Download as pdf or txt
Download as pdf or txt
You are on page 1of 6

E ffiEffieffi ffi E ffiY@ ffiWBffi

H ffi ffiYffi ffiffiH& Affi $ BE E ffiBffiY&ffit?'e?&F{ a}6t


UMWII.NDII(O: IMANA NA NGERIIGEZE

I{era habayeho umuntu akitwa Ngerageze. Yasanze sekuru akiriho. Mu mabyiruka ye yasanze
iwabo badafite amahiru.re: barahingaga ntibeze, bahakwa ntibagabane. Nawe ubwe biza
kumugendekera bityo. Ariko yafashe igihe abonye atagabanye, yisubirira irvabo, asanga kwa
se no lcura sekuru inzara inuma- Aza kwihererana nyina aramubwira ati: "Wowe wabaye aha
kera, ntacyo sogokuru na data bapfuye n'Imana?" Nyina aramuhakanira. Noneho ajya kubaza
sb.'Se ati: "Nabaho sindabonara n'Imana.,'
Ngerageze birnwanga mu nda ajya kubaza sekuru. Asanga aryamye. Yegera urwuririro,
aramuhanuza. Ati: " Hari icyo nkubaza. Ntacyo mwampfuye n'Imana?" Sekuru aramusubiza ati:
"Umva mwana wanjye naravutse nsanga abantu bavuga Imana y'i Rwand.a Rurema ariko,
sindayica iryera, haba n'umunsi n'umwe." Ngerageze arumirwa arataha.
Bukeye mu gitondo ajishura umuteho wa se n'umutana w'imyambi ayisohoramo ayishyira my
kirimbi, akubita mu bitugu. Arasohoka, ageze hanze ahamagara se ati: " murabeho ndagiye;
ariko nzagaruka kera. Ngiye kureba aho Imana iri. "Altiva mu ruqo arenze umuharuro, abcna
Imaria yihind.uye umugabo, nawe afite ikirimbi mu bitugu n'umuheto.
Ngerageze aramwirukankira, aramushyikira. Aramusuhuza, ati: "Uraho mugabo we?,,Undi ati:
"Uraho nawe." Ngerageze ati: "ese uragalla hehe?" Umugabo ati: "ndeke yewe! Nd.ajya
kwanjwa." Undi ati: "Uranjwa mu biki?" Umugabo ati: "Mbigutekerereje ntaho twajya.,'
- Ngerageza ati: "Pfa kumbwira mu magambo make." Und.i ati: "Naravutse nsanga data na
sogokuru ari abakene, ntako ntagerageje ngo mbukire, ariko buranga buranyokama none
ikingenza ni ukujya gushaka Imana ngo nyibaze icyo yaduhoye nyiroheho, ahub'lvo cuhwane.,,
Ngerageze ku mutima ati: ,,Si urw,umwe!,'
A-raterura ati: "wa mugabo we nanjye ni cyo cyanzinduye" Uko undeba uku ntafite shinge na
rugero' ni nako data na sogokuru bimereye." Bemeza gushakira hamwe Imana, bafatanya
urugendo, Uwo mugabo abaza mugenzi we ati: "Witwa nd.e?" Undi ati: "Nitwa ngerageze', Undi
ati: "IMowe se?" lJwo mugabo ati: "Nitwa Manirarora." Baragenda barara nzira, bwije
ngerageze abaza Manirarora ati: "Mbese niduhura n'Imana turayibwirwa n'iki?" UnCi aii,, Hari
uwayibonye maze arlgereranyiriza uko isa.,'
Igihe umuseke utambise, Manirarora ati "ngiye mu gicucu." Undi ati: "nd.akurind",, Manirarora
ageze Nrya yihindura intare, agaruka atontoma. Ngerageze ayil<ubise amaso arirulca" Intare
iramugerekana, iramufata iramugaragura, ariko ntiyamurya. Ibonye yaguye igihumura,
ihinduka Manirarora. Afata ngeragreze, aramubyutsa. Ati: "Ilkanzwe n'iki?" Ngerageze ati: "hora
hora! Intare yari inyishe, nkijijwe n'Imana." Manirarora ati: "Irigitiye he?" Undi ati:
"Sinamenya." Manirarora ati: "Cyo subira I muhira; ntawarwanye Imana. Ariko nugerayo ishya
wifuza urarisanga"" Nuko umug.abo aramuheba.
Ngerageze inzira ayirira kuyimara" Ageze imuhira asanga umud.end.ezo: amashyo y'inka.n'undi
mukiro utavugrwa, ari kwa se, ari kwa sekuru. Bati: "Ni koko Mana ni wowe ugaba kandi
ukwambarije ku ishyiga umusiga ivu!"

E.t9-n'*-**-.-!"-'-e!i- *--.-.-,----3&*--.-r**r.-"*.*.*.--*,,^-.-,- ---4--*--..--_.-.--*..{,1r..-,.irEi..ii . -E.-s

REVISION WORKBOOK OF KINYARWANDA PAST PAPERS paec 45 of 1 t2

t
f.
I. I(UIITVA UMWtr'NDI!<A / Aman6ti4 I

A. Shyira ikimenyetso rnu kazu gafite igisubizo cyiza


l. Ngerageze yasanze iwabo

a. Batunze ibintu byinsi.


b. Bafite inka zonyine
cf Badatunze na busa
d. Batunze ibintu birarganiye

2. Ngerageze agiye gushaka Imana

a. Yatw'aye inkoni n'umuhoro


b. Ntacyo yatwaye
c. Yatwaye icumu n'umuheto
d. Yatwaye umuheto n'imyambi

3. Manirarora yari:

a. Yamenye ibyo ngerageze yatekerezaga.


h. Inshuti ya Ngerageze
c. noryP1bq{.abaturanyi
d. Manirarora ntiyashatse kumenyaNgerageze

- 4.Ngerageze ahuye r,'I**r,"

a. Yahise ayimenya
b- Barinze batandukana atayimenye
c. Ntiyarabutswe na busa
d. Nta gisubizo kirimo
B. fbibazo ku mwandiko /arnanota 6

l. Uyu mwandiko ni bwoko ki?

2. Ni bande bavugwa muri uyu mwandiko?

3.{Iuga andi mazina y'Imana agaragara muri uyu mwandiko.

4. Ukoresheje interuro yo mu mwandiko, erakana impuhwe z'Imana.

5. Ni irihe somo Manirarora yahaye ngerageze?

6. Irnaaa yiyeretse Ngerageze ite?

*-,!-.,.,*-._-_-* !=
REvrsroN woRKBoox or rrHvenwllroeffir pliEni --._-*.------__ llasc 46 of 112

t
U.INYIINGUR.I.M]I,GAMBO ] "..
I
a) uzuzainteruro ukoxesheje aya magamlo kandi usanisha aho bishoboka./aznanota l

S
Kokama, guca iryera, iruara iranuma, kujishura. I(ugabana.

l. Umujura yibye bamukurikiye


2. Sekuru yagiye guhakwa, atinze atabarwa na ndabaga.
3. Genda icyo gisabo.
4.. Simbikangwa n'ubukene bwe none iwe

b) I(oresha ijambo "grrca" mu nteruro ebyiri zidahuje ibisobanuro. /amanota


Z

c) Tanga inshinga cyangwa izina rikomoka kuri aya magarnbo. /amanota


2
1. I(witura:
2. Ubushake:

d) Vangura aya magambo ureme interuro iboneye uyandike neza


wubahiriza utwatuzo. ,/amanota3
Na rimwe, ns.ulga' y'I Rwanda, abantu, iyakare, bayita Rugira,
Rurema, Imana, ariko, naravutse,
sindayibona.

e) Tanga imbusane z,ayamagambo /amanota 2


- Intwari:
; Kugaya:
f) Erekana impuzanyito:,/amanota Z
-Umwana:
- Umusaza:
- Ishoka:

III. UfiBONEZAM\rTIGO
1.vuga ubwoko bw'amagambo aciyeho akarongo /amanota rS
Abana bebose bambaye neza kurusha abandi.

Urrwemuri mwe mukuru naze vuba mutume.

Mwa bana mwe ntimugate umuco w'u Rwanda, mutazaba inzererezi


mukazajya muri cya kigo
nqororarnuco

REVISION WORKEOOK OF KINYARWANDA PAST PAPERS


Pagc.47 of 112
Ni bangahe se bari bahari, ko umuyobozi yahageze amashyi ngqkaslta-c!

2. Vuga tunumaro w'amagambo aciyeho akarongo / amanota 6

Ab antubo s eb akundwan' Imanasyaaei

3. Hindura ingiro y'inshinga /amanota 2

a. Umuhinzi arasarura'imYaka"

b. Ikizamini cyakozwe n'abanyeshuri bose.

4. Hindura indango /amanota 2

a) Ndajya kuvoma mvuye kwiga.

b) Ntiyambwiye amakuru neza.

5. And.ika iyi nteruro mu bindi bihe bikuru by'inshinga. ./amanota 2

Twagize amahirwe yo loriga.

6. Shyira mu bumwe cyangrwa mu bwinshi /amanota 2


Ba bana bacu biga neza"

Inama yamugiriye yaramvrrubatse'

7. Gaxagaza intego, inteko n'itegeko ry'igenamajwi ryakoreshejwe. /amanota 15

Arnagam.bo
a. Indatwa
Intego Itegeko
Esl__l
b. Imvura
c. Ijoro
d. Kuvoma
e. Kurya

8. Sanisha iyi nteruro munteko ya12 n'iya 13. /amanota 2

Uyu mwima urera cyane.

Nt I2:

Nt 13:

Pdge 48 o{ 112
REVSrcH WONXSOOK OF KINYARWANDA PAST PAPERS
E
v' a''l'anga ingero zigaragaza ko isaku rishobora gmtandukanya amagambo
abiri yand.ilcwa
kimwe mu nyandiko isanzrnre. /amanota Z

b' Mu rutonde rw'aya magambo: Intebe, ubwato, umwari, icyayi, urwara, inuma, icyatsi, itabi
ni
ayahe ahuje amasaku n'ubutinde n'amagrambo akurikira: ./amanota
Umwana:
Umwami:
c' Garagaza ubutinde n'amasaku byraya magambo uyashyire no muri muhundwanota: /amanota
2

Urwego:
Inkoko (itungo):

rV. UBWANG.INZO
a) Iluza ibisobanura kirnwe. ./amanota S

l. Gira so yiturwa indi I(unanirwa cyane


2. I(ugendaamasigamana ' Umwana apfa mu iterura
3" Kugrwa agacuho I(ugenda umuntu yihuta cyane
4. Igiti kigororwa kikiri gito Iruara y'umusore
-- 5. Ngeze mu ishyamba rirahubangana
- Akebo kajya iwa Mugarura
I
I -: b)rkesharnvugo
l.Koresha imvugo yabugenewe / amanota 4
a) Uwo mwana wa musaza wanjye mumuture iyo sekuru,
muyimanike ku rusika, ariko mwitonde
urwo rusyo rutameneka.

b) Izo nka zabuze amazi, nizimara gukamwa, muzijyane kurisha maze runwana
wa mushiki
wanye azijyane kunywa amazi.

V. UVTYANDIKIRE YEMEWE
I
I(osora izi nteruro aho zand.itse nabi. / amanota 6

1. Urwanda nigihugu cyamata nubuki

2" I wacu nta we ujya muruhengeli none.

3. perezida yasuye inteko ishinga amategeko

lREVlSloNw0RKBooK.oFKiNvlnmHodpASrenpriil.'-'-':.'ffi Pagb 49rf 112


vI'fS_ l{i+Tw$IilDll{rpi/=gglansta$, *,
Er
Andiki:a unwarla w'incuti yawe, umwifuriza Noheri nzira.n'umwaka mushya rnuliire wa 2014
$i
Icyitonderwa: Ukoreshe izina ritari iryawe.

I
rr

i
flr
t
it

ni
ii

xwtl&,t4,tE fl4A|.fl! tt t

of KtNYARt/rrAltD pAsTpnprns

You might also like