

c) Icyapa C2a
d) Icyapa B2a

423. Iki cyapa gisobanura iki ?


(a) Aho banyura bazengurutse
b) Cyerekana umuhanda w'ibisate bitatu
c) Cyerekana ahegereye inkomane
d) Ntagisuzo cy’ukuri kirimo
(a) Tanga inzira 426. Iki cyapa gisobanura iki ?
b) Icyago
c) Icyerekezo kimwe
d) Ntihanyurwa
424. Muri ibi byapa bikurikira ni ikihe
cyerekana ko umuyobozi ukibonye yemerewe a) Hanyurwa mu cyerekezo kimwe
gutambuka mbere y'abaturutse aho agana mu (b) Ntihanyurwa
nzira ifunganye: c) Umuhanda udakomeza
d) Ntagisuzo cy’ukuri kirimo

427. Ni ikihe icyapa gisobanura umuhanda


w'icyerekezo kimwe:

(a) Icyapa B6
b) Icyapa A19
c) Icyapa B3
d) Icyapa A22a
a) Icyapa D1a
425. Iki cyapa: (b) Icyapa E13a

RESTRICTED
74

c) Icyapa C19
d) Icyapa C1
428. Iki cyapa gisobanura iki ?

a) Biremewe kunyuranaho
(b) Umuyobozi abujijwe kukirenga
c) Wegereye icyapa cyo guhagarara umwanya muto
d) Umuhanda ufunganye

a) Aho imihanda ihurira 431. Iki kimenyetso kiri mu muhanda kivuze iki ?
b) Inkomane y’aho umuhanda umwe urasukira
iburyo
c) Umuhanda udakomeza
(d) Nta gisubizo kirimo

429. Iki cyapa gisobanura iki ? (a) Umuyobozi abujijwe kurenga umurongo wera
ucagaguye cyeretse mugihe bitateza icyago
b) Birabujijwe kunyuranaho
c) Biremewe kunyuranaho ariko nturenge umurongo
wera ucagaguye
d) Birabujijwe gusubira inyuma

432. Mu gihe utwaye ikinyabiziga uva kuri A


ugana kuri B, Iki kimenyetso kiri mu muhanda
kivuze iki ?
(a) Iherezo ry’ umuhanda urombeje w’ibice
byinshi
b) Birabujijwe kunyura mu mu muhanda w’
ikindi cyerekezo
c) Birabujijwe kunyuranaho
d) Birabujijwe guhagara ku iteme
a) Umuyobozi ashobora kurenga umurongo wera
430. Iki kimenyetso kiri mu muhanda kivuze iki ? udacagaguye mugihe cyo guhindukira gusa
b) Umuyobozi w’ikinyabiziga abujijwe

RESTRICTED
75

kunyuranaho, uretse gusa abayobozi


b’ibinyamitende nibo bashobora kurenga umurongo
wera udacagaguye
c) Umuyobozi w’ikinyabiziga abujijwe kunyuranaho
arenze umurongo wera udacagaguye
(d) Umuyobozi w’ikinyabiziga ashobora
kunyuranaho mu gihe bitateza icyago
433. Mu gihe utwaye ikinyabiziga uva kuri A
ugana kuri B, Iki kimenyetso kiri mu muhanda
kivuze iki ?

a) Umuyobozi w’ikinyabiziga ashobora


kunyuranaho arenze umurongo wera udacagaguye
(b) Umuyobozi w’ikinyabiziga abujijwe
kunyuranaho arenze imirongo yera
c) Umuyobozi w’ikinyabiziga yemerewe
kunyuranaho
d) Abayobozi b’ibinyamitende gusa bemerewe
kunyuranaho barenze umurongo wera udacagaguye

RESTRICTED

You might also like