Professional Documents
Culture Documents
Akarere Ka Gasabo Kinyarwanda Kwimenyereza 2013
Akarere Ka Gasabo Kinyarwanda Kwimenyereza 2013
I{era habayeho umuntu akitwa Ngerageze. Yasanze sekuru akiriho. Mu mabyiruka ye yasanze
iwabo badafite amahiru.re: barahingaga ntibeze, bahakwa ntibagabane. Nawe ubwe biza
kumugendekera bityo. Ariko yafashe igihe abonye atagabanye, yisubirira irvabo, asanga kwa
se no lcura sekuru inzara inuma- Aza kwihererana nyina aramubwira ati: "Wowe wabaye aha
kera, ntacyo sogokuru na data bapfuye n'Imana?" Nyina aramuhakanira. Noneho ajya kubaza
sb.'Se ati: "Nabaho sindabonara n'Imana.,'
Ngerageze birnwanga mu nda ajya kubaza sekuru. Asanga aryamye. Yegera urwuririro,
aramuhanuza. Ati: " Hari icyo nkubaza. Ntacyo mwampfuye n'Imana?" Sekuru aramusubiza ati:
"Umva mwana wanjye naravutse nsanga abantu bavuga Imana y'i Rwand.a Rurema ariko,
sindayica iryera, haba n'umunsi n'umwe." Ngerageze arumirwa arataha.
Bukeye mu gitondo ajishura umuteho wa se n'umutana w'imyambi ayisohoramo ayishyira my
kirimbi, akubita mu bitugu. Arasohoka, ageze hanze ahamagara se ati: " murabeho ndagiye;
ariko nzagaruka kera. Ngiye kureba aho Imana iri. "Altiva mu ruqo arenze umuharuro, abcna
Imaria yihind.uye umugabo, nawe afite ikirimbi mu bitugu n'umuheto.
Ngerageze aramwirukankira, aramushyikira. Aramusuhuza, ati: "Uraho mugabo we?,,Undi ati:
"Uraho nawe." Ngerageze ati: "ese uragalla hehe?" Umugabo ati: "ndeke yewe! Nd.ajya
kwanjwa." Undi ati: "Uranjwa mu biki?" Umugabo ati: "Mbigutekerereje ntaho twajya.,'
- Ngerageza ati: "Pfa kumbwira mu magambo make." Und.i ati: "Naravutse nsanga data na
sogokuru ari abakene, ntako ntagerageje ngo mbukire, ariko buranga buranyokama none
ikingenza ni ukujya gushaka Imana ngo nyibaze icyo yaduhoye nyiroheho, ahub'lvo cuhwane.,,
Ngerageze ku mutima ati: ,,Si urw,umwe!,'
A-raterura ati: "wa mugabo we nanjye ni cyo cyanzinduye" Uko undeba uku ntafite shinge na
rugero' ni nako data na sogokuru bimereye." Bemeza gushakira hamwe Imana, bafatanya
urugendo, Uwo mugabo abaza mugenzi we ati: "Witwa nd.e?" Undi ati: "Nitwa ngerageze', Undi
ati: "IMowe se?" lJwo mugabo ati: "Nitwa Manirarora." Baragenda barara nzira, bwije
ngerageze abaza Manirarora ati: "Mbese niduhura n'Imana turayibwirwa n'iki?" UnCi aii,, Hari
uwayibonye maze arlgereranyiriza uko isa.,'
Igihe umuseke utambise, Manirarora ati "ngiye mu gicucu." Undi ati: "nd.akurind",, Manirarora
ageze Nrya yihindura intare, agaruka atontoma. Ngerageze ayil<ubise amaso arirulca" Intare
iramugerekana, iramufata iramugaragura, ariko ntiyamurya. Ibonye yaguye igihumura,
ihinduka Manirarora. Afata ngeragreze, aramubyutsa. Ati: "Ilkanzwe n'iki?" Ngerageze ati: "hora
hora! Intare yari inyishe, nkijijwe n'Imana." Manirarora ati: "Irigitiye he?" Undi ati:
"Sinamenya." Manirarora ati: "Cyo subira I muhira; ntawarwanye Imana. Ariko nugerayo ishya
wifuza urarisanga"" Nuko umug.abo aramuheba.
Ngerageze inzira ayirira kuyimara" Ageze imuhira asanga umud.end.ezo: amashyo y'inka.n'undi
mukiro utavugrwa, ari kwa se, ari kwa sekuru. Bati: "Ni koko Mana ni wowe ugaba kandi
ukwambarije ku ishyiga umusiga ivu!"
t
f.
I. I(UIITVA UMWtr'NDI!<A / Aman6ti4 I
3. Manirarora yari:
a. Yahise ayimenya
b- Barinze batandukana atayimenye
c. Ntiyarabutswe na busa
d. Nta gisubizo kirimo
B. fbibazo ku mwandiko /arnanota 6
*-,!-.,.,*-._-_-* !=
REvrsroN woRKBoox or rrHvenwllroeffir pliEni --._-*.------__ llasc 46 of 112
t
U.INYIINGUR.I.M]I,GAMBO ] "..
I
a) uzuzainteruro ukoxesheje aya magamlo kandi usanisha aho bishoboka./aznanota l
S
Kokama, guca iryera, iruara iranuma, kujishura. I(ugabana.
III. UfiBONEZAM\rTIGO
1.vuga ubwoko bw'amagambo aciyeho akarongo /amanota rS
Abana bebose bambaye neza kurusha abandi.
a. Umuhinzi arasarura'imYaka"
Arnagam.bo
a. Indatwa
Intego Itegeko
Esl__l
b. Imvura
c. Ijoro
d. Kuvoma
e. Kurya
Nt I2:
Nt 13:
Pdge 48 o{ 112
REVSrcH WONXSOOK OF KINYARWANDA PAST PAPERS
E
v' a''l'anga ingero zigaragaza ko isaku rishobora gmtandukanya amagambo
abiri yand.ilcwa
kimwe mu nyandiko isanzrnre. /amanota Z
b' Mu rutonde rw'aya magambo: Intebe, ubwato, umwari, icyayi, urwara, inuma, icyatsi, itabi
ni
ayahe ahuje amasaku n'ubutinde n'amagrambo akurikira: ./amanota
Umwana:
Umwami:
c' Garagaza ubutinde n'amasaku byraya magambo uyashyire no muri muhundwanota: /amanota
2
Urwego:
Inkoko (itungo):
rV. UBWANG.INZO
a) Iluza ibisobanura kirnwe. ./amanota S
b) Izo nka zabuze amazi, nizimara gukamwa, muzijyane kurisha maze runwana
wa mushiki
wanye azijyane kunywa amazi.
V. UVTYANDIKIRE YEMEWE
I
I(osora izi nteruro aho zand.itse nabi. / amanota 6
I
rr
i
flr
t
it
ni
ii
xwtl&,t4,tE fl4A|.fl! tt t
of KtNYARt/rrAltD pAsTpnprns