Professional Documents
Culture Documents
Mpazibirego 2022
Mpazibirego 2022
INYIGISHO ZA BIBILIYA
Dukurikije umutwe w'izi nyigisho hari ubwo mwatekereza ko zizaba zikomeye, kandi
zirambiranye. Ariko muzabona ko aho kuba ibyo izi nyigisho zishyira hamwe ibikorwa
binyuranye mu byanditswe byose bihuje n’ukuri kwifatizo k'ukwizera kwacu.
Ijambo "doctrine" risobanura "inyigisho". Kandi izi nyigisho zizasubiza kubibazo wibaza,
nibyo uzabazwa n'abantu b'itorero ryawe. Kandi no mu murimo wawe mu gihe kizaza.
Nuzigana ubuhanga uzamenya kuzigisha ku buryo utazayobwa n'inyigisho z’uburyo
bwinshi bwinzadnka (Abaheburayo 13:9)
Ibyanditswe byera n'iki? Ibyanditswe byera n'umubumbe w'ibitabo twita Bibliya. Iryo
jambo Biblia rikomoka mu rurimi rw'ikigriki Ta Bibia.
Iryo zina Biblia rituruka ku mujyenama w'itorero witwa Jean chrysostome mu mu mwaka
380 ny.Yesu
Ibi bitabo bitaboneka muri Bibliya byagaragaye KO bitagira impumeko y'imana, ahubwo
bwari ubwenge bw’abantu gusa, nizo mpamvu bidakoreshwa.
Ibitabo 66 byatoranijwe kubera impumeko y'Imana nibyo Bibliya ivuga iti: Ibyanditswe
byera byose byahumetswe n’Imana (2Tim 3:16)
Kubera impumeko y'Imana ibineka muri byo bitabo 66 bifite imbaraga n'ubushobozi
Ijambo ry'Imana n'itabaza ry'ibirenge byanjye n'umucyo umurikira inzira zanjye (Zaburi
119:105)
Ijambo ry'Imana rimeze nk'umuriro cyangwa nk'inyundo imena urutare (Yeremiya 23:29)
4. Ibindi bibyemeza: Hariho n'ibindi byemezo byinshi biriho byo kubaho kwimana, turebe
bimwe muri byo:
a. Isi iriho: ni ukuvuga ko hari uwayishyizeho.
b. Imiterere y’isi igaragaza idahisha y'uko hari umuntu runaka mu rwego rwo hejuru wagize uyu
mugambi,
c. Ikiremwa kigira kamere ebyili: Imwe y'ubwenge, indi yo kumenya guhitamo hagati y'icyiza
n’ikibi ibi byerekana yuko umuremyi agomba kuba icyaremwe kizima, umunyabwenge ni uzi
guhitamo,
d. Imibereho igomba kugira intangiriro, kubw'ibyo igomba kugira intangiriro iva kukiremye
runaka gifite ubugingo buhoraho, butagira itangiriro n’iherezo.
Umwanzuro: Mugenzure Abahebtu-ayo 11:6: "kuko uwegera Imana ayizera". Twegera Imana
nk'abana dufite kwizera k'ukuli kugaragazwa n'ibyahishuwe n'Imana mu byanditswe no
kubigaragarira mubyo yaremye, tumwizere dushyize ibyiringiro byacu byose kuri yo.
1.Ni ihoraho. Kuko Imana y'ukuri igomba kuba itagira itangiriro cyangwa iherezo (Zaburi 90:2; 1
Timoteyo 1:17).
4. Abera hose icyarimwe. Ni ukuvuga ko iba hose kandi icyari (Zaburi 139:7-9) .
5. Izi byose (omniscient). Ifite ubumenyi muri byose (1Ingoma 28:9
2Ingorna 16:19; Yobu 42: 2; Zaburi 94:11; Yesaya 40:28).
Mu byumweru bikurikira mutekereze kuyindi mico myiza y ’lmana yacu. Ni inyacyubahiro (Kuva
15:11; Zaburi -145:5). Imana igira ubuntu (Kuva 34:6; Zaburi 116:5). Itinda kurakara (Kubara 14:18;
Mika 7:18). Ni ifuha (Yosuwa 24:19; Nahumu 1:2). Yuzuye ibambe (1 Abami 8:23). Ni nkuru (2 ingoma
2:5; Zaburi 86:10). Ntihishurika (Yobu 11:7; Zaburi 145:3). Ntiboneka (Yobu 23:8-9;1 Timoteyo
1:17). Imana nziza (Zaburi 25:8; Zaburi 119:68), Iratunganye. (Zaburi 25:8; Zaburi 92:15).
Ntihinduka (Zaburi 102:26-27; Yakobo 1:17). Ni umucyo (Yesaya 60:19; 1 Yohana 1:5). Ni iyukuri
(Yeretniya 10:10). Irakiranuka (Matayo 5:48). Ni itangirika (Abaroma 1:23). Ni idapfa (1 Timoteyo
1:17; 6:16). Uwiteka ni umuriro ukongera (Abaheburayo 12:29). Ntayindi ihwanye nayo (Kuva 9:14;
Gutegeka Kwakabiri 33:26).
Umwanzuro: Kwera kw'Imana gusabako ibyaha byacirwaho iteka. Nimubuhe buryo Imana
yashobora icyarimwe kuzuza urukundo? No gutegeka umuntu ngo abe umukiranutsi? Ni mubuhe buryo
ishobora kuzura ibambe? Ni inyakuri ku munyabyaha uciriweho iteka? Kuri Karuvariyo niho
honyine tubonera igisubibazo, Karuvari igaragaza uburakali bw’lmana ku byaha n' imbabazi ze zitagira
iherezo ku uciriweho iteka.
ISOMO RYA 5: UBUTATU BWERA
Hariho Imana imwe ihoraho iteka ryose itwiyereka mu butatu : Data wa twese, Umwana, n'Umwuka
Wera. Genzura iyi mirongo mu byanditswe itwereka ubutatu:
9.Yagornbaga kujya i Yerusalemu ahetswe n'icyana cy'indogobe (Zakariya 9:9; Matayo 21:2-5).
10. Bagombaga kumuha vino ivanze n'inturwe ari bugufi guca umutirna ku musaraba (Zaburi 69:21;
Matayo 27:34).
11. No mumagufwa ye ntanarimwe ryagombaga kuvunwamo bitandukanye n'ibyakorwaga
n'Abaroma buri gihe iyo bashakaga kubamba umuntu (Zaburi 34:20; Yohana 19;33-36).
12. Abantu bagombaga gukorera ubufindo imyambaro ye (Zaburi 22:18; Matayo 27:35).
13. Yagombaga kuvuga amagambo runaka igihe yendaga guca umutima (Zaburi 22:1; Mariko
15:34)
14. Yagombaga kuzuka mu bapfuye (Zaburi 16:10; lbyakozwe 2:31),
Umwanzuro: Buri buhanuzi bugize gihamya cyangwa ubusbobozi n’ubumenyi by'lmana y-acu !
Umwanzuro: Igikorwa cyo kuzuka kwa Yesu mu bapfuye ni ikimenyetso cyiza kigaragaza ubumana.
1. Yahawe amazina y'abantu (Matayo 1:21). Ijambo "Umwana w'umuntu riboneka inshuro
mirongo irindwi n'irindwi (77).
2. Yari afite igisekuru cy'ubumuntu (Matayo 1: 1-16).
3. Yarashonje (Matayo 4:2), yagize inyota (Yohana 4:7; 19:28).
4. Yagize umunaniro (Yohana 4:6), yarasinziriye (Matayo 8:24).
5. Yarakunze (Mariko 10:21; Yobana 11:36); Yagize impuhwe Matayo 9:36).
6. Yararakaye ababazwa mu mutima (Mariko 3:4-5).
7. Yagize agahinda (Yohana 11:33); yararize (Yohana 11:35; Luka 19:41)
8. Yabaye mu mubiri upfa (Yohana 1:14); yari afite ubugingo (Matayo 26:38); yari afite
umwuka (Esprit) (Luka 23:46).
9, Yarapfuye (Abaheburayo 9:27; Luka 23:33-46).
8. Igice cya gatatu cy'umurirno wa Yesu ariwo murimo w’i Galiraya wamaze hafi y'umwaka umwe,
kandi wakorewe I Galiraya no mu nkengero zawo. Iteraniro rinini riramukurikira. Nibwo
yabwirije ikibwirizo k’umusozi (Matayo 5 - 7),
9. Mugice gikurikira cy'imibereho ye, Abafarisayo bashatse uburyo bwo kumwica. Yesu yagiye I
Kapernawumu, i Fenesiya Betasayida, i Kayisariya, mbere yo gusubira Galiraya.
10.. Yarangije amezi atandatu ye yanyuma, abwiriza, yigisha, kandi akora ingendo
11. Icyumweru cya nyuma cyimibereho ya Yesu habayeho umunsi wa mashami, igaburo ryera,
Getsemani, gucirirwa urubanza rwo gupfa k'unusaraba.
12. Nyuma y’iminsi itatu nk’uko byari byarahanuwe yazutse mu bapfuye
13. Nyuma y’iminsi 40 azutse, mu maso yabantu bose, yazamutse ijuru (Ibyakozwe 1:10-11).
Ibiganiro: Mumibereho ya Yesu ni ibihe bintu byerekana ubumana bwe? Ni ibiki rnumibereho
ye byerekana ubumuntu bwe ?
1. Ibyemezo by'umuzuko:
AMAZINA Y'IMANA
___________________
Niwe muhoza mukuru (Yohana 14:16), Ijambo "parakleti" mururimi rw'ikigiriki risobanura
ngo "uhagaze muruhande rwe niwe uguherekeza.
Umukoro: Shaka mw’lsezerano Rishya imirongo itatu ivuga k'umwuka Wera, uretse iyavuzwe
mubice bya mbere.
a. A.mazi(Yohana. 3:5; 7:37-39). Amazi atera ubugingo, amara inyota, aruhagira, na y'ubuntu,
amanuka abogaboga.
b. Umuriro (Matayo 3:11). Umuriro uzana umucyo, uramurika, uhishura byose, urasukura:
3. Umuyaga (Yohana 3:8). Umuyaga ni ubushobozi, urigenga, utera ubugingo, ntiwishyingikiliza
umuntu, ntuboneka ariko tubona ingaruka zawo.
c. Amavuta. (Zaburi 45:7), Amavuta yeza, atera imbaraga,atanga umucyo, kandi azana gukiza.
I. Inkomoko y’umuntu
1. Kurema
2. Kubaho k’umuntu
3. IHAME RY’IHINDAGURIKA
Aba bavuga ko ibintu byabayeho muburyo bwihindagurika kuburyo ibyari ibiremwa bito
byagaragariye mubibiruta.
Niba umuntu yarabanje kuba inkende hanyuma yaho akaba umuntu, kubera iki inkende
zikiboneka ari inkende n’umuntu akagaragara nkumuntu? Bigaragara ko abafite iyomyumvire
bari muruhande rwo kurwanya kumenya imana ariko sibyo, ahubwo umuntu yaremwe ukwe
nizindi nyamaswa ziremwa ukwazo, ntacyavuye mukindi.
Nibyo Dawidi yahamije avuga ati “Dore naremanwe gukiranirwa mubyaha nimo mama
yambyariye” (Zaburi 51:7)
Umuntu rero wese ukomoka kuri Adamu yavukanye kamere y’icyaha. Kamere y’umuntu ituye
muri we, ntishobora gutandukana nawe, iyo arwaye arwarana nayo, iyo apfuye apfana nayo.
Ijambo ritwigisha kuva mubutware bwa kamere, ntiridusaba gutandukana Na kamere. Abantu
benshi bagerageje kurwanya kamere y’umuntu bifashishije imibatizo itandukanye Abadarubisite
(darbystes) bakubita umunyabyaha bibwira KO inkoni ishobora kugera kuri kamere, abitwa
inshuti z’umuntu (Amis de l’homme) bakoresha gucisha umunyabyaha mumuriro mumugambi
wo gutwika kamere yewe nabakoresha umubatizo w’amazi batekerezamo uwibijwe mu mazi,
ibyaha bisigara mukidendezi, ariko sibyo n’amazi ntakuraho ico ryo kumubiri uretse no kweza
umutima.
Bibliya itubwira ko ari isezerano ku mana ry’umutima uticira urubanza nkindahiro (Pet 3:21)
bibakirisha kuzuka kwa yesu kristo.
1. UMUNTU MUBUTATU
SOMA NEZA INDORERA HAMWE MUNDIMI ZITANDUKANYE
UMUBIRI
UBUGINGO UMUKA
Mu butumwa bwiza bwa yohana 4:24 “Imana n’umwuka mu butumwa bwiza bwa Yohana
4:24 “Imana n’umwuka n’abayisenga bakwiriye kuyisengera mu mwuka no mu kuri”
Amatungo nizindi nyamaswa zo mugasozi, zifite umubiri n’amaraso ariko umwuka zihumeka
ntuzihesha gutandukanya ikibi n’ikiza, ntamwuka wo guhitamo zifite, ntamwuka wo kwihana
zifite niyompamvu ntabugingo buhoraho zizaragwa, ntarubanza amatungo azanyuramo yesu
nagaruka.
-Gutekereza
-Kumenya
-Guhitamo
-Umudendezo
Ibyo bintu uko ari bine, bituma umuntu agra ishusho y’imana.
Imana nayo iti “Dore uyu muntu ahindutse nkimwe yo muritwe kubyo kumenya icyiza
n’ikibi……” (Itang 3:22).
Naho inyamaswa ntizagira ishusho y’imana zitazi gutandukanya icyibi n’ikiza biriya bintu
uko ari bine bitandukanya umuntu n’inyamaswa biva k’umwuka, nizo mpamvu umwuka
w’umuntu bawita umutima.
Inyamaswa zose zirahumeka ariko ntizigira umutima ahubwo zifite umutima w’inyamaswa
gusa (le Coeur) uriya mutima abantu babaga itungo bakawotsa, cyangwa bakawuteka,
bakawurya ariko umutima w’umuntu wanditse mumigani 4:23 “Rinda umutima wawe kuruta
ibintu byose birindwa, kuko ariho ibyubugingo bikomoka”.
“Kubaha uwiteka nibwo bwenge, kandi kuva mubyaha niko kujijuka” (Yob28:28)
“Utwigishe kubara iminsi yacu, uburyo butuma dutunga imitima y’ubwenge” (Zab 90:12)
umutima w’ubwenge niwo amatungo adafite.
2. UMWUKA W’UMUNTU:
“Uwiteka imana y’imyuka y’abafite umubiri (Kub 16:22, 27:16) uwo mwuka waremwe
n’imana iwushyira mu muntu ariko uwo mwuka ushobora guhinduka.
Dawidi ati “Mana undememo umutima wera, unsubizemo umutima ukomeye”
(Zab51:10-12)
No mu isezerano rishya iyo umuntu yinjiye muri kristo aba icyaremwe gishya
(2kor5:17), umubiri w’umuntu ntuhinduka, ariko umwuka utekereza kandi wibaza niwo
uhinduka.
3. UBUGINGO BW’UMUNTU
Ariko ubugingo bw’umuntu burimo ubwenge (raison) naho ubugingo bw’inyamaswa burimo
ubugenge (instinct) umuntu y’ubaka inzu none, hahita igihe akubaka nziza kuruta iyambere.
Naho inyamaswa yubaka inzu yayo, hahita igihe igakomeza kubaka nk’iyambere urugero:
-Umwobo w’ingunzu ntuhinduka n’ubwo hahita igihe kirekire kingana n’imyaka 500
4. Umubiri w’umuntu
a. Ubuturo: 2kor5:1. “Inzu y’ingando yacu yo mu isi izasenywa =upfa..” dufite
inyubako ituruka ku mana, inzu itubatswe n’intoki itazashira yo mu ijuru. Umubiri
ubika ubugingo gusa umuntu akiriho mu gihe cyo gupfa, inyubako irasenyuka (yes
38:12,2-1:13
b. Urusengero: ahantu hejerejwe kugaragaza Imana, aho duhurira n’imana ya hose
(Abam 8:27:8).
Iyo Imana yinjiye mu mikoranire n’umuntu mu buryo bw’umwuka, uwo muntu aba inzu
y’umwuka (1 kor6:19)
Abantu benshi batekereza KO umubiri ari umwanzi w’ubugingo bifashisha (Rom 7:24)
Sibyo ahubwo dutanga imibiri yacu kugira ngo ibe ibitambo bizima byera bishimwa
n’imana ariko kuyikorera kwacu gukwiriye (Rom12:1).
“Tureme umuntu mu ishusho yacu ase natwe” (Itang 1:26) Gereranya Na (Itang 5:1:9:6)
umubwiriza 7:29. Ibyakozwe 17:26, 28, 29, 1kor 11:7, 2kor 3:18, 4:4, Efc4:24 kol1:15, 3:10,
yakob3:9, yes 43:7, Efc 2:10)
Dusuzumye neza Ibyanditswe byera, umuntu arasabwa muri we kumera nk’imana (Lewi
19:2, Mat 5:45-48, Efc 5:1). Kuba nk’imana bisobanura kuba nka kristo ariwe shusho itaboneka
y’imana. (Kolasayi 1:15)
3. IGITEKEREZO MU MUNTU
Gutekereza k’umuntu bituma agira impinduka nyinshi muriwe. Gukora, radio, indege
n’ibindi byoga juru, amato manini mu Nyanja, imashini zibara, kudoda imyenda, imyuga
gusiga poésie, n’ibindi…..
Umuntu afite igitekrezo cyiza. Ariko umuntu akoresha impano Imana yamuhaye agakora
n’ikibasha gusenya: Imbunda za kirimbuzi nazo zikorwa n’ubwenge bw’abantu, bazikoresha
kwica, ubushobozi Imana yahaye umuntu bukora mubyiza no mu bibi. Ariko Imana ishaka
KO dukoresha ibyiza impano yaduhaye
Igiti cy’ubugingo cyari mu ngobyi ya Edeni cyerekana KO, umuntu Atari gupfa iyo yumvira
Imana. Gutandukana n’igiti cy’ubugingo byazaniye umuntu gupfa ariko yesu kristo yabaye
umwuka utanga ubugingo (Itang3:22-24) 1 kor15:45). Ibyago byose tubonera ku isi cyangwa
duhura nabyo, n’ingaruka y’icyaha (Itang 3:2-3), Gutandukana n’igiti cy’ubugingo
byakuyeho kurama, abazamesa ibishura byabo (Ibyahishuwe22:14) nibo bazemererwa
kwegera cya giti cy’ubugingo, gihe bazaba bageze ibudapfa
1. "Ku ishusho y'lmana" ntibivuga ko umuntu asa n'Imana ku mubiri, kuko Imana ari umwuka.
2. Umuntu w'inkomoko, igihe cyo kuremwa kwe yari ubwenge. Yise inyamaswa zose
amazina. (Itangiriro 2:19-20) Yahawe ijambo, ibitekerezo, n’ubushobozi bwo gutekereza.
1. Uwazanye kugwa
a, Eva yari bugufi bw'igiti., yari agomba kuba. kure yabantu„ agomba
kubonera ibigeragezo.
Ihiganiro: Ni ayahe mayere satani akoresha muri iki gihe kugira ngo ashuke abantu? Yarahindutse
cyarigwa n’ubu aracyari yayandi?
ISOMO RYA 18 : INGARUKA ZO KUGWA
3. Ingaruka zizakurikira.
a. Uko bidakwiye gufatwa: Si ukugira agahinda gusa kubera icyaha. Abenshi barira k'ubwi'byaha,
ariko bakabisubiramo. Yuda Isikarioti na Esawu (Abaheburayo 12:17) bababajwe N’ibyaha
byabo, ariko ntibihana.
b. Uko bikwiye Ni uguhindura ibitekerezo byo mu mutima bizana guhinduka mu
migenderere ye (Matayo 21:28-32).
2. Umwanzuro yo kwihana.
a.- Kwihana ryari ijambo ry’ingenzi mu kibwirizo cya Yohana Umubatiza (Matayo 3:1-2)
3. Ingaruka zo kwihana.
g. Bizana umunezero mu ijuru (Luka 15:7-10).
h. Bizana kubabarirwa ibyaha (Yesaya 55:7; ibyakozwe 3:19).
i. Umwuka. Wera umanukira mu mitima w'uwihanye (lbyakozwe 2:38).
a. Buri muntu wese agomba kubyarwa ubwa kabiri, ntakabuza (Yohana 3:3-7; Abagaratiya
6:15).
b. imiterere y'icyaha cy'umuntu kirabihatira (Yohana 3:5-7; Yeremiya 13:23; Abaroma 7:18;
Abaroma 8:8).
c. Kubyarwa bushya ni umurimo w'Imana (Yohana 113; Tito3:5; Yohana 3:5). Umurimo
w’Imana kandi ntiwahinyurwa.
d. Hari uruhare rw'umuntu (Yohana 1:12-13). Bihuza ibitekerezo byombi hamwe by'umuntu
n'Imana mu kubyarwa bwa kabiri: "Abamwakiriye (Yesu, Ijambo ryagizwe umubiri)
babyawe n'Imana",
Umwanzuro Umuntu abyarwa bushya iyo yemeye inkuru nziza (1_ Abakorinto 4:15; Yakobo
1:18; 1 Petero 1:23); no kwakira Yesu Kristo ubwe mu mutima we (Yohana 1:12-13; Abagalatiya
3:26).
Ni igikorwa cy'ukuri cy'lmana ku bwacu abashyize ukwizera kwabo muri Yesu Kristo
babarwaho kuba intungane imbere y'itegeko rye ryera n’umudendezo, mu maso ye kubwo
gucirwaho iteka biterwa n'uburyo bwo kwicira urubanza bitewe n'ibyaha.
b. Dufite izina ry'umuryango (1 Yohana 3:1; Abefeso 3:14-15). Twese dufite ishusho
ry’umuryango (Abaroma 8:29), urukundo rw'umuryango (Yohana 13:35; 1 Yohana
3:14), umwuka uduhindura abana (Abaroma 8:15; Abagalatiya 4:6), ibigomba gukorwa
mu muryango (Yohana 14:23-24; 15:8).
Ibiganiro: Ni irihe tandukaniro riri hagati yo kuba umwana w'Imana no kuba umukozi w’lmana?
d. Nuarutandukana n'ububi (2 Ingoma 29:5, 15-18; 1Abatesalonika 4;3). Ukwezwa bifitanye isano
n'ibyo dukora kugira ngo twitandukanye n'icyaha cyose kandi cyanduza umubiri n'umwuka.
e. Ni ukwiyereza Imana (Abalewi 27:14, 16; Kubara 8:17; Yohana 10:36). Ibishyizwe
byose ku murimo w'Imana biba byeiejwe.
f. Nibyo Imana ikoresha (Ezekeyeli 36;23).
Ukwezwa kubaho ryari? Ukwezwa twabifata mu gihe cyashize, ubu, igihe kizaza cyangwa igikorwa
rimwe, cyangwa gikomeza cyangwa kirangiriraho.
a. Rimwe gusa (1 Abakorinto 6:11; Abaheburayo 10:10, 14). Kugikorwa cyoroshye cyo
kwizera Kristo, uwizera ahita yezwa.
b. Gukomeza (2 Petero 3:18; 2 Abakorinto 3:18; 1Abatesalonika 3:12). Duhindurwa tunyura
kurugero rumwe tujya kurundi, mubuntu bwacu, mu myifatire yacu twerekera mucyubahiro.
c. Ukwezwa gushyitse kandi kurangiye (1 Abatesalonika 5:23; 1 Abatesalonika 3:13).
3.Ukwezwa gukorwa mubuhe buryo. Ubwo buryo bureba Imana n'umuntu: Imana n'umuntu
barakorana kugirango babigereho.
b. Muruhande rw’umuntu:
- Ukwizera ni igikorwa cyo gucungurwa na Yesu kristo (1 Abakorinto 1:30). Iri niryo banga
ry’mibereho yera. Mugihe cyose kugira ngo ubumwe na Yesu Kristo no kwishingikiriza
ubutunzi bw’uubuntu bwe mubyifuzo byose by’imibereho.
- Kwiga Ibyanditswe, kumvira amategeko y’ibyanditswe (Yohana 17:17; Abefeso 5:26; Yohana
15:13).
Ibiganiro: Muganire ibyerekeye: Umwanya ukenewe mu kwezwa, n'ukuvuga igihe izo ntambwe
zikutikirana.
1. Akamaro k'amasengesho:
a. Amasengesho ni inzira y'Imana yaduhaye mu kwakira impano zayo (Daniyeli 9:3; Matayo 7:7-
11; Luka 11 :13),
f. Intumwa zabonye ko gusenga ari ikintu cy’ingenzi kiruta indi mirimo yose
yabo(lbyakozwe 6:4; Abaroma 1:9).
(Mariko 11:24; Yohana 15:7, 1 Yohana 5:14-15; Abefeso 3:12, 20; Abafilipi 4:6, 19; Matayo7:7-
8; Luka 11:9-13; Abaheburayo 4:16).
Ibiganiro: Andika ibisubizo byavuba mu masengesho yawe. Kuki usenga ubu? Kuri ubu usabira
ibintu ki?
1. Itorero ni iki?
a. Itorero rya gikristo ni ishyirahamwe ry’lsezerano Rishya. Ryatangiranye na Pantekote,
kandi bishoboka ko rizarangirana no kuzamurwa, igihe Yesu Kristo azaba aje ubwa kabiri
"ngo hanze ya". Abakristo bahamagawe hanze y'imigenzereze y’isi. kuba muni Kristo (1
Abakorinto 1:2).
d. Ijambo rishobora gukoreshwa mu itorero rusange (1 Abakorinto 15:9). Iri jambo ryerekana abizera
b’isi yose,
e.Itorero rirebeka rigizwe n'abo amazina yabo yanditswe kurutonde rw'abayoboke b’itorero ry'abantu,
baba barakijijwe cyangwa oya. Itorero rita rebekana rigizwe n'abo amazina yabo yanditswe mu
gitabo cy'ubugingo cy'Umwana w'intama (Ibyahishuwe 21:27). Itorero rikora niryo itorero
ry’ukuri rya gikristo hano mu isi. Itorero rinesha ni igice cy’itorero rya Kristo mubi nyejana biri
mu ijuru hamwe nawe.
2. Itangiriro ry'itorero.
a. Itorero ryatangijwe na Yesu Kristo, nyuma yo kwatura kwa Petero (Matayo 16:16-18). Petero
yahamije ko Yesu ari Mesiya, Umwana w'Imana nzima. Umucuriguzi wacu ntiyubatse itorero
rye kuri Petero, ariko byukuri kwari mu magambo ya. Petero.
b. Dukurikije amateka, itorero ryaratangiye ku munsi wa Pentekote (Ibyakozwe 2), mugihe
Umwuka Wera yamanukiye kuntumwa. (Reba Ibyakozwe 2:47; 1:13; 5:12; 2:46; 12:12.)
lkiganiro: Ni ubuhe buryo bunyuranye busobanura ijambo "Itorero"?
a. Umubiri: Kristo ni umutwe w’itorero, natwe ingingo; turi umubiri we (Abakolosayi 1:18;
Abefeso 1:22-23; Abakolosayi 2:19), •
b. Urusengero: Inzu ubuturo bw’Umwuka Wera w’lmana (abefeso 2:20-22). Kristo ni ibuye
ry'urufatiro, natwe tugize ingingo zi’buryo bwinshi bw'inzu.
c. Umugeni wa Kristo (2 Abakorinto 11:2). Kristo ni umutwe (Yohana 3:29).
Ikiganiro: Sobanura uburyo bwo kuba umukristo, ukoresheje ingero zanditse haruguru.
a. Bibiliya ni umubumbe w'ibitabo 66: Isezerano rya Kera rifite itabo 39, ni Isezerano Rishya
rifite ibitabo 27,
b. Yanditswe n'abanditsi bagera kuri 40 (36-40), abantu b'amoko anyuranye, -ukurikije
akarere ningeri zinyuranye, ubuhanga bunyuranye, mu gihe cy'imyaka 1600.
c. Isezerano rya Kera ryanditswe bwa mbere mu rurirni rw’lgihebrayo, hamwe
n'igice cy'igi Arunieya (Daniyeli; Ezira). Isezerano Rishya ryanditswe mu Kigiriki.
d. Bibiliya nicyo gitabo kimaze igihe kuruta byose ubukuru. Hagombye igihe cy'imyaka
1600 ku cyandika. Umwanditsi wacyo yapfuye mu mwaka 1450 mbere yuko uwanyuma
avuka.
2. Ubusobanuro bw'ibyabumetswe.
Abantu bera b'Imana, bambave imbaraga z’Umwuka Wera banditse Bibiliya, ku iteka
ry’lmana, igenzura yo ubwayo ko ntakosa narimwe ryakozwe,
2.Igihebuje cy’ubumwe bwayo: Umubumbe w'ibitabo 66, ariko bigize kuba igitabo kimwe, kuko gifite
umwanditsi umwe, Umwuka Wera. Ntakivuguruza.
5. Igihebuje cy'inyungu, n'igitabo cy'akamaro gisomwa n'abantu bose, mu bihugu byose, ku abana,
abanyabwenge, mu bihugu byose.
6,Igihebuje mu cy'ururimi rwacyo, n'ubwo cyanditswe n'abantu benshi batize, kibarwa kuba gikuru
mu mirimo y'ubwanditsi.
7. Igihebuje mukulindwa kwacyo. Abami n'abategetsi bagerageje buri gihe kugitwika no kugikuraho,
ariko kandi Imana yarakirinze kugeza magingo aya, kandi gishobora kuboneka muri buri rugo,
Umwanzuro: Nyuma ya Kristo n’umwuka Wera, Bibiliya niyo mpano y'ingenzi nkuru y'Imana
kw'isi.
ABADAYIMONI
-Aba bakavuaga ko babaho kandi bagira icyo batware antu ariko ufite yesu akabanesha
-Abandi bavugako abadayimoni babaho kandi bagira icyo batwara abantu ariko abantu
bakumvikana nabo kugira ngo batabamara x
1.
I. Ukubaho kwabo.
b. ijambo "marayika" riboneka ubwambere mu gitabo
cy'itangiriro16:7, mu gihe marayika w’Imana yahumurizaga Hagayi nyuma yo gufatwa nabi
na Sara.
c. Hari indi mirongo myinshi ivuga kub'amarayika mu Isezerano rya Kera (Zaburi
103:20;104 :4; Daniyeli 10:12-13; 2
Samweli14:20;24:15-17; 2 Abami 19:35).
d. Yesu yemera abamarayika (Matayo 13:41; 18:10; 26:53; Mariko8:38; 13:32;
Yohana 1:51).
e. Paulo n'abandi bigishwa bemera abamarayika (2 Abatesalonikal :7; Abakolosayi 2:18;
Yohana 1:51; Ibyahishuwe 12:7; 22:8-9; 1 Petero 3:22; 2 Petero 2.11;Yuda 9).
2. Kamere y'abamarayika.
3.Kugwa kw'abamarayika. Mbere abamarayika bari beza, niko baremwe, ariko bamwe
baragwa (2 Petero 2:4; Yuda 5). Ntacyo tuzi kumpamvu yo kugwa kwabo, ahari byatewe
n'ubwirasi, kutumvira, ibyaha byateye ukugwa kwa satani (Ezekeyeli 28).
Ibiganiro: Mwige ku mirongo ivuga kubyerekeye ukugwa kwa satani, kandi muganire kumpamvu
Zuko kugwa.
1. Satani avugwa muri Ezekiyeli 28:12-19, Ubwiza bwari buhebuje, ahari yari asumba abandi
barnarayika? Gukiranirwa n’icyaha byinjiye muri we bitewe n'ubwibone bwe n'uko kujugunywa
hanze y'ijujru
2. Kandi avugwa muri Yesaya 14:12-17. Yiswe Lusofero. Ubwibone bwe bwamuteye gushaka kuba
Nk’lmana isumba byose, ingaruka yabyo yajugunywe hanze y’ijuru.
Ibiganiro: Mwibwirwa ko satani ariwe ukora cyane muri iki gihe? N'iyihe mpamvu ituma yongera
imirimo ye?
Umwanya wa satani.
1. Ku bakristo, satani ni umwanzi watsinzwe (Yohana 12:31; 16:11; 1 Yohana 3:8; Abakolosayi
2:15).
2. Yavumwe iteka ryose (Itangiriro 3:14; Yesaya 65:25).
3.Azatabwa ari muzima mu inyanja yaka umuriro n'amazuku, aho azababazwa iteka n'iteka
(Matayo 25:41; Ibyahishuvye 20:10).
Umwanzuro: Satani ni umunyabushobozi, ariko Imana niyo ishobora byose. Satani yatsindiwe
ku musaraba kugeza iteka. Twamamaze tudacogora kunesha Satani kubw'amaraso ya Yesu
kuri Karuvari (Ibyahishuwe 12:11).
2. Ibimenyetso byo kugaruka kwa Kristo. Muri 2 Timoteyo 3:1-9, dusanga urutonde rutanga
ibimenyetso 23 by’igaruka rye. bimwe muri byo ubu byamaze kugaragara. Matayo 24:5-7 na
Matayo 24:12-38 byerekana urutonde rw'ibitnenyetso 10. Tugomba gukora gahunda n'ibikorwa
nkuko umwarni yari kuza mu myaka 100, ariko kubaho imibereho myiza kandi yejejwe nkuko
yaza none uyu munsi wa none
(1Abatesalonika 3:12-13). Isengesho riheruka muri Bibiliya ni "Gwino, Mwami Yesu."(lbyahishuwe
22:20).
Ikiganiro; Mugenzure ibimenyetso byo kugaruka bivugwa mw'Ijambo n’ibyamaze kugaragara muri
iki gihe.
a. Mu Isezerano rya Kera (Yobu 19:25-27; Zaburi 16:9; 17:15; Daniyeli 12:1-3). Tubona inkuru
y’umuzuko w'ukuri 1 Abami 17, 2 Abami 4:3235, 13:21.
b. Mu Isezerano Rishya, mu nyigisho za Yesu (Yohana 5:28-29; 6: 39, 40, 44, 54; Luka 14:
13-14; 20: 35-36); no munyigisho z’intumwa (Ibyakozwe 24:15; 1 Abakorinto 15; 1
Abatesalonika 4:14-16; Abafilipi 3:11; Ibyahishuwe 20:4-6, 13).
a. Nta mubiri n’amaraso (imirongo 50-51; Abaheburayo 2:14; 2 Abakorinto 5:1-6; Luka 24:39),
ariko umubiri w`ukuri, -umubiri n'amagufwa", ntabwo ari umwuka.
b. Utangirika (umurongo 42), umubiri utazahinduka nabi, utarwara, utababara.
c. Ubwiza (umurongo 43), umeze nk'igihe yahindurwaga ishusho (Matayo 17; Ibyahishuwe
1:13-18).
d.Wimbaraga (umurongo 43), utazananirwa utagira intege nke.
5. Urubanza ku mahanga (Matayo 25:32), igihe cyo kuza ubwa kabiri kwa Kristo mu kibaya cya
Yosafati (Yoweli 3:2; Matay 25: 41, 34).
2. Ubusobanuro bw'ijambo
d.Ni inzu ya Data (Matayo 6:9; 2 Abakorinto 12:2). Ijuru rya mbere ni icyirere cy'inyoni. Irya kabiri
niho inyenyeri ziba, irya gatatu niho Imana iba.
e. Ni inyubako itarubatswe n'amaboko y'abantu, ariko yubatswe n'Imana (2 Abakorinto 5:1).
f. Ubwami bw'Imana na Kristo (Abefeso 5:5).
g.Urugo rwa Data (Yohana 14:2).
h.Ni ahatagera urupfu, kurira, agahinda, umubabaro, naho amarira ataba (Ibyahishuwe 21:4; 22:5).
Ahantu hataba ijoro n'urawijima (Ibyahishuwe 7:16).
i. Ahantu aho byose byaremewe bushya: uruzi rw'ubugingo, igiti cy'ubugingo, imibanire
mishya, ubutambyi bushya, umucyo mushya (Ibyahishuwe 21:5; 22: 1-5).
Umwanzuro: Ijuru rikinguriwe buri wese. Intego yacu ni ukugerayo, duherekejwe n'imbaga
y'abakijijwe kuko tuzaba twarabagejeje k'ubwami.
UMUSOGONGERO
Dusoma mubyanditswe byera ko , Imana irangije kurema , byose byari byiza << Imana
ireba ibyo yaremye byose n’uko byari byiza cyane. Buragoroba , buracya , uwo n’umunsi
wa gatandatu >> ( itang : 1:31 ) ariko iyo tugeze muri iki gihe , tubona ibintu byinshi bitari
byiza. Ubugome, intambara , amakimbirane , ubuhake , umubabaro , ndetse n’urupfu.
Kubw’iyo mpamvu ikibazo kirabazwa : << ikibi cyaje mu isi mubuhe buryo? >>
n’abanyabwenge ubwabo barabyibaza . ntahandi igisubizo gishobora kuboneka uretse muri
Bibiliya . Imana ubwayo yerekana n’inkomoko yacyo , ariko igatanga n’umuti wamara
icyaha
1. ICYAHA NI IKI
Iyi miterere y’imibiri y’abantu n’icyaha nayo igira uruhare rukomeye gushukana , cyangwa
kurengera . umuntu ushobora gushukwa nuko ateye cyangwa akarengerwa n’uko ateye .
Muri Typologie de Heymans ( Caracterology ) uko imiterere y’abantu ari umunani (8)
1. Babiri muri nibo bavamo abayobozi Possionate na caterique =2/8
2. Umwe muri bo abika inzika akayiraga n’abana sentimental = 1/8
3. Batatu bakunda ibyo kurya 3/8 ariko Nerveux , Sanguin , Amorphe umwe
muri aba batatu ararya ntahage Amorphe = 1/8
4. Umwe n’abazi kubyina , umupira , intore , etc --- =1/8
5. Babiri inyangamugayo = 2/8 Passionne na Flegmatique batinya guhemuka
6. Umwe ntagira icyo akunda kandi ntahungabanwa n’ikibazo =3/8 Apothique
7. Batatu bakunda igitsina =3/8 Nerveux , Sanguin , Amorphe ,ariko babiri muri
bo bakagishobora Nerveux na Amorphe ( abo mvuze n’abagabo ) abagore
bakunda igitsina kandi bakagishobora ni batandatu 6/8. Uretse Apatique na
flegmatique gusa , abandi keretse ari uburwayi
8. Kuganira kubya politique cyane = 1/8 Sanguin
9. Babiri barabeshya : 2/8 colelique na Sanguin
Colerique kubikabyo
Sanguin akabeshya kugirango abone inyungu
10. Kwirarira = 1/8 Nerveux
11. Gukunda ideni = 1/8 Passionne
12. Abajura = 3/8 Sanguin , Nerveux , Amorphe
Ntiwabatuma kubyerekeranye n’amafaranga ,ntibayagezayo
6. IMIZI Y’ICYAHA
Ibyaha bikorerwa imbere ariko ntibigaragare n’ubwo byagaragara , ntibigaragaze ingaruka .
- Ubwibone prov 16 :18
- Uburakari efes 4:26
- Ubunebwe efes 4 :27-28
- Kwikubira zab 39:7
- Kwaya luka 16:1
- Kwifuza / kurarikira Rom 1:29
- Indanini prov 23:21
Imizi y’iyaha n’inkomoko y’icyaha byase kwifuza bishobora kuzana kwica cyangwa
kugambana
7. ICYAHA KITABABARIRWA
Icyaha cyo kwiyahura , kutababarira , kwanga gusa imbabazi uzi neza ko wakoze icyaha ,
uwiyahuye ntabona uko yatuza akanwa ke ( Rom 10 :9 , Mat 6 :14-15 ) = Heb 10 :26-30
8. IFUMBIRE Y’ICYAHA:
a. Ifumbire y’icyaha n’umubiri w’umuntu ( Rom 7 :14-25 ) ururimi , amaso ,
igifu ,igitsina.
- Ururimi yakobo 3 :2-12
- Amaso mat 5 :27
- Igifu filip 3 :19
- Igitsina Rom 1 :24-27
b. Ifumbire y’icyaha n’ibihembo by’isi Mat 13 :22
c. Ifumbire y’icyaha ni satani : Ibyahishuwe 13 :2
9. INGARUKA Y’ICYAHA